Close MORE NEWS Abandi bantu 9 banduye Covid-19 mu Rwanda, abayikize biyongeraho 1 UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 26-05-2020 saa 08:58' whatsapp Facebook Mu bipimo 892 byafashwe kuri uyu wa Mbere tariki ya 25 Gicurasi 2020, hagaragayemo abandi bantu bashya 9 banduye icyorezo cya COVID-19 bituma abamaze kwandura bose mu Rwanda bagera kuri 336 mu gihe abakize iki cyorezo bo biyongereyeho umuntu umwe bakaba 238. – Abanduye ni 336 (barimo icyenda bashya) – Abakize ni 238 (barimo umwe mushya) – Abakirwaye ni 98 – Nta muntu uritaba Imana – Ibipimo bimaze gufatwa ni 59 369 (birimo 892 bishya) Abari gusanganwa COVID-19 bashya biganjemo ‘abashoferi n’abakorana na bo’ bagaragara ku Mupaka wa Rusumo uhuza u Rwanda na Tanzania. Kuri uyu wa Mbere Minisante yavuze mu itangazo ryayo ko "abarwayi bashya bose bahise bashyirwa mu kato bakihagera.’’ Abaturage barasabwa gukomeza kubahiriza amabwiriza yashyizweho yo kwirinda COVID-19 hitabwa cyane cyane ku gukaraba intoki kenshi n’amazi n’isabune no guhana intera ya metero n’izindi zitandukanye. Kuri uyu wa Mbere abandi bantu icyenda banduye Coronavirus mu Rwanda, abayikize biyongeraho 1 baba 238 Umunyamakuru akaba n’umuyobozi w’ikinyamakuru UMUBAVU.COM N’UMUBAVU TV ONLINE, Nsengimana Theoneste arishinganisha nyuma yuko ubwo yari afunze abwiwe n’umuntu ko ngo niyongera kwandika (inkuru) azareba, aravuga ko uyu wamubwiye ibi ashobora no kubishyira mu bikorwa ariyo mpamvu yishinganisha: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) MWISENEZA DEO Kuya 27-05-2020 MBANJE GUSHIMIRA RETA YURWANDA UBURYO IBUNGABUNGA UBUZIMA BWACU ICISHAHO AMATANGAZO IMINSI YOSE NTAKO BATAGIRA IMANA IBAHE IMIGISHA. INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Abandi bantu 9 banduye Covid-19 mu Rwanda, abayikize biyongeraho 1 UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 26-05-2020 saa 08:58' whatsapp Facebook Mu bipimo 892 byafashwe kuri uyu wa Mbere tariki ya 25 Gicurasi 2020, hagaragayemo abandi bantu bashya 9 banduye icyorezo cya COVID-19 bituma abamaze kwandura bose mu Rwanda bagera kuri 336 mu gihe abakize iki cyorezo bo biyongereyeho umuntu umwe bakaba 238. – Abanduye ni 336 (barimo icyenda bashya) – Abakize ni 238 (barimo umwe mushya) – Abakirwaye ni 98 – Nta muntu uritaba Imana – Ibipimo bimaze gufatwa ni 59 369 (birimo 892 bishya) Abari gusanganwa COVID-19 bashya biganjemo ‘abashoferi n’abakorana na bo’ bagaragara ku Mupaka wa Rusumo uhuza u Rwanda na Tanzania. Kuri uyu wa Mbere Minisante yavuze mu itangazo ryayo ko "abarwayi bashya bose bahise bashyirwa mu kato bakihagera.’’ Abaturage barasabwa gukomeza kubahiriza amabwiriza yashyizweho yo kwirinda COVID-19 hitabwa cyane cyane ku gukaraba intoki kenshi n’amazi n’isabune no guhana intera ya metero n’izindi zitandukanye. Kuri uyu wa Mbere abandi bantu icyenda banduye Coronavirus mu Rwanda, abayikize biyongeraho 1 baba 238 Umunyamakuru akaba n’umuyobozi w’ikinyamakuru UMUBAVU.COM N’UMUBAVU TV ONLINE, Nsengimana Theoneste arishinganisha nyuma yuko ubwo yari afunze abwiwe n’umuntu ko ngo niyongera kwandika (inkuru) azareba, aravuga ko uyu wamubwiye ibi ashobora no kubishyira mu bikorwa ariyo mpamvu yishinganisha: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) MWISENEZA DEO Kuya 27-05-2020 MBANJE GUSHIMIRA RETA YURWANDA UBURYO IBUNGABUNGA UBUZIMA BWACU ICISHAHO AMATANGAZO IMINSI YOSE NTAKO BATAGIRA IMANA IBAHE IMIGISHA. INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu