Close MORE NEWS Ni iki kihishe inyuma yo guhindura abayobozi b’indembo n’ab’uturere muri ADEPR? UMUBAVU.com admin Kuya 27-10-2017 saa 13:39' whatsapp Facebook Ubuyobozi bw’Itorero rya Pantekote mu Rwanda ADEPR bwahinduranyije abayobozi b’indembo n’abuturere, ubu buyobozi bw’inzibacyuho bubikoze mu gihe hari bamwe mu bakirisitu bari baranditse urwandiko ruvuga ko ngo batewe impungenge z’irekurwa rya hato na hato rya bariya bayobozi bashinjwa kunyereza umutungo w’iri torero bakaba babona ntacyo bukora. Guhindura abayobozi nicyo gikorwa cyakabiri bakoze nyuma y’iyi nyandiko aba bakristo bandikira iyi komite. Ihinduranywa ry’abayobozi b’indembo ryemejwe mu nama yabaye ku gica munsi cyo kuri uyu Gatanu tariki 27 Ukwakira 2017. Ubuyobozi bwa ADEPR bwabanjirije ubu nyuma yo guhirika Pasiteri Usabwimana Samuel bwahise bwihutira gushyiraho uturere nka gahunda yo kugabanya umubare w’abantu batoraga biro nyobozi banagamije kugirango bashyireho abantu babo bazabatora kuko ntakizere bari bifitiye, ibi ubu buyobozi bukoze burasa naho ntaho bitaniye n’ibyakonzwe nabo tumaze kuvuga haruguru. Mu minsi ishize bamwe mu babakristo basa n’abatanze umurongo ngenderwaho wo kugira impinduka, ubu buyobozi bugira aho bwahise bunambura inshingano abari abayobozi ba ADEPR inshingano z’ubushumba ubu bakaba bakurikijeho guhindura abayobozi b’indembo n’ab’uturere. Aya makuru ariko yahakanywe n’umuvugizi wa ADEPR Rev Pasiteri Karurangwa Ephrem aho yabwiye umubavu.com ko ataribo batumye bakora ibyo bakoze ko ahubwo byari biri mu nshingano zabo. Yagize ati, " ntabwo ari integenke cyangwa kudakora twakoze ibyo twari" Uyu munsi ubuyobozi bwa ADEPR bwongeye ku garagaza ikindi gikorwa gisa naho kigamije gutegura amatora no gushaka amaboko mashya azabafasha gutsindira manda yo kuyobora iri torero dore ko ubuyobozi bwavuyeho bwari bwaramaze guharura inzira yorohereza uwiyamamarije kuyobora itorero ahita atsinda, kuburyo abakurikiranira hafi iri torero babona ko nibamara gutorwa aribwo bazabona impinduka aho bivugwa ko bashobora kuzikiza bamwe ubu bameze nk’agakingirizo. Abayobozi bahinduranyijwe mu buryo bukurikira : IMYANZURO Y’INAMA YA BIRO NYOBOZI YA ADEPR YABAYE KUWA 25.10.2017 INAMA YASIMBURANYIJE ABASHUMBA KU BURYO BUKURIKIRA INDEMBO: Kigali : Rev.Karisa Emmanuel – Rev.Muntu Binjamin Amajyaruguru : – Rev.Rurangirwa Emm. – Rev Cyiza Thadee Amajyepfo: – Rev.Ntibarikure J De Dieu. – Rev.Karangwa Sylvestre Uburasirazuba: – Rev.Kagibwami Tharcisse – Rev.Kamanzi callixte Uburengerazuba: – Rev.Sebadende Emmanuel – Rev Hakizamungu Joseph AMATORERO Y’UTURERE Gasabo: Rev.Ruyenzi Erneste Kicukiro: Rev. Akoyiremeye P. claver Nyarugenge: Rev Masumbuku Josue Rurindo: Rev. Murindahabi Canisius Gakenke: Rev Rurangwa Louis Segond Musanze : Rev Bizimana Augustin Burera : – Rev. Karake Thomas Gicumbi : Rev. Niyonzima Alex Kamonyi : ♦ Rev. Bimenyimana Mathias Muhanga: ♦ Rev. Butera Celestin Ruhango : ♦ Rev. Ntakirutimana Florien Nyanza : ♦ Rev. Kabengera Celestin Huye : ♦ Rev . Cyuma Jean Claude Nyamagabe : ♦ Rev. Ruganza Ephrem Nyaruguru : ♦ Rev. Nkurunziza sostene Gisagara : ♦ Rev. Bimenyimana Jean Claude Bugesera: ♦ Rev. Rwigema Donatien Rwamagana: ♦ Rev. Nsegiyumva Laurien Kayonza : ♦ Rev. Kamali Silas Gatsibo: ♦ Rev. Mukarage Phirbert Nyagatare : ♦ Rev. Rwayitare Epaphrodite Kirehe : ♦ Rev. Kaboyi Ndatabaye Aggee Ngoma: ♦ Rev. Habarurema Alphred Rusizi: ♦ Rev. Kabagire Charle Rutsiro : ♦ Rev.Nsengiyumva Innocent Rubavu: ♦ Rev. Ndizeye Charles Nyamasheke: ♦ Rev. Ndimubayo Charle Karongi: ♦ Rev. Ndikumana Godfroid Ngororero: ♦ Rev. Bizimana Gabriel Nyabihu : ♦ Rev. Macyamura Aaron Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) Peter Kuya 5-11-2017 Ubuyobozi bw’Itorero bukwiye kureba neza kuko uyu mugabo Florien arasebya bikabije itorero. Nta buhamya buzima ari gutanga kuko yuzuye urwango, ubusambanyi,ubwambuzi n’ubugome.Ibye ni ukwiyoberanya gusa. Amour Kuya 3-11-2017 Florien mwebwe ho muramubarirwa! Utamuzi azambaze. Uzi ubugome bumurimo!!! Icyakora natihana azabona ishyano! Kamanzi Kuya 3-11-2017 NTAKIRUTIMANA Florien wayogoje abaturage abambura akwiye kuba Pastor koko! Ahaaa!!! Noneho ibye ni agahomamunwa! Gusenyera Se umubyara, none akaba ageze no kuri mushiki we yitwaje amasengesho!!! Biteye ubwoba! Mukurikirane neza Itorero ryaravangiwe. J.Paul Kuya 1-11-2017 Ubu se uyu bajyanye mu Ruhango! Ahaaa!!! Nzaba mbarirwa! Umuntu usenyera n’abo bavukana!! Reba mushiki we uri i Nyanza yamaze gusenyera, urugo rwe akaba arugerereye ashaka kumutanya n’umugabo we ngo ni uko atamwibonamo! Uwiteka akwiye gutabara itorero rye! STANY Kuya 30-10-2017 30;10;2017 turabashimiye ariko amaparuwase naho bikorwe gucyo nimidugudu umukirisito Kuya 29-10-2017 ko ntabona Uwitwa Munyamahoro Seth Theoneste Kuya 28-10-2017 Uko byasa kose Imana tatubwiye ko itazareka itorero ryayo . Kabendera Kuya 28-10-2017 Abo m’uturere nabo bakore mubo mu maparuwase bigize akaraha kajyahe nabo bazakore mu midugudu haboneke ubuyobozi bufite amaraso mashya kandi bukorana neza n’abakristo butagonganisha abadiyakoni n’abakristo. Jean Paul Kuya 28-10-2017 Gasabo iratabawe twari dupfuye pe mukarere kagasabo ahuahuahuuuuu ahwii Kuya 28-10-2017 guhinduranya abayobozi ndahamya ko ntacyo bizahindura Ku guksndamizwa umuyoboke w’iri torero akorerwa. ubwitange butarangira asabwa n’amaturo atangwa ntumenye irengero ryayo, Bose niyo barwanira ariko IMana izabisobanura. babure no kugarura na make ngo bubake amaparuwasi bakomeze bategereze umukirisito ngo abikore byose!!!! birababaje gusa Jean Paul Kuya 28-10-2017 Gasabo iratabawe twari dupfuye pe mukarere kagasabo ahuahuahuuuuu Jean Paul Kuya 28-10-2017 Gasabo iratabawe twari dupfuye pe mukarere kagasabo ahuahuahuuuuu Jean Paul Kuya 28-10-2017 Gasabo iratabawe twari dupfuye pe mukarere kagasabo ahuahuahuuuuu hHhh Kuya 28-10-2017 Past Safari Gerard uyobora mu Gatsata, yatanze 1.000.000frw kugirango abone ubu pasteur. jyewe sindi umukristo waho ariko Safari n’inshuti yanjye yambwiye uko yabigenje ngo nanjye mbikore ndamuhakanira, mubwira ko nzategereza Imana ikanyimika; ubu rero mfite amakuru ko amafranga mu Gatsata ayamereye nabi JJ Biiza Kuya 28-10-2017 Na Gatsata ikeneye ubutabazi bwihuse. Abayobozi bacu Imana ibahe umugisha JJ Biiza Kuya 28-10-2017 Na Gatsata ikeneye ubutabazi bwihuse. Abayobozi bacu Imana ibahe umugisha R J Kuya 27-10-2017 ibi ubuyobozi bwakoze nibyizacyane kuko gasabo iratabawe pe R J Kuya 27-10-2017 ibi ubuyobozi bwakoze nibyizacyane kuko gasabo iratabawe pe R J Kuya 27-10-2017 ibi ubuyobozi bwakoze nibyizacyane kuko gasabo iratabawe pe INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Ni iki kihishe inyuma yo guhindura abayobozi b’indembo n’ab’uturere muri ADEPR? UMUBAVU.com admin Kuya 27-10-2017 saa 13:39' whatsapp Facebook Ubuyobozi bw’Itorero rya Pantekote mu Rwanda ADEPR bwahinduranyije abayobozi b’indembo n’abuturere, ubu buyobozi bw’inzibacyuho bubikoze mu gihe hari bamwe mu bakirisitu bari baranditse urwandiko ruvuga ko ngo batewe impungenge z’irekurwa rya hato na hato rya bariya bayobozi bashinjwa kunyereza umutungo w’iri torero bakaba babona ntacyo bukora. Guhindura abayobozi nicyo gikorwa cyakabiri bakoze nyuma y’iyi nyandiko aba bakristo bandikira iyi komite. Ihinduranywa ry’abayobozi b’indembo ryemejwe mu nama yabaye ku gica munsi cyo kuri uyu Gatanu tariki 27 Ukwakira 2017. Ubuyobozi bwa ADEPR bwabanjirije ubu nyuma yo guhirika Pasiteri Usabwimana Samuel bwahise bwihutira gushyiraho uturere nka gahunda yo kugabanya umubare w’abantu batoraga biro nyobozi banagamije kugirango bashyireho abantu babo bazabatora kuko ntakizere bari bifitiye, ibi ubu buyobozi bukoze burasa naho ntaho bitaniye n’ibyakonzwe nabo tumaze kuvuga haruguru. Mu minsi ishize bamwe mu babakristo basa n’abatanze umurongo ngenderwaho wo kugira impinduka, ubu buyobozi bugira aho bwahise bunambura inshingano abari abayobozi ba ADEPR inshingano z’ubushumba ubu bakaba bakurikijeho guhindura abayobozi b’indembo n’ab’uturere. Aya makuru ariko yahakanywe n’umuvugizi wa ADEPR Rev Pasiteri Karurangwa Ephrem aho yabwiye umubavu.com ko ataribo batumye bakora ibyo bakoze ko ahubwo byari biri mu nshingano zabo. Yagize ati, " ntabwo ari integenke cyangwa kudakora twakoze ibyo twari" Uyu munsi ubuyobozi bwa ADEPR bwongeye ku garagaza ikindi gikorwa gisa naho kigamije gutegura amatora no gushaka amaboko mashya azabafasha gutsindira manda yo kuyobora iri torero dore ko ubuyobozi bwavuyeho bwari bwaramaze guharura inzira yorohereza uwiyamamarije kuyobora itorero ahita atsinda, kuburyo abakurikiranira hafi iri torero babona ko nibamara gutorwa aribwo bazabona impinduka aho bivugwa ko bashobora kuzikiza bamwe ubu bameze nk’agakingirizo. Abayobozi bahinduranyijwe mu buryo bukurikira : IMYANZURO Y’INAMA YA BIRO NYOBOZI YA ADEPR YABAYE KUWA 25.10.2017 INAMA YASIMBURANYIJE ABASHUMBA KU BURYO BUKURIKIRA INDEMBO: Kigali : Rev.Karisa Emmanuel – Rev.Muntu Binjamin Amajyaruguru : – Rev.Rurangirwa Emm. – Rev Cyiza Thadee Amajyepfo: – Rev.Ntibarikure J De Dieu. – Rev.Karangwa Sylvestre Uburasirazuba: – Rev.Kagibwami Tharcisse – Rev.Kamanzi callixte Uburengerazuba: – Rev.Sebadende Emmanuel – Rev Hakizamungu Joseph AMATORERO Y’UTURERE Gasabo: Rev.Ruyenzi Erneste Kicukiro: Rev. Akoyiremeye P. claver Nyarugenge: Rev Masumbuku Josue Rurindo: Rev. Murindahabi Canisius Gakenke: Rev Rurangwa Louis Segond Musanze : Rev Bizimana Augustin Burera : – Rev. Karake Thomas Gicumbi : Rev. Niyonzima Alex Kamonyi : ♦ Rev. Bimenyimana Mathias Muhanga: ♦ Rev. Butera Celestin Ruhango : ♦ Rev. Ntakirutimana Florien Nyanza : ♦ Rev. Kabengera Celestin Huye : ♦ Rev . Cyuma Jean Claude Nyamagabe : ♦ Rev. Ruganza Ephrem Nyaruguru : ♦ Rev. Nkurunziza sostene Gisagara : ♦ Rev. Bimenyimana Jean Claude Bugesera: ♦ Rev. Rwigema Donatien Rwamagana: ♦ Rev. Nsegiyumva Laurien Kayonza : ♦ Rev. Kamali Silas Gatsibo: ♦ Rev. Mukarage Phirbert Nyagatare : ♦ Rev. Rwayitare Epaphrodite Kirehe : ♦ Rev. Kaboyi Ndatabaye Aggee Ngoma: ♦ Rev. Habarurema Alphred Rusizi: ♦ Rev. Kabagire Charle Rutsiro : ♦ Rev.Nsengiyumva Innocent Rubavu: ♦ Rev. Ndizeye Charles Nyamasheke: ♦ Rev. Ndimubayo Charle Karongi: ♦ Rev. Ndikumana Godfroid Ngororero: ♦ Rev. Bizimana Gabriel Nyabihu : ♦ Rev. Macyamura Aaron Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) Peter Kuya 5-11-2017 Ubuyobozi bw’Itorero bukwiye kureba neza kuko uyu mugabo Florien arasebya bikabije itorero. Nta buhamya buzima ari gutanga kuko yuzuye urwango, ubusambanyi,ubwambuzi n’ubugome.Ibye ni ukwiyoberanya gusa. Amour Kuya 3-11-2017 Florien mwebwe ho muramubarirwa! Utamuzi azambaze. Uzi ubugome bumurimo!!! Icyakora natihana azabona ishyano! Kamanzi Kuya 3-11-2017 NTAKIRUTIMANA Florien wayogoje abaturage abambura akwiye kuba Pastor koko! Ahaaa!!! Noneho ibye ni agahomamunwa! Gusenyera Se umubyara, none akaba ageze no kuri mushiki we yitwaje amasengesho!!! Biteye ubwoba! Mukurikirane neza Itorero ryaravangiwe. J.Paul Kuya 1-11-2017 Ubu se uyu bajyanye mu Ruhango! Ahaaa!!! Nzaba mbarirwa! Umuntu usenyera n’abo bavukana!! Reba mushiki we uri i Nyanza yamaze gusenyera, urugo rwe akaba arugerereye ashaka kumutanya n’umugabo we ngo ni uko atamwibonamo! Uwiteka akwiye gutabara itorero rye! STANY Kuya 30-10-2017 30;10;2017 turabashimiye ariko amaparuwase naho bikorwe gucyo nimidugudu umukirisito Kuya 29-10-2017 ko ntabona Uwitwa Munyamahoro Seth Theoneste Kuya 28-10-2017 Uko byasa kose Imana tatubwiye ko itazareka itorero ryayo . Kabendera Kuya 28-10-2017 Abo m’uturere nabo bakore mubo mu maparuwase bigize akaraha kajyahe nabo bazakore mu midugudu haboneke ubuyobozi bufite amaraso mashya kandi bukorana neza n’abakristo butagonganisha abadiyakoni n’abakristo. Jean Paul Kuya 28-10-2017 Gasabo iratabawe twari dupfuye pe mukarere kagasabo ahuahuahuuuuu ahwii Kuya 28-10-2017 guhinduranya abayobozi ndahamya ko ntacyo bizahindura Ku guksndamizwa umuyoboke w’iri torero akorerwa. ubwitange butarangira asabwa n’amaturo atangwa ntumenye irengero ryayo, Bose niyo barwanira ariko IMana izabisobanura. babure no kugarura na make ngo bubake amaparuwasi bakomeze bategereze umukirisito ngo abikore byose!!!! birababaje gusa Jean Paul Kuya 28-10-2017 Gasabo iratabawe twari dupfuye pe mukarere kagasabo ahuahuahuuuuu Jean Paul Kuya 28-10-2017 Gasabo iratabawe twari dupfuye pe mukarere kagasabo ahuahuahuuuuu Jean Paul Kuya 28-10-2017 Gasabo iratabawe twari dupfuye pe mukarere kagasabo ahuahuahuuuuu hHhh Kuya 28-10-2017 Past Safari Gerard uyobora mu Gatsata, yatanze 1.000.000frw kugirango abone ubu pasteur. jyewe sindi umukristo waho ariko Safari n’inshuti yanjye yambwiye uko yabigenje ngo nanjye mbikore ndamuhakanira, mubwira ko nzategereza Imana ikanyimika; ubu rero mfite amakuru ko amafranga mu Gatsata ayamereye nabi JJ Biiza Kuya 28-10-2017 Na Gatsata ikeneye ubutabazi bwihuse. Abayobozi bacu Imana ibahe umugisha JJ Biiza Kuya 28-10-2017 Na Gatsata ikeneye ubutabazi bwihuse. Abayobozi bacu Imana ibahe umugisha R J Kuya 27-10-2017 ibi ubuyobozi bwakoze nibyizacyane kuko gasabo iratabawe pe R J Kuya 27-10-2017 ibi ubuyobozi bwakoze nibyizacyane kuko gasabo iratabawe pe R J Kuya 27-10-2017 ibi ubuyobozi bwakoze nibyizacyane kuko gasabo iratabawe pe INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu