Close MORE NEWS Iyahoze ari korari y’urubyiruko ya ADEPR Karambo igiye kwitwa izina UMUBAVU.com admin Kuya 10-01-2018 saa 20:03' whatsapp Facebook Iyi korali y’urubyiruko rwa ADEPR Karambo igiye guhabwa izina ku wa 14/1/2018 nyuma yo kumara igihe yitwa Korale y’urubyiruko, korale ibarizwa muri Paroisse ya Gatenga ikaba ari korali yatangiye itangijwe n’abaririmbaga ba korali y’abana (unday school) hanyuma bamwe muri bo bamaze gucuswa abari abayobozi b’umudugudu wa Karambo bifuza ko hatangizwa korali y’urubyiruko kugirango ijye ifatanya umurimo w’Imana n’izindi eshatu zari zihasanzwe. Iyi Korale yatangiye ari abaririmbyi cumi na babiri (12) none bamaze kuba abaririmbyi mirongo itatu(30) bagizwe n’abahungu 14 ndetse n’abakobwa 16 ikaba ari korali irimo kuzamuka neza mu miririmbire ariko kandi igikeneye ubufasha bwa buri umwe mu banyamudugudu nkuko umuyobozi w’umudugudu wa KARAMBO Ev Hagenimana Anastase yabitangarije umubavu.com. Yagize ati,"Iyi ni korale y’urubyiruko rukiri ruto rwiganjemo urw’abanyeshuri bityo rero nk’abanyamudugudu turasabwa kubaba hafi tukabafasha mu kubarera kugirango barusheho gukurira mu ndangagaciro za Gikiristo ndetse tukabafasha no kubona ubushobozi bwo kugura ibikoresho bya muzika". Tuganira na NYIRABAGENZI Marie Chantal umuyobozi w’iyi korali yabwiye umubavu.com ko kuri icyi cyumweru bateguye igitaramo cyo kwitwa izina nka korali bakava ku izina ryo kwitwa korali y urubyiruko nabo bakitwa izina. Yagize ati, "Twatumiye Korali Sayuni ya Cyahafi ADEPR ngo ize idufashe kuri uwo munsi mukuru wacu wo kwitwa izina kuri uyu wa 14/1/2018 nkaba mbona ko bizadufasha cyane". Tubamenyeshe ko iki gikorwa bazaba bari kumwe n’umuvugabutumwa witwa Andre, korali ikaba yaratangiye gukora umurimo w’Imana ku KARAMBO mu kwezi Kwa 12/2014. Mu gusoma mbasabe gukomeza kujya mushakira amakuru yizewe kandi arimo ubuhanga ku rubuga www.umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) turayisenga sylvain Kuya 13-01-2018 chair yurubyiruko igiyegutera intanbwe yo kwitwa izina imana ibahumugisha kandi ibashyigikire natwe tubaribugufi kubafasha nokubabahafi tubagira iman rero mukomere imana nayomurikumwe Nayigiziki jean de dieu Kuya 11-01-2018 iyo choir turayishimiye nize muruhando rwayandi ma choir agize adeper tuzayishyigikira rwose uko imbaraga zacu zingana kd turabakunda INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Iyahoze ari korari y’urubyiruko ya ADEPR Karambo igiye kwitwa izina UMUBAVU.com admin Kuya 10-01-2018 saa 20:03' whatsapp Facebook Iyi korali y’urubyiruko rwa ADEPR Karambo igiye guhabwa izina ku wa 14/1/2018 nyuma yo kumara igihe yitwa Korale y’urubyiruko, korale ibarizwa muri Paroisse ya Gatenga ikaba ari korali yatangiye itangijwe n’abaririmbaga ba korali y’abana (unday school) hanyuma bamwe muri bo bamaze gucuswa abari abayobozi b’umudugudu wa Karambo bifuza ko hatangizwa korali y’urubyiruko kugirango ijye ifatanya umurimo w’Imana n’izindi eshatu zari zihasanzwe. Iyi Korale yatangiye ari abaririmbyi cumi na babiri (12) none bamaze kuba abaririmbyi mirongo itatu(30) bagizwe n’abahungu 14 ndetse n’abakobwa 16 ikaba ari korali irimo kuzamuka neza mu miririmbire ariko kandi igikeneye ubufasha bwa buri umwe mu banyamudugudu nkuko umuyobozi w’umudugudu wa KARAMBO Ev Hagenimana Anastase yabitangarije umubavu.com. Yagize ati,"Iyi ni korale y’urubyiruko rukiri ruto rwiganjemo urw’abanyeshuri bityo rero nk’abanyamudugudu turasabwa kubaba hafi tukabafasha mu kubarera kugirango barusheho gukurira mu ndangagaciro za Gikiristo ndetse tukabafasha no kubona ubushobozi bwo kugura ibikoresho bya muzika". Tuganira na NYIRABAGENZI Marie Chantal umuyobozi w’iyi korali yabwiye umubavu.com ko kuri icyi cyumweru bateguye igitaramo cyo kwitwa izina nka korali bakava ku izina ryo kwitwa korali y urubyiruko nabo bakitwa izina. Yagize ati, "Twatumiye Korali Sayuni ya Cyahafi ADEPR ngo ize idufashe kuri uwo munsi mukuru wacu wo kwitwa izina kuri uyu wa 14/1/2018 nkaba mbona ko bizadufasha cyane". Tubamenyeshe ko iki gikorwa bazaba bari kumwe n’umuvugabutumwa witwa Andre, korali ikaba yaratangiye gukora umurimo w’Imana ku KARAMBO mu kwezi Kwa 12/2014. Mu gusoma mbasabe gukomeza kujya mushakira amakuru yizewe kandi arimo ubuhanga ku rubuga www.umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) turayisenga sylvain Kuya 13-01-2018 chair yurubyiruko igiyegutera intanbwe yo kwitwa izina imana ibahumugisha kandi ibashyigikire natwe tubaribugufi kubafasha nokubabahafi tubagira iman rero mukomere imana nayomurikumwe Nayigiziki jean de dieu Kuya 11-01-2018 iyo choir turayishimiye nize muruhando rwayandi ma choir agize adeper tuzayishyigikira rwose uko imbaraga zacu zingana kd turabakunda INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu