Close MORE NEWS Amerika n’u Bwongereza bari gutegekesha ububasha bwa ya Nyamaswa-Ev. Jean Luc UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 6-11-2019 saa 14:42' whatsapp Facebook Umuvugabutumwa Ikingeneye Jean Luc ukomeje gusobanurira abantu igitabo cy’Ibyahishuwe bigacishwa ku muyoboro wa Video (Channel) y’UMUBAVU TV ONLINE, yahishuye uburyo Amerika n’u Bwongereza bari gutegekesha ububasha bwa ya Nyamaswa ivugwa muri Bibiliya muri iki gitabo ari gusobanura (Ibyahishuwe). Muri iki kiganiro kandi Ev. Jean Luc yasobanuye uburyo Amerika ari umwe mu mitwe irindwi y’inyamaswa ivugwa mu gitabo cy’Ibyahishuwe. Amerika kandi ngo ni rimwe mu mahembe 10 avugwa ku Nyamaswa ivugwa mu gitabo cy’Ibyahishuwe, ni inyamaswa izamuka iva mu butaka ifite amahembe abiri nk’ay’umwana w’intama. Amerika ni ihembe rya mbere, mu gihe u Bwongereza ari ihembe rya Kabiri (Ihembe: Ubwami/Ubutegetsi). Yahishuye kandi uburyo Amerika n’u Bwongereza ari byo bihugu bigomba gusohoza ubuhanuzi bwose buvugwa muri Bibiliya by’umwihariko mu gitabo cy’Ibyahishuwe. Iyumvire byinshi muri iyi Video utasanga ahandi: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) SIBOMANA BARACK Kuya 8-12-2019 SAW INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Amerika n’u Bwongereza bari gutegekesha ububasha bwa ya Nyamaswa-Ev. Jean Luc UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 6-11-2019 saa 14:42' whatsapp Facebook Umuvugabutumwa Ikingeneye Jean Luc ukomeje gusobanurira abantu igitabo cy’Ibyahishuwe bigacishwa ku muyoboro wa Video (Channel) y’UMUBAVU TV ONLINE, yahishuye uburyo Amerika n’u Bwongereza bari gutegekesha ububasha bwa ya Nyamaswa ivugwa muri Bibiliya muri iki gitabo ari gusobanura (Ibyahishuwe). Muri iki kiganiro kandi Ev. Jean Luc yasobanuye uburyo Amerika ari umwe mu mitwe irindwi y’inyamaswa ivugwa mu gitabo cy’Ibyahishuwe. Amerika kandi ngo ni rimwe mu mahembe 10 avugwa ku Nyamaswa ivugwa mu gitabo cy’Ibyahishuwe, ni inyamaswa izamuka iva mu butaka ifite amahembe abiri nk’ay’umwana w’intama. Amerika ni ihembe rya mbere, mu gihe u Bwongereza ari ihembe rya Kabiri (Ihembe: Ubwami/Ubutegetsi). Yahishuye kandi uburyo Amerika n’u Bwongereza ari byo bihugu bigomba gusohoza ubuhanuzi bwose buvugwa muri Bibiliya by’umwihariko mu gitabo cy’Ibyahishuwe. Iyumvire byinshi muri iyi Video utasanga ahandi: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) SIBOMANA BARACK Kuya 8-12-2019 SAW INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu