Amerika n’u Bwongereza bari gutegekesha ububasha bwa ya Nyamaswa-Ev. Jean Luc

Umuvugabutumwa Ikingeneye Jean Luc ukomeje gusobanurira abantu igitabo cy’Ibyahishuwe bigacishwa ku muyoboro wa Video (Channel) y’UMUBAVU TV ONLINE, yahishuye uburyo Amerika n’u Bwongereza bari gutegekesha ububasha bwa ya Nyamaswa ivugwa muri Bibiliya muri iki gitabo ari gusobanura (Ibyahishuwe).

Muri iki kiganiro kandi Ev. Jean Luc yasobanuye uburyo Amerika ari umwe mu mitwe irindwi y’inyamaswa ivugwa mu gitabo cy’Ibyahishuwe.

Amerika kandi ngo ni rimwe mu mahembe 10 avugwa ku Nyamaswa ivugwa mu gitabo cy’Ibyahishuwe, ni inyamaswa izamuka iva mu butaka ifite amahembe abiri nk’ay’umwana w’intama. Amerika ni ihembe rya mbere, mu gihe u Bwongereza ari ihembe rya Kabiri (Ihembe: Ubwami/Ubutegetsi).

Yahishuye kandi uburyo Amerika n’u Bwongereza ari byo bihugu bigomba gusohoza ubuhanuzi bwose buvugwa muri Bibiliya by’umwihariko mu gitabo cy’Ibyahishuwe.

Iyumvire byinshi muri iyi Video utasanga ahandi:





Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru



Igitekerezo
SIBOMANA BARACK Kuya 8-12-2019

SAW