Close MORE NEWS Mama Benitha arishimira aho ikinyobwa acuruza kimaze kugera UMUBAVU.com admin Kuya 28-11-2016 saa 14:02' whatsapp Facebook Mu gihe amaze acuruza ikinyobwa kimaze kumenyekana mu Rwanda kitwa Mburwa Drink Honey aravuga ko abakigura bamaze kuba beshyi kandi ko nawe bimufasha kwiteza imbere no guteza imbere abandi. Mu kiganiro yagiranye n’umubavu.com yavuze ko amaze kugera kuri byishyi noguteza imbere abandi kuko hari n’abandi babarangurira bakajya kwicururiza kandi biteje imbere kuburyo bufatika. Yagize ati: “ Abakiriya banjye baranyizera kugeza ubu ntimwambaza ngo abakiriya banjye bangana gute ngo mbimenye, kuko ni beshye pe! Bakunda iki kinyobwa, unyweyeho wese aragenda akabwira abandi ati,hariya hari ikinyobwa kiza, ubwo bakaza ari beshyi. Yakomeje agira ati: “ iki kinyobwo aho tutarakigeza muntara turabageraho vuba kuko dufite gahunda yo kuzenguruka mu gihugu hose tukibagezago”. Imiryangi myinshi yamaze kwiteza imbere kubera ko bafasha benshi. Guvernoma y’u Rwanda ishishikariza abanyarwanda kwihangira imirimo ndetse igafasha na barwiyemeza mirimo bakiri bato kwiteza imbere inabafasha kubigeraho. Mama Benitha ibi abishingiraho kandi bimufasha kwiteza imbere we n’umuryangowe no guteza imbere abandi kuko hari beshyi bacuruza iki kinyobwo kandi byaturutse kumushinga batangije we n’umugabo we, iki kinyobwa kimaze kwamamara gituma bava mu bukene kuko kibaha amafaranga. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Mama Benitha arishimira aho ikinyobwa acuruza kimaze kugera UMUBAVU.com admin Kuya 28-11-2016 saa 14:02' whatsapp Facebook Mu gihe amaze acuruza ikinyobwa kimaze kumenyekana mu Rwanda kitwa Mburwa Drink Honey aravuga ko abakigura bamaze kuba beshyi kandi ko nawe bimufasha kwiteza imbere no guteza imbere abandi. Mu kiganiro yagiranye n’umubavu.com yavuze ko amaze kugera kuri byishyi noguteza imbere abandi kuko hari n’abandi babarangurira bakajya kwicururiza kandi biteje imbere kuburyo bufatika. Yagize ati: “ Abakiriya banjye baranyizera kugeza ubu ntimwambaza ngo abakiriya banjye bangana gute ngo mbimenye, kuko ni beshye pe! Bakunda iki kinyobwa, unyweyeho wese aragenda akabwira abandi ati,hariya hari ikinyobwa kiza, ubwo bakaza ari beshyi. Yakomeje agira ati: “ iki kinyobwo aho tutarakigeza muntara turabageraho vuba kuko dufite gahunda yo kuzenguruka mu gihugu hose tukibagezago”. Imiryangi myinshi yamaze kwiteza imbere kubera ko bafasha benshi. Guvernoma y’u Rwanda ishishikariza abanyarwanda kwihangira imirimo ndetse igafasha na barwiyemeza mirimo bakiri bato kwiteza imbere inabafasha kubigeraho. Mama Benitha ibi abishingiraho kandi bimufasha kwiteza imbere we n’umuryangowe no guteza imbere abandi kuko hari beshyi bacuruza iki kinyobwo kandi byaturutse kumushinga batangije we n’umugabo we, iki kinyobwa kimaze kwamamara gituma bava mu bukene kuko kibaha amafaranga. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu