Close MORE NEWS Kera kabaye Umunyezamu Bakame yeruye ubuzima abayemo nyuma yo guhagarikwa muri Rayon Sports UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 5-07-2018 saa 11:29' whatsapp Facebook Umunyezamu Ndayishimiye Eric umenyerewe ku izina rya "Bakame" wari Kapiteni w’ikipe ya Rayon Sports FC, yemeye kuganira n’itangazamakuru nyuma y’igihe kirekire atifuza kuvuga ubuzima bwe nyuma yo guhagarikwa muri iyi kipe. Aganira na Makuruki.rw, Bakame yavuze ko nubwo yahagaritswe, nta baruwa imuhagarika yigeze ahabwa, kandi ko kugeza ubu adahabwa n’ibindi byose agenerwa nk’umukozi birimo umushahara n’ibindi, gusa ngo akaba yicaye iwe mu rugo atuje arategereje. Yagize ati " Nta mushahara, nta baruwa impagarika muri Rayon, amaso yaheze mu kirere, niba narahagaritswe ntumpe ibaruwa inyirukana, ndabaka ibaruwa ngo buri munsi dufite inama dufite inama ngo baraza kumbwira, nkabambwira ngo bampe ibaruwa biroroshye, n’ibigendanye n’imishahara sindabasha kubibona". Bakame avuga ko ataramenya icyo yazakora, agitegereje nubwo ahora abwirwa ko abayobozi ba Rayon Sports FC bari mu nama. Rayon Sports FC iheruka guhemba abakinnyi 20 berekeje muri CECAFA KAGAME umushahara w’ukwezi kwa gatanu, abandi baracyategereje dore ko abatarahembwe uko kwezi barimo na Bakame ubwo amezi abaye abiri n’uku kwa karindwi kwatangiye batarahembwa. Ndayishimiye Eric Bakame yahagaritswe n’ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports FC ashinjwa agasuzuguro. @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) salomo ni Kuya 29-07-2018 waratubabaje nakund byagenda Kubwimana Joseph Kuya 5-07-2018 Birakabijekabisa Akonakarengane BAMPORIKI J.MBATISITA Kuya 5-07-2018 Andika Igitekerezo Hanno nukuri biragoye gutangira ubundi buzima ariko uwizeye imana ntacyo abura BAMPORIKI J.MBATISITA Kuya 5-07-2018 Andika Igitekerezo Hanno nukuri biragoye gutangira ubundi buzima ariko uwizeye imana ntacyo abura INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Kera kabaye Umunyezamu Bakame yeruye ubuzima abayemo nyuma yo guhagarikwa muri Rayon Sports UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 5-07-2018 saa 11:29' whatsapp Facebook Umunyezamu Ndayishimiye Eric umenyerewe ku izina rya "Bakame" wari Kapiteni w’ikipe ya Rayon Sports FC, yemeye kuganira n’itangazamakuru nyuma y’igihe kirekire atifuza kuvuga ubuzima bwe nyuma yo guhagarikwa muri iyi kipe. Aganira na Makuruki.rw, Bakame yavuze ko nubwo yahagaritswe, nta baruwa imuhagarika yigeze ahabwa, kandi ko kugeza ubu adahabwa n’ibindi byose agenerwa nk’umukozi birimo umushahara n’ibindi, gusa ngo akaba yicaye iwe mu rugo atuje arategereje. Yagize ati " Nta mushahara, nta baruwa impagarika muri Rayon, amaso yaheze mu kirere, niba narahagaritswe ntumpe ibaruwa inyirukana, ndabaka ibaruwa ngo buri munsi dufite inama dufite inama ngo baraza kumbwira, nkabambwira ngo bampe ibaruwa biroroshye, n’ibigendanye n’imishahara sindabasha kubibona". Bakame avuga ko ataramenya icyo yazakora, agitegereje nubwo ahora abwirwa ko abayobozi ba Rayon Sports FC bari mu nama. Rayon Sports FC iheruka guhemba abakinnyi 20 berekeje muri CECAFA KAGAME umushahara w’ukwezi kwa gatanu, abandi baracyategereje dore ko abatarahembwe uko kwezi barimo na Bakame ubwo amezi abaye abiri n’uku kwa karindwi kwatangiye batarahembwa. Ndayishimiye Eric Bakame yahagaritswe n’ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports FC ashinjwa agasuzuguro. @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) salomo ni Kuya 29-07-2018 waratubabaje nakund byagenda Kubwimana Joseph Kuya 5-07-2018 Birakabijekabisa Akonakarengane BAMPORIKI J.MBATISITA Kuya 5-07-2018 Andika Igitekerezo Hanno nukuri biragoye gutangira ubundi buzima ariko uwizeye imana ntacyo abura BAMPORIKI J.MBATISITA Kuya 5-07-2018 Andika Igitekerezo Hanno nukuri biragoye gutangira ubundi buzima ariko uwizeye imana ntacyo abura INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu