Close MORE NEWS Umwami w’u Bubiligi ’yicuza cyane’ gukoloniza RDC UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 30-06-2020 saa 09:11' whatsapp Facebook Umwami w’u Bubiligi, Philippe Léopold Louis Marie avuga ko "yicuza cyane ibikorwa by’urugomo n’akababaro" abaturage ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo bagize ubwo iki gihugu cyari Koloni y’u Bubiligi. Bikubiye mu ibaruwa yandikiye Perezida Félix Tshisekedi kuri iyi tariki RD Kongo yizihiza imyaka 60 ishize ibonye ubwigenge. Mu myaka ya 1880 ni bwo Umwami Léopold II w’u Bubiligi yigaruriye igice kinini cya RD Kongo y’ubu. Bivugwa ko Abanyafurika babarirwa muri miliyoni 10 bishwe ku ngoma ye. U Bubiligi bwakolonije icyo gihugu kugeza ubwo cyabonaga ubwigenge ku itariki nk’iyi ya 30 y’ukwezi kwa Gatandatu mu mwaka wa 1960. Muri iyo ibaruwa ye, Umwami Philippe yagaragaje kwicuza atewe n’"akababaro" abaturage ba DR Congo bagize mu gihe cy’ubukoloni, nkuko bitangazwa n’ibitangazamakuru byo mu Bubiligi. Amagambo yo muri iyo baruwa yasubiwemo agira ati "Nifuzaga kugaragaza kwicuza cyane kubera ibikomere byo mu gihe cyashize, umubabaro wabyo ukaba ubu warongeye kugaragazwa n’ivangura rikigaragara cyane mu miryango migari [sociétés] yacu". Abaye umwami wa mbere w’u Bubiligi ugaragaje kwicuza mu buryo bw’inyandiko kubera ibibi byakozwe mu gihe cy’ubukoloni. Mu byumweru bitatu bishize, ishusho y’Umwami Léopold II yarabomowe mu mujyi wa Antwerp wo mu Bubiligi, mu myigaragambyo y’abamagana irondabwoko. Bikubiye mu ibaruwa Umwami Philippe (ibumoso) yandikiye Perezida Tshisekedi ijyanye n’uyu munsi wo kwizihiza ubwigenge RDC yabonye mu 1960 Minisitiri Gatete mu iperereza kuri ruswa, Trump ashobora gutabwa muri yombi, umusaza wishwe aragiye inka ze na zo zikaburirwa irengero n’izindi nkuru utapfa gusanga ahandi uretse k’UMUBAVU TV ONLINE: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Umwami w’u Bubiligi ’yicuza cyane’ gukoloniza RDC UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 30-06-2020 saa 09:11' whatsapp Facebook Umwami w’u Bubiligi, Philippe Léopold Louis Marie avuga ko "yicuza cyane ibikorwa by’urugomo n’akababaro" abaturage ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo bagize ubwo iki gihugu cyari Koloni y’u Bubiligi. Bikubiye mu ibaruwa yandikiye Perezida Félix Tshisekedi kuri iyi tariki RD Kongo yizihiza imyaka 60 ishize ibonye ubwigenge. Mu myaka ya 1880 ni bwo Umwami Léopold II w’u Bubiligi yigaruriye igice kinini cya RD Kongo y’ubu. Bivugwa ko Abanyafurika babarirwa muri miliyoni 10 bishwe ku ngoma ye. U Bubiligi bwakolonije icyo gihugu kugeza ubwo cyabonaga ubwigenge ku itariki nk’iyi ya 30 y’ukwezi kwa Gatandatu mu mwaka wa 1960. Muri iyo ibaruwa ye, Umwami Philippe yagaragaje kwicuza atewe n’"akababaro" abaturage ba DR Congo bagize mu gihe cy’ubukoloni, nkuko bitangazwa n’ibitangazamakuru byo mu Bubiligi. Amagambo yo muri iyo baruwa yasubiwemo agira ati "Nifuzaga kugaragaza kwicuza cyane kubera ibikomere byo mu gihe cyashize, umubabaro wabyo ukaba ubu warongeye kugaragazwa n’ivangura rikigaragara cyane mu miryango migari [sociétés] yacu". Abaye umwami wa mbere w’u Bubiligi ugaragaje kwicuza mu buryo bw’inyandiko kubera ibibi byakozwe mu gihe cy’ubukoloni. Mu byumweru bitatu bishize, ishusho y’Umwami Léopold II yarabomowe mu mujyi wa Antwerp wo mu Bubiligi, mu myigaragambyo y’abamagana irondabwoko. Bikubiye mu ibaruwa Umwami Philippe (ibumoso) yandikiye Perezida Tshisekedi ijyanye n’uyu munsi wo kwizihiza ubwigenge RDC yabonye mu 1960 Minisitiri Gatete mu iperereza kuri ruswa, Trump ashobora gutabwa muri yombi, umusaza wishwe aragiye inka ze na zo zikaburirwa irengero n’izindi nkuru utapfa gusanga ahandi uretse k’UMUBAVU TV ONLINE: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu