Close MORE NEWS Umuyobozi wa radio Amazing Grace yatunguwe no gusanga urubanza rwe rwarasomwe mbere y’itariki yari yamenyeshejwe UMUBAVU.com Kuya 10-10-2018 saa 17:53' whatsapp Facebook Umuyobozi wa Radio Amazing Grace ishinjwa gusebya abagore yatunguwe no gusanga urubanza rwe rwaraye rusomwe nyamara ubushije ubwo urubanza rwasubikwaga ,umucamanza yarababwiye ko rwimuriwe ku itariki ya 10 Ukwakira 2018. Ubwo kuri uyu wagatatu bageraga kurukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge batunguwe no kubwirwa ko urubanza rwabo rwaraye rusomwe ibintu byateye benshi urujijo. Umwe mubapasiteri bakorana bya hafi n’ Umuyobozi wa Radio Amaing Grace Gregory Brian Schoof yabwiye umubavu .com ko bategereje kubona imyanzuro y’urubanza ubundi bakajurira. Radio Amazing Grace yafunzwe burundu muri Mata 2018 nyuma yuko RURA isheshe amasezerano aha Radio Amazing Grace uburenganzira bwo gukorera mu Rwanda bitewe n’ikiganiro cyatambukijwe kuri iyi Radio n’umuvugabutumwa wita Niyibikora Nikolas cyashinzwe kwibasira no kwandagaza abagore. Umuyobozi w’iyi Radio Gregory Brian Schoof yakunze kuvuga ko atumva impamvu Radio ye yafungwa kandi uwatambukije ikiganiro atarigeze akurikiranwa nk’umunyacyaha ndetse akaba atari n’umukozi we,ahubwo yari umukiriya wa Radio wishyuraga kugirango atambutse ibiganiro bye. Gregory Brian Schoof yabwiye itangazamakuru ko nabona ubutabera nyabwo azatsinda . Kugeza ubu umuvugabutumwa Niyibokopla wavugiye kuri iriya radio amagambo afatwa nkayandagaje abagore ntawe uzi aho aherereye. umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) Biceri dios Kuya 18-10-2018 Wowe wiyise Banange Uvuze nabi sana, kereka nawe niba ushaka kumubera avoca ariko wisebye urwanda rwacu tureba. Ntabwo uvuze ukuri mugabo Kuya 13-10-2018 hari ushaka iyo sonorisation yawe wayikunze tuyisenge jacques Kuya 11-10-2018 RADIO IKORAMAHANO NKAYO NUKUYIFUNGA .NDIRUSIZI. tuyisenge jacques Kuya 11-10-2018 RADIO IKORAMAHANO NKAYO NUKUYIFUNGA .NDIRUSIZI. BIG DADDY Kuya 11-10-2018 hhhhhh uzashake ubutabera munkiko ziwacu turabugira humura. komeza ujurire hose BIG DADDY Kuya 11-10-2018 hhhhhh uzashake ubutabera munkiko ziwacu turabugira humura. komeza ujurire hose banange Kuya 11-10-2018 murwanda niko bakora rutukuwe.wagize ngoninkiwanyu se hano namanyanga gusa INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Umuyobozi wa radio Amazing Grace yatunguwe no gusanga urubanza rwe rwarasomwe mbere y’itariki yari yamenyeshejwe UMUBAVU.com Kuya 10-10-2018 saa 17:53' whatsapp Facebook Umuyobozi wa Radio Amazing Grace ishinjwa gusebya abagore yatunguwe no gusanga urubanza rwe rwaraye rusomwe nyamara ubushije ubwo urubanza rwasubikwaga ,umucamanza yarababwiye ko rwimuriwe ku itariki ya 10 Ukwakira 2018. Ubwo kuri uyu wagatatu bageraga kurukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge batunguwe no kubwirwa ko urubanza rwabo rwaraye rusomwe ibintu byateye benshi urujijo. Umwe mubapasiteri bakorana bya hafi n’ Umuyobozi wa Radio Amaing Grace Gregory Brian Schoof yabwiye umubavu .com ko bategereje kubona imyanzuro y’urubanza ubundi bakajurira. Radio Amazing Grace yafunzwe burundu muri Mata 2018 nyuma yuko RURA isheshe amasezerano aha Radio Amazing Grace uburenganzira bwo gukorera mu Rwanda bitewe n’ikiganiro cyatambukijwe kuri iyi Radio n’umuvugabutumwa wita Niyibikora Nikolas cyashinzwe kwibasira no kwandagaza abagore. Umuyobozi w’iyi Radio Gregory Brian Schoof yakunze kuvuga ko atumva impamvu Radio ye yafungwa kandi uwatambukije ikiganiro atarigeze akurikiranwa nk’umunyacyaha ndetse akaba atari n’umukozi we,ahubwo yari umukiriya wa Radio wishyuraga kugirango atambutse ibiganiro bye. Gregory Brian Schoof yabwiye itangazamakuru ko nabona ubutabera nyabwo azatsinda . Kugeza ubu umuvugabutumwa Niyibokopla wavugiye kuri iriya radio amagambo afatwa nkayandagaje abagore ntawe uzi aho aherereye. umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) Biceri dios Kuya 18-10-2018 Wowe wiyise Banange Uvuze nabi sana, kereka nawe niba ushaka kumubera avoca ariko wisebye urwanda rwacu tureba. Ntabwo uvuze ukuri mugabo Kuya 13-10-2018 hari ushaka iyo sonorisation yawe wayikunze tuyisenge jacques Kuya 11-10-2018 RADIO IKORAMAHANO NKAYO NUKUYIFUNGA .NDIRUSIZI. tuyisenge jacques Kuya 11-10-2018 RADIO IKORAMAHANO NKAYO NUKUYIFUNGA .NDIRUSIZI. BIG DADDY Kuya 11-10-2018 hhhhhh uzashake ubutabera munkiko ziwacu turabugira humura. komeza ujurire hose BIG DADDY Kuya 11-10-2018 hhhhhh uzashake ubutabera munkiko ziwacu turabugira humura. komeza ujurire hose banange Kuya 11-10-2018 murwanda niko bakora rutukuwe.wagize ngoninkiwanyu se hano namanyanga gusa INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu