Close MORE NEWS Umucuranzi Manu Dibango yishwe n’icyorezo cya COVID-19 UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 24-03-2020 saa 09:13' whatsapp Facebook Muri iki gihe icyorezo cya Coronavirus/COVID-19 gikomeje gutwara ubuzima bw’abatari bake ku Isi, ubu haravugwa inkuru y’akababaro ko iki cyorezo kivuganye umuhanzi wo muri Cameroon, Emmanuel N’Djoke Dibango. Uyu muhanzi w’umunyabigwi uzwi mu muziki ku izina rya Manu Dibango, yitabye Imana nyuma y’iminsi mike atangaje ko arwaye Coronavirus. Uyu mugabo w’imyaka 86 y’amavuko akaba umuhanga mu kuvuza ‘saxophone’, umwanditsi w’indirimbo w’umuririmbyi, kuwa Gatatu tariki 18 Werurwe 2020 abinyujije ku rukuta rwe rwa Facebook yari yatangaje ko yafashwe na Coronavirus. Ati “Najyanwe mu bitaro nsanganwa indwara ya Covid-19. Ubu meze neza kandi ndi mu nzira yo gukira.” Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 24 Werurwe 2020 nibwo hatangajwe inkuru y’urupfu rw’uyu musaza wari umuhanga mu muziki ndetse wanagize izina rikomeye cyane muri Afurika. Manudi Dibango mu rugendo rwe rw’umuziki yashyize imbere injyana ya Jazz, Funk na gakondo yo muri Cameroon. Ise yari umwe mu bari bagize itsinda rya Yabassi ryakanyujijeho mu muziki. Yavutse ku wa 12 Ukuboza 1933. Akora album zakunzwe zirimo; Afrijazzy, Nyxia, Tome II, Live ’91 n’izindi. Yakoze indirimbo zakomeje izina rye nka ‘Soul Makossa’ yo mu 1972, ‘Big Blow’ yo mu 1976, ‘New Bell’ yasohotse mu 1972 n’izindi. Umucuranzi Manu Dibango wo muri Cameroon yitabye Imana azize icyorezo cya Coronavirus Abari gusenyerwa mu Kagari ka Nyarutarama bati "Bazane imbunda baturase, ngo ntibakitaye kuri Coronavirus yugarije u Rwanda ndetse n’Isi, ngo COVID-19 ni ibyo bari gukorerwa, indwara twayihinduye ibingibi, ntabwo indwara tukiyitayeho: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Umucuranzi Manu Dibango yishwe n’icyorezo cya COVID-19 UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 24-03-2020 saa 09:13' whatsapp Facebook Muri iki gihe icyorezo cya Coronavirus/COVID-19 gikomeje gutwara ubuzima bw’abatari bake ku Isi, ubu haravugwa inkuru y’akababaro ko iki cyorezo kivuganye umuhanzi wo muri Cameroon, Emmanuel N’Djoke Dibango. Uyu muhanzi w’umunyabigwi uzwi mu muziki ku izina rya Manu Dibango, yitabye Imana nyuma y’iminsi mike atangaje ko arwaye Coronavirus. Uyu mugabo w’imyaka 86 y’amavuko akaba umuhanga mu kuvuza ‘saxophone’, umwanditsi w’indirimbo w’umuririmbyi, kuwa Gatatu tariki 18 Werurwe 2020 abinyujije ku rukuta rwe rwa Facebook yari yatangaje ko yafashwe na Coronavirus. Ati “Najyanwe mu bitaro nsanganwa indwara ya Covid-19. Ubu meze neza kandi ndi mu nzira yo gukira.” Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 24 Werurwe 2020 nibwo hatangajwe inkuru y’urupfu rw’uyu musaza wari umuhanga mu muziki ndetse wanagize izina rikomeye cyane muri Afurika. Manudi Dibango mu rugendo rwe rw’umuziki yashyize imbere injyana ya Jazz, Funk na gakondo yo muri Cameroon. Ise yari umwe mu bari bagize itsinda rya Yabassi ryakanyujijeho mu muziki. Yavutse ku wa 12 Ukuboza 1933. Akora album zakunzwe zirimo; Afrijazzy, Nyxia, Tome II, Live ’91 n’izindi. Yakoze indirimbo zakomeje izina rye nka ‘Soul Makossa’ yo mu 1972, ‘Big Blow’ yo mu 1976, ‘New Bell’ yasohotse mu 1972 n’izindi. Umucuranzi Manu Dibango wo muri Cameroon yitabye Imana azize icyorezo cya Coronavirus Abari gusenyerwa mu Kagari ka Nyarutarama bati "Bazane imbunda baturase, ngo ntibakitaye kuri Coronavirus yugarije u Rwanda ndetse n’Isi, ngo COVID-19 ni ibyo bari gukorerwa, indwara twayihinduye ibingibi, ntabwo indwara tukiyitayeho: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu