Close MORE NEWS Uganda: Umugabo watekaga umutwe ko yacitse akaboko agasabiriza ku muhanda yatawe muri yombi UMUBAVU.com Daniel MUKESHIMANA Kuya 26-06-2018 saa 10:05' whatsapp Facebook Umugabo witwa Shafik Bakulu Mpagi wo mu gihugu cya Uganda wasabirizaga ku muhanda agaragaza ko yacitse akaboko kandi ari ukubihimba, yavumbuwe n’inshuti ze ahita atabwa muri yombi. Bamwe mu nshuti za Shafik Bakulu Mpagi bamubonye ku muhanda I Kampala asabiriza bagira amakenga, bahamagara Polisi kuko babonaga abagenzi benshi bari kumugirira impuhwe. Umuvugizi wa Polisi, Luke Oweyesigyire yavuze ko Polisi ikimenya aya makuru yahise imusaba guhambura igitambaro (Bande) yari yiziritse ku kuboko basanga ni muzima bahita bamuta muri yombi. Polisi iti “Twamugezeho aho yasabirizaga, tumusaba gukuraho ibitambaro byari byuzuye umwanda yari yazingiye ku kuboko ashaka kugaragaza ko apfutse, twasanze ari muzima turamufunga.” Polisi yakomeje ivuga ko hari abaturage benshi bigira indushyi bakajya ku muhanda gusabiriza bidakwiye ariyo mpamvu iki kibazo kigiye kwitabwaho uhereye mu mizi. Shafik Bakulu Mpagi yari amaze guhirwa n’ubu butekamutwe bwe kuko mu mezi atatu yari amaze ku muhanda asabiriza yinjizaga amashilingilingi asaga ibihumbi 20. @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Uganda: Umugabo watekaga umutwe ko yacitse akaboko agasabiriza ku muhanda yatawe muri yombi UMUBAVU.com Daniel MUKESHIMANA Kuya 26-06-2018 saa 10:05' whatsapp Facebook Umugabo witwa Shafik Bakulu Mpagi wo mu gihugu cya Uganda wasabirizaga ku muhanda agaragaza ko yacitse akaboko kandi ari ukubihimba, yavumbuwe n’inshuti ze ahita atabwa muri yombi. Bamwe mu nshuti za Shafik Bakulu Mpagi bamubonye ku muhanda I Kampala asabiriza bagira amakenga, bahamagara Polisi kuko babonaga abagenzi benshi bari kumugirira impuhwe. Umuvugizi wa Polisi, Luke Oweyesigyire yavuze ko Polisi ikimenya aya makuru yahise imusaba guhambura igitambaro (Bande) yari yiziritse ku kuboko basanga ni muzima bahita bamuta muri yombi. Polisi iti “Twamugezeho aho yasabirizaga, tumusaba gukuraho ibitambaro byari byuzuye umwanda yari yazingiye ku kuboko ashaka kugaragaza ko apfutse, twasanze ari muzima turamufunga.” Polisi yakomeje ivuga ko hari abaturage benshi bigira indushyi bakajya ku muhanda gusabiriza bidakwiye ariyo mpamvu iki kibazo kigiye kwitabwaho uhereye mu mizi. Shafik Bakulu Mpagi yari amaze guhirwa n’ubu butekamutwe bwe kuko mu mezi atatu yari amaze ku muhanda asabiriza yinjizaga amashilingilingi asaga ibihumbi 20. @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu