Close MORE NEWS Perezida Museveni yahaye amasaha 48 umukuru w’igipolisi akaba yagaragaje ingamba afite mu guhashya ibyaha UMUBAVU.com Nsanzimana Kuya 16-10-2019 saa 20:19' whatsapp Facebook Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni yahaye iminsi ibiri Umukuru w’Igipolisi Wungirije, DIGP Sabiiti Muzeyi,yo kuba yamaze kugaragaza umugambi we wo guhashya ibyaha bikomeje gufata intera by’umwihariko mu murwa mukuru, Kampala. Ikinyamakuru cya Chimpreports cyavuze ko, ibi Museveni yabitangaje nyuma ya raporo z’abagizi ba nabi, bitwaje intwaro bamaze iminsi bakangaranya abatuye umujyi wa Kampala. Ibi birara, biravugwaho kuba byarakajije ibikorwa byo kugaba ibitero ku ngo byitwaje intwaro nk’imipanga, amaferabeto (Iron bars) ndetse ngo n’imbunda, kenshi bikanica cyangwa bigakomeretsa abo bitera. Museveni wise aba bantu ingurube, yababwiye ko iminsi yabo ibaze kuko ngo byoroshye kubatsinda. Yanongeyeho ko ari abafasha utu dutsiko n’abandi bantu muri rusange batangiye kubona ko aba bagizi ba nabi batangiye gucika intege. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Perezida Museveni yahaye amasaha 48 umukuru w’igipolisi akaba yagaragaje ingamba afite mu guhashya ibyaha UMUBAVU.com Nsanzimana Kuya 16-10-2019 saa 20:19' whatsapp Facebook Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni yahaye iminsi ibiri Umukuru w’Igipolisi Wungirije, DIGP Sabiiti Muzeyi,yo kuba yamaze kugaragaza umugambi we wo guhashya ibyaha bikomeje gufata intera by’umwihariko mu murwa mukuru, Kampala. Ikinyamakuru cya Chimpreports cyavuze ko, ibi Museveni yabitangaje nyuma ya raporo z’abagizi ba nabi, bitwaje intwaro bamaze iminsi bakangaranya abatuye umujyi wa Kampala. Ibi birara, biravugwaho kuba byarakajije ibikorwa byo kugaba ibitero ku ngo byitwaje intwaro nk’imipanga, amaferabeto (Iron bars) ndetse ngo n’imbunda, kenshi bikanica cyangwa bigakomeretsa abo bitera. Museveni wise aba bantu ingurube, yababwiye ko iminsi yabo ibaze kuko ngo byoroshye kubatsinda. Yanongeyeho ko ari abafasha utu dutsiko n’abandi bantu muri rusange batangiye kubona ko aba bagizi ba nabi batangiye gucika intege. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu