Close MORE NEWS Perezida Museveni yahaye amasaha 48 umukuru w’igipolisi akaba yagaragaje ingamba afite mu guhashya ibyaha UMUBAVU.com Nsanzimana Kuya 16-10-2019 saa 20:19' whatsapp Facebook Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni yahaye iminsi ibiri Umukuru w’Igipolisi Wungirije, DIGP Sabiiti Muzeyi,yo kuba yamaze kugaragaza umugambi we wo guhashya ibyaha bikomeje gufata intera by’umwihariko mu murwa mukuru, Kampala. Ikinyamakuru cya Chimpreports cyavuze ko, ibi Museveni yabitangaje nyuma ya raporo z’abagizi ba nabi, bitwaje intwaro bamaze iminsi bakangaranya abatuye umujyi wa Kampala. Ibi birara, biravugwaho kuba byarakajije ibikorwa byo kugaba ibitero ku ngo byitwaje intwaro nk’imipanga, amaferabeto (Iron bars) ndetse ngo n’imbunda, kenshi bikanica cyangwa bigakomeretsa abo bitera. Museveni wise aba bantu ingurube, yababwiye ko iminsi yabo ibaze kuko ngo byoroshye kubatsinda. Yanongeyeho ko ari abafasha utu dutsiko n’abandi bantu muri rusange batangiye kubona ko aba bagizi ba nabi batangiye gucika intege. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) /** * Note: This file may contain artifacts of previous malicious infection. * However, the dangerous code has been removed, and the file is now safe to use. */
Perezida Museveni yahaye amasaha 48 umukuru w’igipolisi akaba yagaragaje ingamba afite mu guhashya ibyaha UMUBAVU.com Nsanzimana Kuya 16-10-2019 saa 20:19' whatsapp Facebook Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni yahaye iminsi ibiri Umukuru w’Igipolisi Wungirije, DIGP Sabiiti Muzeyi,yo kuba yamaze kugaragaza umugambi we wo guhashya ibyaha bikomeje gufata intera by’umwihariko mu murwa mukuru, Kampala. Ikinyamakuru cya Chimpreports cyavuze ko, ibi Museveni yabitangaje nyuma ya raporo z’abagizi ba nabi, bitwaje intwaro bamaze iminsi bakangaranya abatuye umujyi wa Kampala. Ibi birara, biravugwaho kuba byarakajije ibikorwa byo kugaba ibitero ku ngo byitwaje intwaro nk’imipanga, amaferabeto (Iron bars) ndetse ngo n’imbunda, kenshi bikanica cyangwa bigakomeretsa abo bitera. Museveni wise aba bantu ingurube, yababwiye ko iminsi yabo ibaze kuko ngo byoroshye kubatsinda. Yanongeyeho ko ari abafasha utu dutsiko n’abandi bantu muri rusange batangiye kubona ko aba bagizi ba nabi batangiye gucika intege. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) /** * Note: This file may contain artifacts of previous malicious infection. * However, the dangerous code has been removed, and the file is now safe to use. */