Close MORE NEWS Padiri Nahimana uvuga ko ari Perezida yashyizeho Guverinoma nshya yo mu buhungiro UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 10-12-2020 saa 12:57' whatsapp Facebook Padiri Nahimana Thomas uvuga ko ari Perezida wa Repubulika y’u Rwanda ku itariki ya 7 Ukuboza 2020 yashyizeho Guverinoma nshya avuga ko ikorera mu buhungiro, isimbura iyo yari yarashyizeho mu 2017. Iyi Guverinoma nshya Padiri Nahimana Thomas yashyizeho iyobowe n’uwitwa Ntagara Jean Paul wagizwe Minisitiri w’Intebe. Uyu na we akaba yarashyizeho ba Minisitri 8 bakurikira: – Minisitiri ishinzwe gucyura impunzi: Mukamurenzi Jeanne – Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu: Nahayo Joseph – Minisitiri w’Umutekano: Safari Justin – Minisitiri w’Ubutabera: Nkurunziza Venant – Minisitiri w’Uburezi n’Imibereho Myiza y’Abaturage: Ingabire Marie-Médiatrice – Minisitiri w’Itangazamakuru n’Itumanaho: Karenzi Flora – Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga: Mukankiko Sylvia Abari bagize Guverinoma Padiri Nahimana yashyizeho mu 2017 Tariki ya 19 Gashyantare 2017, ni bwo Padiri Nahimana yashyizeho Guverinoma bwa mbere, yari igizwe n’abantu 13. Ni abakurikira: – Minisitiri w’Intebe: Akishuri Abdallah – Minisitiri w’Intebe wungirije: Kasinge Nadine Claire – Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga: Kansiime Uwizeye Immaculée – Minisitiri w’itangazamakuru: Chaste Gahunde – Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu n’Iterambere ry’umurenge: Nduwimana Daniel – Minisitiri w’Imari n’Ubucuruzi: Uwimana Marine – Minisitiri w’Uburezi: Mukamana Mutega Chantal – Minisitiri ushinzwe kurengera impunzi no gukemura ikibazo gitera ubuhunzi: Nakure Virginie – Minisitiri w’Ibikorwaremezo n’Imiturire : Padiri Ntakirutimana Gaspard – Minisitiri w’Ubuhinzi, Ubworozi n’Ubutaka: Seburanga Jean Léonard – Minisitiri w’Ubuzima n’Imibereho Myiza y’Abaturage: Mujawayezu Spéciose Iyi Guverinoma kandi yari yarashyizemo Ingabire Victoire (wari ufungiwe mu Rwanda) wagizwe Minisitiri w’Umuco, umuryango no guteza imbere umwari n’umutegarugori; na Mushayidi Deogratias wakatiwe igifungo cya burundu n’ubutabera bw’u Rwanda, wagizwe Minisitiri w’Ubutabera. Padiri Nahimana kandi iyi Guverinoma yaje kuyivugurura muri Kanama 2018, agira Kansiime Uwizeye Immaculée Minisitiri w’Intebe ufite Ububanyi n’Amahanga mu nshingano, amusimbuje Akishuli Abdallah yari amaze kugira Umushinjacyaha Mukuru. Uyu ni Ntagara Jean Paul Padiri Nahimana yagize Minisitiri w’Intebe Ingabire Marie-Médiatrice wagizwe Minisitiri w’Uburezi n’Imibereho Myiza y’Abaturage muri Guverinoma ikorera mu buhungiro INGABIRE VICTOIRE ATI "ABANTU BAKAMA BAKAGERA MU MANO BAGAKOMEZA BAGAKAMA, ABANTU BARAKAMWE BAGEZE AHO NABO BARAKAMIRIKA", BYOSE BYIYUMVIRE MURI IKI KIGANIRO YAGIRANYE N’UMUBAVU TV ONLINE: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) Emmanuel kubwimana Kuya 14-12-2020 Uyu mu Padari areba kure mumureke abavuga ko ari umusazi nta musazi usara ategeka mwa bantu .Abatowe nibatuyobora neza ikindi dusaba niki ,Ushinzwe ubuhunzi akabuvanaho tukaryama tukaruhuka guhunga Abanyarwanda barambiwe guhunga we we . Emmanuel kubwimana Kuya 14-12-2020 Uyu mu Padari areba kure mumureke abavuga ko ari umusazi nta musazi usara ategeka mwa bantu .Abatowe nibatuyobora neza ikindi dusaba niki ,Ushinzwe ubuhunzi akabuvanaho tukaryama tukaruhuka guhunga Abanyarwanda barambiwe guhunga we we . Pascal Kuya 12-12-2020 Nahimana yaretse ubupadiri aba umunyaporitike.Tubihange amaso Mbandiyimfura Kuya 10-12-2020 Padiri Nahimana azi ibyakora!Umunsi umwe muzabibona ko atakinaga! INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Padiri Nahimana uvuga ko ari Perezida yashyizeho Guverinoma nshya yo mu buhungiro UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 10-12-2020 saa 12:57' whatsapp Facebook Padiri Nahimana Thomas uvuga ko ari Perezida wa Repubulika y’u Rwanda ku itariki ya 7 Ukuboza 2020 yashyizeho Guverinoma nshya avuga ko ikorera mu buhungiro, isimbura iyo yari yarashyizeho mu 2017. Iyi Guverinoma nshya Padiri Nahimana Thomas yashyizeho iyobowe n’uwitwa Ntagara Jean Paul wagizwe Minisitiri w’Intebe. Uyu na we akaba yarashyizeho ba Minisitri 8 bakurikira: – Minisitiri ishinzwe gucyura impunzi: Mukamurenzi Jeanne – Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu: Nahayo Joseph – Minisitiri w’Umutekano: Safari Justin – Minisitiri w’Ubutabera: Nkurunziza Venant – Minisitiri w’Uburezi n’Imibereho Myiza y’Abaturage: Ingabire Marie-Médiatrice – Minisitiri w’Itangazamakuru n’Itumanaho: Karenzi Flora – Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga: Mukankiko Sylvia Abari bagize Guverinoma Padiri Nahimana yashyizeho mu 2017 Tariki ya 19 Gashyantare 2017, ni bwo Padiri Nahimana yashyizeho Guverinoma bwa mbere, yari igizwe n’abantu 13. Ni abakurikira: – Minisitiri w’Intebe: Akishuri Abdallah – Minisitiri w’Intebe wungirije: Kasinge Nadine Claire – Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga: Kansiime Uwizeye Immaculée – Minisitiri w’itangazamakuru: Chaste Gahunde – Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu n’Iterambere ry’umurenge: Nduwimana Daniel – Minisitiri w’Imari n’Ubucuruzi: Uwimana Marine – Minisitiri w’Uburezi: Mukamana Mutega Chantal – Minisitiri ushinzwe kurengera impunzi no gukemura ikibazo gitera ubuhunzi: Nakure Virginie – Minisitiri w’Ibikorwaremezo n’Imiturire : Padiri Ntakirutimana Gaspard – Minisitiri w’Ubuhinzi, Ubworozi n’Ubutaka: Seburanga Jean Léonard – Minisitiri w’Ubuzima n’Imibereho Myiza y’Abaturage: Mujawayezu Spéciose Iyi Guverinoma kandi yari yarashyizemo Ingabire Victoire (wari ufungiwe mu Rwanda) wagizwe Minisitiri w’Umuco, umuryango no guteza imbere umwari n’umutegarugori; na Mushayidi Deogratias wakatiwe igifungo cya burundu n’ubutabera bw’u Rwanda, wagizwe Minisitiri w’Ubutabera. Padiri Nahimana kandi iyi Guverinoma yaje kuyivugurura muri Kanama 2018, agira Kansiime Uwizeye Immaculée Minisitiri w’Intebe ufite Ububanyi n’Amahanga mu nshingano, amusimbuje Akishuli Abdallah yari amaze kugira Umushinjacyaha Mukuru. Uyu ni Ntagara Jean Paul Padiri Nahimana yagize Minisitiri w’Intebe Ingabire Marie-Médiatrice wagizwe Minisitiri w’Uburezi n’Imibereho Myiza y’Abaturage muri Guverinoma ikorera mu buhungiro INGABIRE VICTOIRE ATI "ABANTU BAKAMA BAKAGERA MU MANO BAGAKOMEZA BAGAKAMA, ABANTU BARAKAMWE BAGEZE AHO NABO BARAKAMIRIKA", BYOSE BYIYUMVIRE MURI IKI KIGANIRO YAGIRANYE N’UMUBAVU TV ONLINE: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) Emmanuel kubwimana Kuya 14-12-2020 Uyu mu Padari areba kure mumureke abavuga ko ari umusazi nta musazi usara ategeka mwa bantu .Abatowe nibatuyobora neza ikindi dusaba niki ,Ushinzwe ubuhunzi akabuvanaho tukaryama tukaruhuka guhunga Abanyarwanda barambiwe guhunga we we . Emmanuel kubwimana Kuya 14-12-2020 Uyu mu Padari areba kure mumureke abavuga ko ari umusazi nta musazi usara ategeka mwa bantu .Abatowe nibatuyobora neza ikindi dusaba niki ,Ushinzwe ubuhunzi akabuvanaho tukaryama tukaruhuka guhunga Abanyarwanda barambiwe guhunga we we . Pascal Kuya 12-12-2020 Nahimana yaretse ubupadiri aba umunyaporitike.Tubihange amaso Mbandiyimfura Kuya 10-12-2020 Padiri Nahimana azi ibyakora!Umunsi umwe muzabibona ko atakinaga! INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu