Close MORE NEWS Kigali:Umusekirite yakubise umuturage agwa igihumure avuga ko yashakishwaga na RIB UMUBAVU.com Umubavu Kuya 21-08-2021 saa 07:20' whatsapp Facebook Polisi y’u Rwanda yizeje ko igiye gukurikirana ikibazo cy’umuturage wakubiswe n’Umusekirite mu Mujyi wa Kigali agahita agwa igihumure. Ni nyuma y’uko aya makuru atangajwe n’Umunyamakuru w’inkuru zicumbuye mu Rwanda witwa Samuel Baker Byansi. Mu butumwa yanyijije kuri Twitter, uyu Munyamakuru Samuel Baker Byansi yamenyesheje inzego ko mu mujyi rwagati hari umukozi ucunga umutekano [Umusekirite] wa Kompanyi yitwa “MISIC ishinzwe parking muri Kigali akubise umuturage amumena umutwe ngo ni uko aparitse aho yamubujije.” Ubu butumwa bw’uyu munyamakuru yasangije Polisi y’u Rwanda, bukomeza buvuga ko uriya musekirite yireguye avuga ko yakubise uriya muturage ngo kuko Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rumushakisha. Uyu munyamakuru akomeza agira ati “Izi ngufu z’umurengera ziriho zikoreshwa zikomeje gutiza umurindi agahinda gakabije.” Polisi y’u Rwanda yasangijwe ubu butumwa, yasubije uyu munyamakuru kuri Twitter, igira iti “Murakoze ku makuru muduhaye turabikurikirana.” Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) Luc Kuya 22-08-2021 Ariko mumbwire ibi nibiki ? INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Kigali:Umusekirite yakubise umuturage agwa igihumure avuga ko yashakishwaga na RIB UMUBAVU.com Umubavu Kuya 21-08-2021 saa 07:20' whatsapp Facebook Polisi y’u Rwanda yizeje ko igiye gukurikirana ikibazo cy’umuturage wakubiswe n’Umusekirite mu Mujyi wa Kigali agahita agwa igihumure. Ni nyuma y’uko aya makuru atangajwe n’Umunyamakuru w’inkuru zicumbuye mu Rwanda witwa Samuel Baker Byansi. Mu butumwa yanyijije kuri Twitter, uyu Munyamakuru Samuel Baker Byansi yamenyesheje inzego ko mu mujyi rwagati hari umukozi ucunga umutekano [Umusekirite] wa Kompanyi yitwa “MISIC ishinzwe parking muri Kigali akubise umuturage amumena umutwe ngo ni uko aparitse aho yamubujije.” Ubu butumwa bw’uyu munyamakuru yasangije Polisi y’u Rwanda, bukomeza buvuga ko uriya musekirite yireguye avuga ko yakubise uriya muturage ngo kuko Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rumushakisha. Uyu munyamakuru akomeza agira ati “Izi ngufu z’umurengera ziriho zikoreshwa zikomeje gutiza umurindi agahinda gakabije.” Polisi y’u Rwanda yasangijwe ubu butumwa, yasubije uyu munyamakuru kuri Twitter, igira iti “Murakoze ku makuru muduhaye turabikurikirana.” Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) Luc Kuya 22-08-2021 Ariko mumbwire ibi nibiki ? INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu