Close MORE NEWS Kera kabaye Zari yagiye kwerekana umugabo we iwabo UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 22-08-2019 saa 13:20' whatsapp Facebook Mu buryo busa n’ibanga, umuherwekazi w’umugande, Zari The Boss Lady n’umugabo we wo muri Afurika y’Epfo, King Bae uherutse kumwambika impeta, mu ntangiriro z’iki cyumweru bari muri Uganda aho yari yagiye kumwerekana iwabo. Nkuko ikinyamakuru Global Publishers cyanditse iyi nkuru kibivuga, ku munsi wo ku wa Mbere Zari na King Bae bari mu murwa mukuru w’iki gihugu Kampala. Bivugwa ko aba bombi bageze muri Uganda batandukanye, aho Zari we yageze ku kibuga cy’indege cya Entebbe akaza gufatwa n’umuntu ari mu modoka yagendagamo ari kumwe n’umugabo we Ivan Ssemwanga atarapfa. Nyuma yaho ni bwo na King Bae na we yaje bazakumufata, Zari ngo akaba yaratunguwe ndetse anashimishwa n’uko yasanze umugabo we hari amagambo make yo mu Kigande ndetse n’Igiswayile yize. Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Zari yashyizeho amashusho ariko yahishe isura y’umugabo we King Bae, iherkezwa n’amagambo agira ati"muraho Uganda, Queen Bae (Zari na King Bae) bari hano" Impamvu nyamukuru yabajyanye muri Uganda ni ukwerekana uyu mugabo we mu muryango w’iwabo agahura na se, Hassan Tiale, ni nyuma y’ubukwe bw’ibanga bivugwa ko bakoreye muri Afurika y’Epfo. Zari ntakunze kugaragaza isura y’umukunzi we yita King Bae Uyu mugore w’abana 5 ntarahaga abagabo dore ko aheruka kuvuga ko azabyara abana 10 @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Kera kabaye Zari yagiye kwerekana umugabo we iwabo UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 22-08-2019 saa 13:20' whatsapp Facebook Mu buryo busa n’ibanga, umuherwekazi w’umugande, Zari The Boss Lady n’umugabo we wo muri Afurika y’Epfo, King Bae uherutse kumwambika impeta, mu ntangiriro z’iki cyumweru bari muri Uganda aho yari yagiye kumwerekana iwabo. Nkuko ikinyamakuru Global Publishers cyanditse iyi nkuru kibivuga, ku munsi wo ku wa Mbere Zari na King Bae bari mu murwa mukuru w’iki gihugu Kampala. Bivugwa ko aba bombi bageze muri Uganda batandukanye, aho Zari we yageze ku kibuga cy’indege cya Entebbe akaza gufatwa n’umuntu ari mu modoka yagendagamo ari kumwe n’umugabo we Ivan Ssemwanga atarapfa. Nyuma yaho ni bwo na King Bae na we yaje bazakumufata, Zari ngo akaba yaratunguwe ndetse anashimishwa n’uko yasanze umugabo we hari amagambo make yo mu Kigande ndetse n’Igiswayile yize. Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Zari yashyizeho amashusho ariko yahishe isura y’umugabo we King Bae, iherkezwa n’amagambo agira ati"muraho Uganda, Queen Bae (Zari na King Bae) bari hano" Impamvu nyamukuru yabajyanye muri Uganda ni ukwerekana uyu mugabo we mu muryango w’iwabo agahura na se, Hassan Tiale, ni nyuma y’ubukwe bw’ibanga bivugwa ko bakoreye muri Afurika y’Epfo. Zari ntakunze kugaragaza isura y’umukunzi we yita King Bae Uyu mugore w’abana 5 ntarahaga abagabo dore ko aheruka kuvuga ko azabyara abana 10 @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu