Close MORE NEWS Ishyaka rya Perezida Museveni ryashyizeho abanyamategeko 40 bazaryunganira UMUBAVU.com Umubavu Kuya 5-02-2021 saa 09:22' whatsapp Facebook Ishyaka National Resistance Movement (NRM) riri ku butegetsi bwa Uganda ryashyizeho urutonde rw’abanyamategeko 40 bazaryunganira mu rubanza ryarezwemo na National Unity Platform (NUP) rya Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine urishinja kwiba amatora yo kuwa 14 Mutarama 2021. Ku munsi wo kuwa Mbere tariki ya 1 Gashyantare 2021 nibwo abanyamategeko b’ishyaka NUP bagejeje ikirego ku rukiko rw’ikirenga rwa Uganda risaba ko ibyavuye mu matora yo kuwa 14 Mutarama 2021 biteshwa agaciro cyane ko ngo Museveni ufatwa nk’uwayatsinze n’amajwi 58% yakoresheje uburiganya. Mu mpapuro z’ikirego cya National Unity Platform hagaragarao impamvu zigera kuri 26 zashingiweho basaba ko aya amatora yaseswa hagakorwa andi, zirimo gutera ubwoba abakozi ba NUP n’abayishyigikiye hamwe n’impapuro zitora zitazwi zagaragajwe zatoreweho n’abantu ba baringa. Muri iki kirego ishyaka NRM ryashyizeho itsinda ry’amategeko rigizwe n’abagabo 40 riyobowe n’umuyobozi ushinzwe amategeko mu ishyaka Oscar Kihika. Biteganijweko aba bazahangana n’itsinda ry’abanyamategeko ba NUP 25 barangajwe Imbere na Anthony Wameli uyobora ishami ry’amategeko muri NUP. KUKI BATUBUZA GUKORA || MU ITANGAZAMAKURU BARATEKINIKA CYANE|| UYU MUGABO NTABWO NZI UKO AHEMBWA Umuryango Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Ishyaka rya Perezida Museveni ryashyizeho abanyamategeko 40 bazaryunganira UMUBAVU.com Umubavu Kuya 5-02-2021 saa 09:22' whatsapp Facebook Ishyaka National Resistance Movement (NRM) riri ku butegetsi bwa Uganda ryashyizeho urutonde rw’abanyamategeko 40 bazaryunganira mu rubanza ryarezwemo na National Unity Platform (NUP) rya Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine urishinja kwiba amatora yo kuwa 14 Mutarama 2021. Ku munsi wo kuwa Mbere tariki ya 1 Gashyantare 2021 nibwo abanyamategeko b’ishyaka NUP bagejeje ikirego ku rukiko rw’ikirenga rwa Uganda risaba ko ibyavuye mu matora yo kuwa 14 Mutarama 2021 biteshwa agaciro cyane ko ngo Museveni ufatwa nk’uwayatsinze n’amajwi 58% yakoresheje uburiganya. Mu mpapuro z’ikirego cya National Unity Platform hagaragarao impamvu zigera kuri 26 zashingiweho basaba ko aya amatora yaseswa hagakorwa andi, zirimo gutera ubwoba abakozi ba NUP n’abayishyigikiye hamwe n’impapuro zitora zitazwi zagaragajwe zatoreweho n’abantu ba baringa. Muri iki kirego ishyaka NRM ryashyizeho itsinda ry’amategeko rigizwe n’abagabo 40 riyobowe n’umuyobozi ushinzwe amategeko mu ishyaka Oscar Kihika. Biteganijweko aba bazahangana n’itsinda ry’abanyamategeko ba NUP 25 barangajwe Imbere na Anthony Wameli uyobora ishami ry’amategeko muri NUP. KUKI BATUBUZA GUKORA || MU ITANGAZAMAKURU BARATEKINIKA CYANE|| UYU MUGABO NTABWO NZI UKO AHEMBWA Umuryango Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu