Close MORE NEWS Icyo Kiliziya Gatolika ivuga ku gushyingira abatinganyi UMUBAVU.com Umubavu Kuya 16-03-2021 saa 12:00' whatsapp Facebook Ibiro by’i Vatican bishinzwe amahame remezo byatangaje ko Kiliziya Gatolika idafite ububasha bwo guha umugisha abashakana bahuje igitsina bazwi nk’abatinganyi. Abagize akana gashinzwe amahame remezo y’ukwemera(CDF) kagaragaje ko bidashoboka ko ko Imana iha umugisha icyaha ariko yanavuze ko hari ibintu byiza byo mu mibanire y’abatinganyi. Mu kwezi k’Ukwakira umwaka wa 2020, Papa Francis yavugiye muri filimi mbarankuru ko atekereza ko abatinganyi bakwiye kwemererwa gusezerana imbere y’amategeko. Muri Kiliziya Gatolika, umugisha utangwa n’umupadiri cyangwa undi wihayimana, bakabikora mu izina rya Kiliziya. Kuri wa mbere, nibwo Papa Francis yemeje igisubizo cy’akanama CDF, kivuga ko bitagamije kuba uburyo bw’ivangura ridakwiye, ahubwo ko ari uburyo bwibutsa ukuri k’umugenzo wa liturujiya. Mu gihe gishize, Reuters yanditse ko hari za Paruwasi zirimo izo mu Budage no muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangiye guha umugisha umubano w’abatinganyi nk’uburyo bwo guha ikaze muri Kiliziya abanyagatolika b’abatinganyi. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Icyo Kiliziya Gatolika ivuga ku gushyingira abatinganyi UMUBAVU.com Umubavu Kuya 16-03-2021 saa 12:00' whatsapp Facebook Ibiro by’i Vatican bishinzwe amahame remezo byatangaje ko Kiliziya Gatolika idafite ububasha bwo guha umugisha abashakana bahuje igitsina bazwi nk’abatinganyi. Abagize akana gashinzwe amahame remezo y’ukwemera(CDF) kagaragaje ko bidashoboka ko ko Imana iha umugisha icyaha ariko yanavuze ko hari ibintu byiza byo mu mibanire y’abatinganyi. Mu kwezi k’Ukwakira umwaka wa 2020, Papa Francis yavugiye muri filimi mbarankuru ko atekereza ko abatinganyi bakwiye kwemererwa gusezerana imbere y’amategeko. Muri Kiliziya Gatolika, umugisha utangwa n’umupadiri cyangwa undi wihayimana, bakabikora mu izina rya Kiliziya. Kuri wa mbere, nibwo Papa Francis yemeje igisubizo cy’akanama CDF, kivuga ko bitagamije kuba uburyo bw’ivangura ridakwiye, ahubwo ko ari uburyo bwibutsa ukuri k’umugenzo wa liturujiya. Mu gihe gishize, Reuters yanditse ko hari za Paruwasi zirimo izo mu Budage no muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangiye guha umugisha umubano w’abatinganyi nk’uburyo bwo guha ikaze muri Kiliziya abanyagatolika b’abatinganyi. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu