Close MORE NEWS Ibinini by’inzoka bihabwa abana bigiye kujya bihabwa n’abakuze UMUBAVU.com Umubavu Kuya 1-02-2021 saa 10:13' whatsapp Facebook Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima RBC kiratangaza ko abantu bakuru na bo bagiye kujya bahabwa ibinini by’inzoka nk’uko bihabwa abana bato. Kuri uyu wa Gatandatu tariki 30 Mutarama 2021, Isi yizihije umunsi mpuzamahanga wo kurwanya indwara zititabwaho zirimo n’inzoka zo mu nda. Umuyobozi wa gahunda yo kurwanya indwara zititaweho mu Kigo cy’Igihugu cy’Ubuzima RBC, Dr Ruberanziza Eugène avuga ko ubusanzwe indwara zititabwaho ari nyinshi ariko izizwi cyane inzoka zo mu nda. Avuga ko izi nzoka zikunze kwibasira abana n’abantu bageze mu za bukuru, gusa akavuga ko hari n’uburyo bwo kuzirinda. Yavuze ko mu buryo bwo kuzirinda harimo kugira isuku yaba iy’ibikoresho, iy’ibiribwa n’ibinyobwa ndetse n’iy’ahantu abantu batuye. Avuga ko nubwo inzoka zo mu nda abantu bazipinga ariko “ni mbi cyane, ku bana zirabadidinza, bagakurizamo kugwingira, zituma batajya ku ishuri cyangwa se bagakurikira nabi, ibyo bikaba byatuma bava mu ishuri ndetse hari n’abazirwara zikabahitana.” Avuga kandi ko ari mbi ku bagore batwite kuko zishobora kugira ingaruka mbi ku bana batwite. Kuva muri 2008 Leta y’u Rwanda yatangije gahunda yo guha ku buntu ibinini by’inzoka abana bato ndetse ko hari n’abantu bakuze na bo bagiye kujya bahabwa ibi binini kuko na bo ziriya nzoka zibazahaza. KIGALI: YANZE KO APIMWA COVID-19 ATABANJE GUHABWA AMAFARANGA|U RDA RURASABA IBISOBANURO U BWONGEREZA Ukwezi Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Ibinini by’inzoka bihabwa abana bigiye kujya bihabwa n’abakuze UMUBAVU.com Umubavu Kuya 1-02-2021 saa 10:13' whatsapp Facebook Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima RBC kiratangaza ko abantu bakuru na bo bagiye kujya bahabwa ibinini by’inzoka nk’uko bihabwa abana bato. Kuri uyu wa Gatandatu tariki 30 Mutarama 2021, Isi yizihije umunsi mpuzamahanga wo kurwanya indwara zititabwaho zirimo n’inzoka zo mu nda. Umuyobozi wa gahunda yo kurwanya indwara zititaweho mu Kigo cy’Igihugu cy’Ubuzima RBC, Dr Ruberanziza Eugène avuga ko ubusanzwe indwara zititabwaho ari nyinshi ariko izizwi cyane inzoka zo mu nda. Avuga ko izi nzoka zikunze kwibasira abana n’abantu bageze mu za bukuru, gusa akavuga ko hari n’uburyo bwo kuzirinda. Yavuze ko mu buryo bwo kuzirinda harimo kugira isuku yaba iy’ibikoresho, iy’ibiribwa n’ibinyobwa ndetse n’iy’ahantu abantu batuye. Avuga ko nubwo inzoka zo mu nda abantu bazipinga ariko “ni mbi cyane, ku bana zirabadidinza, bagakurizamo kugwingira, zituma batajya ku ishuri cyangwa se bagakurikira nabi, ibyo bikaba byatuma bava mu ishuri ndetse hari n’abazirwara zikabahitana.” Avuga kandi ko ari mbi ku bagore batwite kuko zishobora kugira ingaruka mbi ku bana batwite. Kuva muri 2008 Leta y’u Rwanda yatangije gahunda yo guha ku buntu ibinini by’inzoka abana bato ndetse ko hari n’abantu bakuze na bo bagiye kujya bahabwa ibi binini kuko na bo ziriya nzoka zibazahaza. KIGALI: YANZE KO APIMWA COVID-19 ATABANJE GUHABWA AMAFARANGA|U RDA RURASABA IBISOBANURO U BWONGEREZA Ukwezi Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu