Close MORE NEWS Hateguwe ibirori abagabo bazitabira bakakirizwa abakobwa n’inzoga UMUBAVU.com Umubavu Kuya 10-10-2018 saa 07:15' whatsapp Facebook Ku mapawundi ibihumbi bitanu (asaga miliyoni eshanu n’igice z’amafaranga y’u Rwanda), umugabo umwe azabasha kumara iminsi ine akorana imibonano mpuzabitsina n’abagore babiri yihitiyemo mu birori bizatangira tariki 14 Ukuboza 2018. Ibi birori bizwi nka ‘Sex Island Party’ biteguwe ku nshuro ya kabiri nyuma y’uko umwaka ushize bihagaritswe n’ubuyobozi bwa Colombia byabereyemo bitewe n’abaturage benshi bagaragaje ko batabishyigikiye. Umugabo uzabyitabira azahabwa abagore babiri bo gukorana imibonano mpuzabitsina iminsi ine, bakomoka muri Amerika y’Amajyepfo, bahabwe inzoga, ibiryo, udukingirizo n’ibindi byose bazakenera nkuko sosiyete ibitegura Good Girls Co yabitangaje. Ivuga ko iki gikorwa bavuga ko abakobwa babo bapimwe kandi nta ndwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina bafite. Hari kandi itegeko rikomeye ryo gukoresha agakingirizo kandi tuzatangwa. Kuri iyi nshuro banakoresheje ubutumwa bwamamaza aho bahamagarira abagabo kugura amatike ku bwinshi dore ko abagabo 30 ba mbere ari bo bazemererwa. Umwaka ushize bihagarikwa, hari abaturage bagaragaje ko abakobwa babyitabira bacuruzwa bityo ko hanakurikiranwa niba hadakorerwamo ibyaha. Ababitegura bongeye gushimangira ko nta curuzwa ry’abantu ririmo kuko abakobwa bose babyitabira ku bushake bwabo kandi barengeje imyaka 18. Ikinyamakuru Mirror cyanditse ko hatigeze hatangazwa ikirwa ibyo birori bizaberamo icyakora hashize iminsi hahwihwiswa muri Colombia cyangwa mu birwa bya Caraïbes. Abazaba bemejwe kandi bamaze kugura amatike, bazohererezwa ubutumwa bubamenyesha aho ibirori bizabera. Abakobwa 60 nibo batoranyirijwe gushimisha abagabo bazaba bitabiriye ibyo birori. Nubwo umwaka ushize Colombia yabihagaritse, abategura ibyo birori bemeza ko byabereye ahantu hihishe. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) kiki Kuya 11-10-2018 ibibivunamuheto rero nibyo bizatuma imana yongera kurimbura isi kandi uwomugambi ntawo.yarifite tuzazira ibibikenya INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Hateguwe ibirori abagabo bazitabira bakakirizwa abakobwa n’inzoga UMUBAVU.com Umubavu Kuya 10-10-2018 saa 07:15' whatsapp Facebook Ku mapawundi ibihumbi bitanu (asaga miliyoni eshanu n’igice z’amafaranga y’u Rwanda), umugabo umwe azabasha kumara iminsi ine akorana imibonano mpuzabitsina n’abagore babiri yihitiyemo mu birori bizatangira tariki 14 Ukuboza 2018. Ibi birori bizwi nka ‘Sex Island Party’ biteguwe ku nshuro ya kabiri nyuma y’uko umwaka ushize bihagaritswe n’ubuyobozi bwa Colombia byabereyemo bitewe n’abaturage benshi bagaragaje ko batabishyigikiye. Umugabo uzabyitabira azahabwa abagore babiri bo gukorana imibonano mpuzabitsina iminsi ine, bakomoka muri Amerika y’Amajyepfo, bahabwe inzoga, ibiryo, udukingirizo n’ibindi byose bazakenera nkuko sosiyete ibitegura Good Girls Co yabitangaje. Ivuga ko iki gikorwa bavuga ko abakobwa babo bapimwe kandi nta ndwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina bafite. Hari kandi itegeko rikomeye ryo gukoresha agakingirizo kandi tuzatangwa. Kuri iyi nshuro banakoresheje ubutumwa bwamamaza aho bahamagarira abagabo kugura amatike ku bwinshi dore ko abagabo 30 ba mbere ari bo bazemererwa. Umwaka ushize bihagarikwa, hari abaturage bagaragaje ko abakobwa babyitabira bacuruzwa bityo ko hanakurikiranwa niba hadakorerwamo ibyaha. Ababitegura bongeye gushimangira ko nta curuzwa ry’abantu ririmo kuko abakobwa bose babyitabira ku bushake bwabo kandi barengeje imyaka 18. Ikinyamakuru Mirror cyanditse ko hatigeze hatangazwa ikirwa ibyo birori bizaberamo icyakora hashize iminsi hahwihwiswa muri Colombia cyangwa mu birwa bya Caraïbes. Abazaba bemejwe kandi bamaze kugura amatike, bazohererezwa ubutumwa bubamenyesha aho ibirori bizabera. Abakobwa 60 nibo batoranyirijwe gushimisha abagabo bazaba bitabiriye ibyo birori. Nubwo umwaka ushize Colombia yabihagaritse, abategura ibyo birori bemeza ko byabereye ahantu hihishe. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) kiki Kuya 11-10-2018 ibibivunamuheto rero nibyo bizatuma imana yongera kurimbura isi kandi uwomugambi ntawo.yarifite tuzazira ibibikenya INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu