Close MORE NEWS Ghana: Depite yishwe arashwe avuye kwiyamamaza UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 9-10-2020 saa 10:20' whatsapp Facebook Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko ya Ghana yishwe arashwe mu ijoro ryacyeye kuri uyu wa Gatanu ubwo yari asubiye iwe mu rugo avuye kwiyamamaza. Ekow Quansah Hayford, wari uhagarariye akarere ka Mfantseman, yatewe n’abagabo batandatu bitwaje imbunda mu ma saa saba z’ijoro zaho, nkuko bivugwa n’ibitangazamakuru byo muri Ghana. Uwabibonye yabwiye ibyo bitangazamakuru ko ibyo biba Depite Quansah yibwiye abo bagabo bitwaje imbunda. Ngo bamurashe amasasu abiri bamushinja kuba intandaro y’ibibazo abaturage ba Ghana bafite, nkuko bitangazwa n’urubuga Joy rw’amakuru. Radio Citi FM yaho itangaza ko umushoferi wari umutwaye na we yarashwe ubu akaba arimo kuvurwa. Ariko abandi bantu batatu bari mu modoka bo nta cyo babaye. Amatora rusange muri Ghana ateganyijwe kuba ku itariki ya 7 y’ukwezi kwa cumi na Kabiri uyu mwaka. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Ghana: Depite yishwe arashwe avuye kwiyamamaza UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 9-10-2020 saa 10:20' whatsapp Facebook Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko ya Ghana yishwe arashwe mu ijoro ryacyeye kuri uyu wa Gatanu ubwo yari asubiye iwe mu rugo avuye kwiyamamaza. Ekow Quansah Hayford, wari uhagarariye akarere ka Mfantseman, yatewe n’abagabo batandatu bitwaje imbunda mu ma saa saba z’ijoro zaho, nkuko bivugwa n’ibitangazamakuru byo muri Ghana. Uwabibonye yabwiye ibyo bitangazamakuru ko ibyo biba Depite Quansah yibwiye abo bagabo bitwaje imbunda. Ngo bamurashe amasasu abiri bamushinja kuba intandaro y’ibibazo abaturage ba Ghana bafite, nkuko bitangazwa n’urubuga Joy rw’amakuru. Radio Citi FM yaho itangaza ko umushoferi wari umutwaye na we yarashwe ubu akaba arimo kuvurwa. Ariko abandi bantu batatu bari mu modoka bo nta cyo babaye. Amatora rusange muri Ghana ateganyijwe kuba ku itariki ya 7 y’ukwezi kwa cumi na Kabiri uyu mwaka. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu