Close MORE NEWS Canada bamerewe nabi ,inkongi n’Ubushyuhe biraca ibintu UMUBAVU.com Umubavu Kuya 3-07-2021 saa 07:34' whatsapp Facebook Nyuma y’icyumweru cy’ubushyuhe butigeze bubaho mu mateka ya Canada, aho bwageze kuri dogere Celsius 49 mu gace ka Lytton kari gasanzwe kagira dogere 30 mu bihe by’impeshyi, kuri ubu iki gihugu cyibasiwe n’umuriro udasanzwe watewe n’umurabyo w’inkuba. Kuri ubu inkongi z’umuriro 136 ziri gutwika mu bice bitandukanye bya Canada, aho Leta yatangaje ko igiye kohereza indege za gisirikari mu kurwana n’izi nkongi yasenye hafi agace kose ka Lytton, ndetse n’ibindi bice bitandukanye byagizweho ingaruka i Vancouver, aho abaturage benshi basabwe guhunga. Ibipimo by’ubushyuhe muri Canada birimo kugabanuka ariko mu minsi ishize byari byarazamutseho hagati ya 20% na 50%, ari nayo mpamvu Leta yashyizeho ibyumba byo gukonjesha abantu badafite imashini zibikora mu ngo n’imodoka zabo. Izi nkongi z’umuriro zatewe n’imirabyo y’inkuba irenga 12 000 yakubise mu bihe bitandukanye muri icyo gihugu, gusa abahanga mu by’imihindagurikire y’ikirere bavuze ko batakwemeza niba ubu bushyuhe n’izi nkongi zabukurikiye bifitanye isano n’ingaruka z’imihindagurikire y’ikirere. Abantu barenga 700 biganjemo abageze mu za bukuru bibana, bamaze kwitaba Imana muri Canada bikekwa ko byagizwemo uruhare n’ubu bushyuhe budasanzwe. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Canada bamerewe nabi ,inkongi n’Ubushyuhe biraca ibintu UMUBAVU.com Umubavu Kuya 3-07-2021 saa 07:34' whatsapp Facebook Nyuma y’icyumweru cy’ubushyuhe butigeze bubaho mu mateka ya Canada, aho bwageze kuri dogere Celsius 49 mu gace ka Lytton kari gasanzwe kagira dogere 30 mu bihe by’impeshyi, kuri ubu iki gihugu cyibasiwe n’umuriro udasanzwe watewe n’umurabyo w’inkuba. Kuri ubu inkongi z’umuriro 136 ziri gutwika mu bice bitandukanye bya Canada, aho Leta yatangaje ko igiye kohereza indege za gisirikari mu kurwana n’izi nkongi yasenye hafi agace kose ka Lytton, ndetse n’ibindi bice bitandukanye byagizweho ingaruka i Vancouver, aho abaturage benshi basabwe guhunga. Ibipimo by’ubushyuhe muri Canada birimo kugabanuka ariko mu minsi ishize byari byarazamutseho hagati ya 20% na 50%, ari nayo mpamvu Leta yashyizeho ibyumba byo gukonjesha abantu badafite imashini zibikora mu ngo n’imodoka zabo. Izi nkongi z’umuriro zatewe n’imirabyo y’inkuba irenga 12 000 yakubise mu bihe bitandukanye muri icyo gihugu, gusa abahanga mu by’imihindagurikire y’ikirere bavuze ko batakwemeza niba ubu bushyuhe n’izi nkongi zabukurikiye bifitanye isano n’ingaruka z’imihindagurikire y’ikirere. Abantu barenga 700 biganjemo abageze mu za bukuru bibana, bamaze kwitaba Imana muri Canada bikekwa ko byagizwemo uruhare n’ubu bushyuhe budasanzwe. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu