Close MORE NEWS Burkina Faso: Abantu 14 barimo na Pasiteri biciwe mu rusengero UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 2-12-2019 saa 07:16' whatsapp Facebook Abantu 14 bishwe ubwo abagabo bitwaje imbunda barasaga mu rusengero muri Burkina Faso. Abapfuye bari mu masengesho mu rusengero rw’ahitwa Hantoukoura, mu Burasirazuba bw’igihugu, ejo ku cyumweru. Ntabwo bizwi abagabye icyo gitero kandi icyabibateye na cyo ntikiramenyekana. Abantu babarirwa muri za magana bamaze kwicwa muri icyo gihugu mu myaka micye ishize, ahanini bishwe n’imitwe igendera ku mahame akaze y’idini ya Kisilamu. Ibi biteza ubushyamirane bushingiye ku moko n’imyimerere y’idini, cyane cyane ku mupaka gihana na Mali. Itangazo ryasohowe n’ubuyobozi bwo muri ako karere kabereyemo igitero rivuga ko abantu benshi bakomeretse. Umwe mu bashinzwe umutekano yabwiye Ibiro Ntaramakuru AFP ko abantu bitwaje intwaro bagabye icyo gitero bica abaje gusenga barimo Pasiteri n’abana. Undi mu bavuganye na AFP yavuze ko abagabye icyo gitero bahise bahunga bari kuri za moto. Mu kwezi kwa cumi, abantu 15 barishwe naho abandi babiri barakomereka bikomeye ubwo hagabwaga igitero ku musigiti. Kuva mu mwaka wa 2015, ibitero by’intagondwa zigendera ku mahame akaze y’idini ya kisilamu byariyongereye, bituma amashuri abarirwa mu bihumbi afunga imiryango. Umutekano mucye wageze no hakurwa y’umupaka mu gihugu gituranyi cya Mali aho intagondwa zigendera ku mahame akaze y’idini ya Kisilamu mu 2012 zigaruriye amajyaruguru y’igihugu. Nyuma zaje gutsinsurwa ku bufatanye n’ingaho z’u Bufaransa. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru FDLR yirukanwe ku butaka bwa RDC itegekwa gutaha i Rwanda imyidagaduro Umunyamakuru Byansi yasomye umukunzi we abantu barumirwa ubwo yateraga ivi-Amafoto&Video amakuru Victoire: Igihembo yahawe adahari, igiciro gihanitse cy’ibishyimbo, amakuru y’ishyaka rye-Video amakuru Umupolisi yishwe akubiswe umugeri ku bugabo imyidagaduro Depite Frank Habineza yasengeye Byansi isengesho rikomeye ubwo yateraga ivi-Amafoto&Video imyidagaduro Ubukwe bw’agatangaza bw’abana b’imyaka 12 biga mu ishuri ribanza, bukomeje kuvugisha benshi-Amafoto amakuru Umugabo yafatiwe kwa Nyirabukwe yiba inyama amakuru Col. Muhawenimana wari ukuriye FLN muri Kalehe yishwe abandi bamanika amaboko amakuru Victoire Ingabire yahawe igihembo cyo guharanira uburenganzira bwa muntu cyakirwa n’umwana we NDANGIRA amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika ubukungu Bakuye isomo muri ‘EXPO’ rizabafasha kumenya Kawa abakiriya bakeneye iterambere Urubuga ‘Business.rw’ ruje ari igisubizo ku bucuruzi bwo kuri Interineti ubuzima Ababuze ubushake mu gutera akabariro, abashaka gutsirika ababazengereje cyangwa kubashika babonye igisubizo
Burkina Faso: Abantu 14 barimo na Pasiteri biciwe mu rusengero UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 2-12-2019 saa 07:16' whatsapp Facebook Abantu 14 bishwe ubwo abagabo bitwaje imbunda barasaga mu rusengero muri Burkina Faso. Abapfuye bari mu masengesho mu rusengero rw’ahitwa Hantoukoura, mu Burasirazuba bw’igihugu, ejo ku cyumweru. Ntabwo bizwi abagabye icyo gitero kandi icyabibateye na cyo ntikiramenyekana. Abantu babarirwa muri za magana bamaze kwicwa muri icyo gihugu mu myaka micye ishize, ahanini bishwe n’imitwe igendera ku mahame akaze y’idini ya Kisilamu. Ibi biteza ubushyamirane bushingiye ku moko n’imyimerere y’idini, cyane cyane ku mupaka gihana na Mali. Itangazo ryasohowe n’ubuyobozi bwo muri ako karere kabereyemo igitero rivuga ko abantu benshi bakomeretse. Umwe mu bashinzwe umutekano yabwiye Ibiro Ntaramakuru AFP ko abantu bitwaje intwaro bagabye icyo gitero bica abaje gusenga barimo Pasiteri n’abana. Undi mu bavuganye na AFP yavuze ko abagabye icyo gitero bahise bahunga bari kuri za moto. Mu kwezi kwa cumi, abantu 15 barishwe naho abandi babiri barakomereka bikomeye ubwo hagabwaga igitero ku musigiti. Kuva mu mwaka wa 2015, ibitero by’intagondwa zigendera ku mahame akaze y’idini ya kisilamu byariyongereye, bituma amashuri abarirwa mu bihumbi afunga imiryango. Umutekano mucye wageze no hakurwa y’umupaka mu gihugu gituranyi cya Mali aho intagondwa zigendera ku mahame akaze y’idini ya Kisilamu mu 2012 zigaruriye amajyaruguru y’igihugu. Nyuma zaje gutsinsurwa ku bufatanye n’ingaho z’u Bufaransa. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru FDLR yirukanwe ku butaka bwa RDC itegekwa gutaha i Rwanda imyidagaduro Umunyamakuru Byansi yasomye umukunzi we abantu barumirwa ubwo yateraga ivi-Amafoto&Video amakuru Victoire: Igihembo yahawe adahari, igiciro gihanitse cy’ibishyimbo, amakuru y’ishyaka rye-Video amakuru Umupolisi yishwe akubiswe umugeri ku bugabo imyidagaduro Depite Frank Habineza yasengeye Byansi isengesho rikomeye ubwo yateraga ivi-Amafoto&Video imyidagaduro Ubukwe bw’agatangaza bw’abana b’imyaka 12 biga mu ishuri ribanza, bukomeje kuvugisha benshi-Amafoto amakuru Umugabo yafatiwe kwa Nyirabukwe yiba inyama amakuru Col. Muhawenimana wari ukuriye FLN muri Kalehe yishwe abandi bamanika amaboko amakuru Victoire Ingabire yahawe igihembo cyo guharanira uburenganzira bwa muntu cyakirwa n’umwana we NDANGIRA amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika ubukungu Bakuye isomo muri ‘EXPO’ rizabafasha kumenya Kawa abakiriya bakeneye iterambere Urubuga ‘Business.rw’ ruje ari igisubizo ku bucuruzi bwo kuri Interineti ubuzima Ababuze ubushake mu gutera akabariro, abashaka gutsirika ababazengereje cyangwa kubashika babonye igisubizo