Close MORE NEWS Abanyarwanda bareze mu nkiko Uganda yabafunze binyuranyije n’amategeko UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 17-06-2019 saa 14:34' whatsapp Facebook Abanyarwanda batatu batanze ikirego ku rukiko rw’umuryango wa Afrika y’Iburasirazuba, barega igihugu cya Uganda kubera ko cyabafunze mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Me Mugisha Richard ni we ugiye kubunganira mu mategeko. Mu bareze igihugu cya Uganda harimo umuryango wa Ezeckiel Muhawenimama na Dusabimana Esperance wanabyariye umwana muri gereza I Kabale, ubwo bafungwaga bagiye gutabara umwe mu bagize umuryango wabo. Hari kandi uwitwa Hakorimana Juvenant we yafatiwe mu mujyi wa Kampala, avuye mu gihugu cya Ethiopia aho yigishaga isomo ry’ibinyabuzima cyangwa Biologie mu ndimi z’amahanga. We anavuga ko yafatanywe amadorari ibihumbi 11, n’amayero 5,700 ntiyayasubizwa. Aba bose bajyanywe mu rukiko bashinjwa kwinjira mu gihugu cya Uganda mu buryo butemewe n’amategeko. Iki kirego cyabo cyashyikirijwe ishami ry’urukiko rw’umuryango wa Afrika y’Iburasirazuba rikorera I Kigali cyakirwa n’umwanditsi warwo. @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Abanyarwanda bareze mu nkiko Uganda yabafunze binyuranyije n’amategeko UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 17-06-2019 saa 14:34' whatsapp Facebook Abanyarwanda batatu batanze ikirego ku rukiko rw’umuryango wa Afrika y’Iburasirazuba, barega igihugu cya Uganda kubera ko cyabafunze mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Me Mugisha Richard ni we ugiye kubunganira mu mategeko. Mu bareze igihugu cya Uganda harimo umuryango wa Ezeckiel Muhawenimama na Dusabimana Esperance wanabyariye umwana muri gereza I Kabale, ubwo bafungwaga bagiye gutabara umwe mu bagize umuryango wabo. Hari kandi uwitwa Hakorimana Juvenant we yafatiwe mu mujyi wa Kampala, avuye mu gihugu cya Ethiopia aho yigishaga isomo ry’ibinyabuzima cyangwa Biologie mu ndimi z’amahanga. We anavuga ko yafatanywe amadorari ibihumbi 11, n’amayero 5,700 ntiyayasubizwa. Aba bose bajyanywe mu rukiko bashinjwa kwinjira mu gihugu cya Uganda mu buryo butemewe n’amategeko. Iki kirego cyabo cyashyikirijwe ishami ry’urukiko rw’umuryango wa Afrika y’Iburasirazuba rikorera I Kigali cyakirwa n’umwanditsi warwo. @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu