Close MORE NEWS Abaganga b’u Bushinwa muri Zimbabwe gufasha kurwanya Covid-19 UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 28-09-2020 saa 14:35' whatsapp Facebook Itsinda ry’abaganga 10 b’Abashinwa bageze muri Zimbabwe mu gufasha iki gihugu kurwanya icyorezo cya Coronavirus. Bagiye gukorera mu itsinda ry’ibitaro bizwi nka Parirenyatwa Group of Hospitals, aho bazamara igihe cy’amezi 12, nkuko ikinyamakuru Herald cya leta ya Zimbabwe kibitangaza. Icyo kinyamakuru gisubiramo amagambo ya Dr Luo Weiqiang uyoboye iri tsinda avuga ko we na bagenzi be bazanamamaza ubuvuzi gakondo bw’u Bushinwa. Ibiro by’uhagarariye u Bushinwa muri Zimbabwe byatangaje kuri Twitter ko iri ribaye itsinda rya 18 ry’abaganga b’Abashinwa baje kwifatanya na Zimbabwe mu kurwanya Covid-19. Kugeza ubu muri Zimbabwe hamaze gutangazwa abantu barenga 7,800 banduye Coronavirus, muri bo abarenga 200 imaze kubica, nkuko imibare ya Kaminuza ya Johns Hopkins yo muri Amerika ibigaragaza. Umuturage abajije Ingabire Victoire ikibazo gikomeye! Anavuze ku byemezo by’Abaminisitiri, byose urabyiyumvira muri iyi Video: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Abaganga b’u Bushinwa muri Zimbabwe gufasha kurwanya Covid-19 UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 28-09-2020 saa 14:35' whatsapp Facebook Itsinda ry’abaganga 10 b’Abashinwa bageze muri Zimbabwe mu gufasha iki gihugu kurwanya icyorezo cya Coronavirus. Bagiye gukorera mu itsinda ry’ibitaro bizwi nka Parirenyatwa Group of Hospitals, aho bazamara igihe cy’amezi 12, nkuko ikinyamakuru Herald cya leta ya Zimbabwe kibitangaza. Icyo kinyamakuru gisubiramo amagambo ya Dr Luo Weiqiang uyoboye iri tsinda avuga ko we na bagenzi be bazanamamaza ubuvuzi gakondo bw’u Bushinwa. Ibiro by’uhagarariye u Bushinwa muri Zimbabwe byatangaje kuri Twitter ko iri ribaye itsinda rya 18 ry’abaganga b’Abashinwa baje kwifatanya na Zimbabwe mu kurwanya Covid-19. Kugeza ubu muri Zimbabwe hamaze gutangazwa abantu barenga 7,800 banduye Coronavirus, muri bo abarenga 200 imaze kubica, nkuko imibare ya Kaminuza ya Johns Hopkins yo muri Amerika ibigaragaza. Umuturage abajije Ingabire Victoire ikibazo gikomeye! Anavuze ku byemezo by’Abaminisitiri, byose urabyiyumvira muri iyi Video: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu