Close MORE NEWS USA: Umugabo yasambanyije ku gahato umwana w’imyaka 4 na nyina UMUBAVU.com Daniel MUKESHIMANA Kuya 15-03-2018 saa 11:52' whatsapp Facebook Umugabo witwa Thomas Evans Jnr w’imyaka 37 wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu gace ka Charleston kabarizwa mu mujyi wa Carolina, arashinjwa gufata ku ngufu umugore wari uvuye gufata abana be ku ishuri ndetse ataretse n’umwana we w’imyaka 4 y’amavuko gusa. Ikinyamakuru Mirror cyanditse iyi nkuru kivuga ko uyu mugabo yakurikiranye uyu mugore kuva yava ku ishuli amusanga mu rugo niko gutangira kumufata ku ngufu nkuko ubushinjacyaha bwabitangaje. Uyu mugore w’imyaka 31,yabanje gukubitwa n’uyu mugizi wa nabi ndetse aramukoretsa cyane aho bivugwa ko yamufatiyeho icyuma. Evans yashimuse umwana w’imyaka 4 w’uyu mugore ajya kumuhisha kure y’iwabo byatumye polisi imara ibyumweru 2 imushakisha iza kumusanga mu modoka y’uyu mugabo nawe yarafashwe ku ngufu. Urukiko rwafashe umwanzuro wo gufunga burundu uyu mugabo cyane ko yahamwe n’ibindi byaha birimo ubujura bwitwaje intwaro ndetse no gufata ku ngufu. Daniel MUKESHIMANA/Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) MUGISHA GUMAMO Kuya 31-03-2018 BIRABABAJE INKIKO NIZIKORE AKAZO KAZI NGANIZI SETH Kuya 19-03-2018 Andika Igitekerezo Hanno NUGUSENGA KUKO TURI MUBIHE BYANYUMA PEE INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
USA: Umugabo yasambanyije ku gahato umwana w’imyaka 4 na nyina UMUBAVU.com Daniel MUKESHIMANA Kuya 15-03-2018 saa 11:52' whatsapp Facebook Umugabo witwa Thomas Evans Jnr w’imyaka 37 wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu gace ka Charleston kabarizwa mu mujyi wa Carolina, arashinjwa gufata ku ngufu umugore wari uvuye gufata abana be ku ishuri ndetse ataretse n’umwana we w’imyaka 4 y’amavuko gusa. Ikinyamakuru Mirror cyanditse iyi nkuru kivuga ko uyu mugabo yakurikiranye uyu mugore kuva yava ku ishuli amusanga mu rugo niko gutangira kumufata ku ngufu nkuko ubushinjacyaha bwabitangaje. Uyu mugore w’imyaka 31,yabanje gukubitwa n’uyu mugizi wa nabi ndetse aramukoretsa cyane aho bivugwa ko yamufatiyeho icyuma. Evans yashimuse umwana w’imyaka 4 w’uyu mugore ajya kumuhisha kure y’iwabo byatumye polisi imara ibyumweru 2 imushakisha iza kumusanga mu modoka y’uyu mugabo nawe yarafashwe ku ngufu. Urukiko rwafashe umwanzuro wo gufunga burundu uyu mugabo cyane ko yahamwe n’ibindi byaha birimo ubujura bwitwaje intwaro ndetse no gufata ku ngufu. Daniel MUKESHIMANA/Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) MUGISHA GUMAMO Kuya 31-03-2018 BIRABABAJE INKIKO NIZIKORE AKAZO KAZI NGANIZI SETH Kuya 19-03-2018 Andika Igitekerezo Hanno NUGUSENGA KUKO TURI MUBIHE BYANYUMA PEE INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu