Close MORE NEWS U Burusiya: Umwicanyi urya abantu yishe umugore arya umutima we awutetse UMUBAVU.com Daniel MUKESHIMANA Kuya 23-03-2018 saa 06:45' whatsapp Facebook Mu gihe hirya no hino ku isi hakorwa ibishoboka byose ngo ubwicanyi buranduke burundu nyamara bamwe bakavuga ko bitashoboka babishingiye ko uko bukeye nuko bwije ahubwo birushaho kujya irudubi humvikana abana bishe ababyeyi babo, ababyeyi bishe abana babo yewe n’abivugana abo bashakanye. Kuri ubu umwicanyi wo mu Burusiya bivugwa ko arya abantu yakoze igikorwa cya kinyamaswa ubwo yicaga umubyeyi w’abana 2 amukuramo umutima arawuteka arawurya arangije ahamagara abapolisi ababwira ko aryamye mu maraso. Uyu mwicanyi witwa Alexey Yastrebov yasanze uyu mubyeyi witwa Ekaterina Nikiforova mu rugo amwicisha icyuma arangije amukuramo umutima arawuteka arawurya. Akimara kwica uyu mugore yahamagaye nyiri inzu amusaba guhamagara Polisi ndetse ko aryamye mu maraso hamwe n’umurambo w’umuntu. Daily Mail itangaza ko Abapolisi bakimara kuhagera basanze uyu mwicanyi amaze kurya umutima w’uyu mugore ndetse ababwira ko yari yarasezeranyije uyu mugore ko azarya umutima we none yabikoze. Uyu mwicanyi yagerageje kwiyica akoresheje umukasi kugira ngo yice ingoto biranga niko guhitamo kuryama mu maraso y’uyu mugore asaba ko bahamagara Polisi. Daniel MUKESHIMANA@Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
U Burusiya: Umwicanyi urya abantu yishe umugore arya umutima we awutetse UMUBAVU.com Daniel MUKESHIMANA Kuya 23-03-2018 saa 06:45' whatsapp Facebook Mu gihe hirya no hino ku isi hakorwa ibishoboka byose ngo ubwicanyi buranduke burundu nyamara bamwe bakavuga ko bitashoboka babishingiye ko uko bukeye nuko bwije ahubwo birushaho kujya irudubi humvikana abana bishe ababyeyi babo, ababyeyi bishe abana babo yewe n’abivugana abo bashakanye. Kuri ubu umwicanyi wo mu Burusiya bivugwa ko arya abantu yakoze igikorwa cya kinyamaswa ubwo yicaga umubyeyi w’abana 2 amukuramo umutima arawuteka arawurya arangije ahamagara abapolisi ababwira ko aryamye mu maraso. Uyu mwicanyi witwa Alexey Yastrebov yasanze uyu mubyeyi witwa Ekaterina Nikiforova mu rugo amwicisha icyuma arangije amukuramo umutima arawuteka arawurya. Akimara kwica uyu mugore yahamagaye nyiri inzu amusaba guhamagara Polisi ndetse ko aryamye mu maraso hamwe n’umurambo w’umuntu. Daily Mail itangaza ko Abapolisi bakimara kuhagera basanze uyu mwicanyi amaze kurya umutima w’uyu mugore ndetse ababwira ko yari yarasezeranyije uyu mugore ko azarya umutima we none yabikoze. Uyu mwicanyi yagerageje kwiyica akoresheje umukasi kugira ngo yice ingoto biranga niko guhitamo kuryama mu maraso y’uyu mugore asaba ko bahamagara Polisi. Daniel MUKESHIMANA@Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu