Close MORE NEWS Nyuma y’Abanyarwanda bamaze iminsi bapfa, undi yapfiriye mu Bubiligi UMUBAVU.com Daniel MUKESHIMANA Kuya 12-01-2018 saa 09:25' whatsapp Facebook Ni umuhanzikazi, Lies Lefever wari ufite ubumuga bwo kutabona wabaga mu gihugu cy’u Bubiligi ariko afite inkomoko mu Rwanda kuri ubu witabye Imana mu ijoro ryo kuri uyu wa 10 Mutarama 2018 azize urupfu rutunguranye. Lies Lefever yari asanzwe ari umuhanzi w’indirimbo akaba n’umunyarwenya, atabarutse asize umugabo n’abana batatu. Mu gace yari atuyemo yari azwi cyane cyane binyuze mu bihangano bye. Ikinyamakuru RTL Info cyanditse ko uyu mugore w’imyaka 38 yasanzwe mu rugo ahitwa Asse iwe yapfiriye mu gikoni akaba yari atuye mu majyaruguru y’iki gihugu, akaba yapfuye urupfu rutunguranye. Muri 2009 nibwo Lies Lefever yatangiye kumenyekana ubwo yitabiraga igitaramo cy’umwanditsi witwa Kamagurka geneest.Uyu mugore kandi yongeye kuzamura izina rye muri 2011 ubwo yitabiraga igitaramo cy’undi mwanditsi ukomeye witwa Phillipe Guebels. Daniel MUKESHIMANA/Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Nyuma y’Abanyarwanda bamaze iminsi bapfa, undi yapfiriye mu Bubiligi UMUBAVU.com Daniel MUKESHIMANA Kuya 12-01-2018 saa 09:25' whatsapp Facebook Ni umuhanzikazi, Lies Lefever wari ufite ubumuga bwo kutabona wabaga mu gihugu cy’u Bubiligi ariko afite inkomoko mu Rwanda kuri ubu witabye Imana mu ijoro ryo kuri uyu wa 10 Mutarama 2018 azize urupfu rutunguranye. Lies Lefever yari asanzwe ari umuhanzi w’indirimbo akaba n’umunyarwenya, atabarutse asize umugabo n’abana batatu. Mu gace yari atuyemo yari azwi cyane cyane binyuze mu bihangano bye. Ikinyamakuru RTL Info cyanditse ko uyu mugore w’imyaka 38 yasanzwe mu rugo ahitwa Asse iwe yapfiriye mu gikoni akaba yari atuye mu majyaruguru y’iki gihugu, akaba yapfuye urupfu rutunguranye. Muri 2009 nibwo Lies Lefever yatangiye kumenyekana ubwo yitabiraga igitaramo cy’umwanditsi witwa Kamagurka geneest.Uyu mugore kandi yongeye kuzamura izina rye muri 2011 ubwo yitabiraga igitaramo cy’undi mwanditsi ukomeye witwa Phillipe Guebels. Daniel MUKESHIMANA/Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu