Close MORE NEWS Amerika irashaka gufatira ibihano bikaze Irani UMUBAVU.com admin Kuya 22-05-2018 saa 08:54' whatsapp Facebook Ministri w’ububanyi n’amahanga wa Leta zunze ubumwe za Amerika - Mike Pompeo - yatangaje ko igihugu cye kizafatira ibihano bikaze igihugu cya Irani nyuma yaho Perezida Trump avaniye Amerika mu masezerano mpuzamahanga kuri gahunda ya Irani y’ingufu za nucleaire. Bwana Pompeo yavuze ko Amerika izakora ibishoboka byose kugirango Irani idatunga intwaro zo mu bwoko bwa nucleaire. Yatangaje kandi ibintu cumi na biri Amerika isaba Irani harimo kuvana ingabo zayo muri Syria no guhagarika inkunga iha inyeshyamba zo muri Yemeni. Perezida Trump aherutse kuvana igihugu cye mu masezerano ya nucleaire kuri Irani. Yavuze ko ibihano bishobora koroshywa gusa igihe Amerika izabonera ko Irani irimo guhinduka politiki zayo ku buryo bushimishije. Perezida wa Irani Hassani Rouhani Perezida Hassan Rouhani wa Irani yamusubije avuga ko Amerika itagifite ubushobozi bwo gufatira ibyemezo isi yose. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Amerika irashaka gufatira ibihano bikaze Irani UMUBAVU.com admin Kuya 22-05-2018 saa 08:54' whatsapp Facebook Ministri w’ububanyi n’amahanga wa Leta zunze ubumwe za Amerika - Mike Pompeo - yatangaje ko igihugu cye kizafatira ibihano bikaze igihugu cya Irani nyuma yaho Perezida Trump avaniye Amerika mu masezerano mpuzamahanga kuri gahunda ya Irani y’ingufu za nucleaire. Bwana Pompeo yavuze ko Amerika izakora ibishoboka byose kugirango Irani idatunga intwaro zo mu bwoko bwa nucleaire. Yatangaje kandi ibintu cumi na biri Amerika isaba Irani harimo kuvana ingabo zayo muri Syria no guhagarika inkunga iha inyeshyamba zo muri Yemeni. Perezida Trump aherutse kuvana igihugu cye mu masezerano ya nucleaire kuri Irani. Yavuze ko ibihano bishobora koroshywa gusa igihe Amerika izabonera ko Irani irimo guhinduka politiki zayo ku buryo bushimishije. Perezida wa Irani Hassani Rouhani Perezida Hassan Rouhani wa Irani yamusubije avuga ko Amerika itagifite ubushobozi bwo gufatira ibyemezo isi yose. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu