Close MORE NEWS Ku umunsi w’irayidi abacuruza ibiribwa n’ibinyobwa bidasembuye babona abakiriya UMUBAVU.com admin Kuya 17-06-2018 saa 11:22' whatsapp Facebook Kuri uyu wa gatanu u Rwanda rwifatanije n’abasilamu b’imbere mu gihugu n’abo ku isi hose kwizihiza umunsi mukuru w’Irayidi (Eid-ul-Fitr) usoza ukwezi gutagatifu bita Ramadan. Ni ukwezi kuba kwiganjemo kwibabaza no kwigoma kuko baba batarya ndetse batananywa ku manwa, basenga, biyegereza Imana. Uyu munsi mukuru w’Irayidi wijihijwe hirya no hino ku isi ndetse no mu Rwanda abasilamu baho nabo bijihije uyu munsi bishimana n’inshuti n’imiryango nkuko bisanzwe. Abayobozi bakuru mu gihugu, ibigo bya leta, ibyigenga ndetse n’abikorera bose bakomeje kwifuriza abasilamu umunsi mukuru mwiza w’Irayidi bakoresheje imbuga nkoranyambaga. Nubwo wari umunsi w’ikiruhuko ku bakozi ba leta, ntabwo byabujije ko ubucuruzi bukorwa kuko umunyamakuru wa HOSE.RW watembereye hirya no hino mu masoko y’i Kigali yemeza ko ubucuruzi bw’ibiribwa n’ibinyobwa bidasembuye ngo byaguzwe ku bwinshi. Uku byagenze mu Rwanda, ni nako bimeze hirya no hino ku isi cyane cyane mu bihugu by’Abarabu ngo naho ubucuruzi bw’ibiribwa n’ibinyobwa bidasembuye bwitabiriwe ku bwinshi nkuko bigaragara mu itangazamakuru mpuzamahanga. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Ku umunsi w’irayidi abacuruza ibiribwa n’ibinyobwa bidasembuye babona abakiriya UMUBAVU.com admin Kuya 17-06-2018 saa 11:22' whatsapp Facebook Kuri uyu wa gatanu u Rwanda rwifatanije n’abasilamu b’imbere mu gihugu n’abo ku isi hose kwizihiza umunsi mukuru w’Irayidi (Eid-ul-Fitr) usoza ukwezi gutagatifu bita Ramadan. Ni ukwezi kuba kwiganjemo kwibabaza no kwigoma kuko baba batarya ndetse batananywa ku manwa, basenga, biyegereza Imana. Uyu munsi mukuru w’Irayidi wijihijwe hirya no hino ku isi ndetse no mu Rwanda abasilamu baho nabo bijihije uyu munsi bishimana n’inshuti n’imiryango nkuko bisanzwe. Abayobozi bakuru mu gihugu, ibigo bya leta, ibyigenga ndetse n’abikorera bose bakomeje kwifuriza abasilamu umunsi mukuru mwiza w’Irayidi bakoresheje imbuga nkoranyambaga. Nubwo wari umunsi w’ikiruhuko ku bakozi ba leta, ntabwo byabujije ko ubucuruzi bukorwa kuko umunyamakuru wa HOSE.RW watembereye hirya no hino mu masoko y’i Kigali yemeza ko ubucuruzi bw’ibiribwa n’ibinyobwa bidasembuye ngo byaguzwe ku bwinshi. Uku byagenze mu Rwanda, ni nako bimeze hirya no hino ku isi cyane cyane mu bihugu by’Abarabu ngo naho ubucuruzi bw’ibiribwa n’ibinyobwa bidasembuye bwitabiriwe ku bwinshi nkuko bigaragara mu itangazamakuru mpuzamahanga. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu