Close MORE NEWS Transparency isanga mu Rwanda uburenganzira bw’abagororwa butubahirizwa UMUBAVU.com admin Kuya 28-10-2017 saa 02:07' whatsapp Facebook Umuryango urwanya ruswa n’akarengane,Transparency International Rwanda usaba Leta korohereza abagororwa kubona uburyo bw’itumanaho mu buryo bwa rusange aho bafungiye. Uyu muryango mu bushakashatsi wakoze, wasanze mu magereza, abagororwa batunze za Telefoni mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Madame Ingabire Marie Imaculee, umuyobozi wa Transperency Rwanda avuga ko yasanze hari abagororwa batabona ababunganira, kandi ko abagororwa bajyanwaga nabi bagiye kuburana ibintu bibangamira uburenganzira bwa muntu. Transparency Rwanda ivuga ko imodoka zatwaraga abagorororwa mu gihe bagiye kuburana, zabaga zidakwiye uburenganzira bwa muntu. Uyu muryangango uvuga ko hari uburenganzira bwo gusurwa, bwo kutabona amadosiye, kutabonana n’ababunganira, uburyo bwo gusenga nibindi, wasanze abagororwa badafite. Transparency Rwanda, igaragaza ko hari uburenganzira yasanze abagororwa badafite kandi bwibanze, aribwo bwo kubasha kuvugana n’imiryango yabo nk’uko bitangazwa na Radio Ijwi ry’Amerika. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Transparency isanga mu Rwanda uburenganzira bw’abagororwa butubahirizwa UMUBAVU.com admin Kuya 28-10-2017 saa 02:07' whatsapp Facebook Umuryango urwanya ruswa n’akarengane,Transparency International Rwanda usaba Leta korohereza abagororwa kubona uburyo bw’itumanaho mu buryo bwa rusange aho bafungiye. Uyu muryango mu bushakashatsi wakoze, wasanze mu magereza, abagororwa batunze za Telefoni mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Madame Ingabire Marie Imaculee, umuyobozi wa Transperency Rwanda avuga ko yasanze hari abagororwa batabona ababunganira, kandi ko abagororwa bajyanwaga nabi bagiye kuburana ibintu bibangamira uburenganzira bwa muntu. Transparency Rwanda ivuga ko imodoka zatwaraga abagorororwa mu gihe bagiye kuburana, zabaga zidakwiye uburenganzira bwa muntu. Uyu muryangango uvuga ko hari uburenganzira bwo gusurwa, bwo kutabona amadosiye, kutabonana n’ababunganira, uburyo bwo gusenga nibindi, wasanze abagororwa badafite. Transparency Rwanda, igaragaza ko hari uburenganzira yasanze abagororwa badafite kandi bwibanze, aribwo bwo kubasha kuvugana n’imiryango yabo nk’uko bitangazwa na Radio Ijwi ry’Amerika. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu