Close MORE NEWS Perezida Nkurunziza ntazongera kwiyamamariza kuyobora u Burundi nubwo abyemerewe n’Itegeko Nshinga UMUBAVU.com Daniel MUKESHIMANA Kuya 7-06-2018 saa 14:42' whatsapp Facebook Mu muhango wo gusinya Itegeko Nshinga, Perezida w’u Burundi, Pierre Nkurunziza, atunguye abatari bake avuga ko ataziyamamariza gukomeza kuyobora iki gihugu mu matora ya 2020 ubwo Manda ye izaba irangiye. Mu ijambo yagejeje ku bari bitabiriye ibirori byo kwemeza ivugururwa ry’Itegeko Nshinga, Nkurunziza avuze ko mu matora ya 2020 ubwo Manda ye izaba irangiye atazongera kwiyamamariza kuyobora iki gihugu n’ubwo Itegeko Nshinga ribimwemerera. Benshi mu batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Prezida pierre Nkurunziza bavuga Itegeko Nshinga ryahinduwe ari mu nyungu zo kugira ngo yongere abashe gukomeza kuyobora iki gihugu kugeza mu 2034. Si aba gusa babonaga ko biri mu nyungu zo kugira ngo Nkurunziza akomeze kuyobora u Burundi, kuko hari n’abavuga ko uyu muperezida yashakaga kongera kugarura ubwami mu Burundi akaba yayobora kugeza ashaje. Nubwo bavugaga ibi, abayobozi bavugaga ko itegeko nshinga ritahinduriwe Perezida ko ahubwo ari gahunda ireba igihugu cyose. Ibi birori byo kwemeza itegeko Nshinga byabereye mu ntara ya Gitega muri Komine ya Bugendana ahari hateraniye abayobozi bakuru bose b’u Burundi. Abarundi bemeje ko itegeko nshinga rihinduka kuwa 17 Gicurasi 2018, nubwo abatavuga rumwe na leta bamaganiye kure aya matora, aho Agathon Rwasa yavuze ko aya matora asa n’ikinamico kandi ko yakozwe binyuranije n’amategeko. Perezida Nkurunziza wagizwe umuyobozi w’ikirenga n’ishyaka riri ku butegetsi rya CNDD-FDD yatorewe kuyobora iyi manda mu 2015, amatora yakurikiwe n’imvururu zaguyemo abatari bake abandi bakaba bari mu buhungiro. @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Perezida Nkurunziza ntazongera kwiyamamariza kuyobora u Burundi nubwo abyemerewe n’Itegeko Nshinga UMUBAVU.com Daniel MUKESHIMANA Kuya 7-06-2018 saa 14:42' whatsapp Facebook Mu muhango wo gusinya Itegeko Nshinga, Perezida w’u Burundi, Pierre Nkurunziza, atunguye abatari bake avuga ko ataziyamamariza gukomeza kuyobora iki gihugu mu matora ya 2020 ubwo Manda ye izaba irangiye. Mu ijambo yagejeje ku bari bitabiriye ibirori byo kwemeza ivugururwa ry’Itegeko Nshinga, Nkurunziza avuze ko mu matora ya 2020 ubwo Manda ye izaba irangiye atazongera kwiyamamariza kuyobora iki gihugu n’ubwo Itegeko Nshinga ribimwemerera. Benshi mu batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Prezida pierre Nkurunziza bavuga Itegeko Nshinga ryahinduwe ari mu nyungu zo kugira ngo yongere abashe gukomeza kuyobora iki gihugu kugeza mu 2034. Si aba gusa babonaga ko biri mu nyungu zo kugira ngo Nkurunziza akomeze kuyobora u Burundi, kuko hari n’abavuga ko uyu muperezida yashakaga kongera kugarura ubwami mu Burundi akaba yayobora kugeza ashaje. Nubwo bavugaga ibi, abayobozi bavugaga ko itegeko nshinga ritahinduriwe Perezida ko ahubwo ari gahunda ireba igihugu cyose. Ibi birori byo kwemeza itegeko Nshinga byabereye mu ntara ya Gitega muri Komine ya Bugendana ahari hateraniye abayobozi bakuru bose b’u Burundi. Abarundi bemeje ko itegeko nshinga rihinduka kuwa 17 Gicurasi 2018, nubwo abatavuga rumwe na leta bamaganiye kure aya matora, aho Agathon Rwasa yavuze ko aya matora asa n’ikinamico kandi ko yakozwe binyuranije n’amategeko. Perezida Nkurunziza wagizwe umuyobozi w’ikirenga n’ishyaka riri ku butegetsi rya CNDD-FDD yatorewe kuyobora iyi manda mu 2015, amatora yakurikiwe n’imvururu zaguyemo abatari bake abandi bakaba bari mu buhungiro. @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu