Close MORE NEWS ONU irashinja Leta ya Kisilamu gukora Jenoside muri Iraki UMUBAVU.com Daniel MUKESHIMANA Kuya 23-09-2017 saa 00:33' whatsapp Facebook Inama ya ONU ishinzwe umutekano ku isi yemeje nta n’umwe uvuyemwo gushyiraho akanama k’abahanga kazakora iperereza ku bwicanyi bwakozwe n’umutwe w’iterabwoba wa Reta ya kisilamu muri Iraki ibyo bamwe bavuze ko ari Jenoside. U Bwongereza bwateguyen iki cyemezo bwavuze ko aka kanama kazaba kashyizweho azaba ari umwanya wako wo kugira icyo gafasha abahohotewe n’umutwe w’iterabwoba wa Kisilamu. Kugeza ubu abasirikari ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika bari gufatanya n’aba Leta ya Iraki kwirukana uyu mutwe mu duce yari yarifatiye. Uyu mutwe w’iterabwoba wiyita uwa Leta ya Kisilamu wari wifatiye uduce tumwe na tumwe dukomeye kandi n’ubu biravugwa ko hari uduce tumwe na tumwe two muri Iraki no muri siriya ukomeje kugenzura. Abaturage babarirwa mu bihumbi bo mu bwoko bwa Yazidis nibo ONU ivuga ko bacitse ku icumu kuri ubu bwicanyi bwakozwe n’uyu mutwe mu mwaka wa 2014 mu ntara ya Sinjar. Abashinzwe iperereza muri ONU bakoze igenzura ku byaha by’urukozasoni byakorewe abagore aho kugeza ubu abasaga 3000 bakiri mu maboko y’umutwe w’iterabwoba wa Kisilamu (Islamic State). Umuryango uharanira uburenganzira bw’ikiremwa muntu, Humana Rights Watch washimye iki cyemezo cyafashwe ariko unengauvuga ko hadakwiye kurebwa ku ruhande rumwe gusa muri ubu bwicanyi hirengagizwa ubwicanyi bukorwa n’abasirikari ba Leta ya Iraki ndetse na bamwe mu basirikari mpuzamahang baba boherejwe gucunga umutekano w’abaturage. Daniel MUKESHIMANA/Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
ONU irashinja Leta ya Kisilamu gukora Jenoside muri Iraki UMUBAVU.com Daniel MUKESHIMANA Kuya 23-09-2017 saa 00:33' whatsapp Facebook Inama ya ONU ishinzwe umutekano ku isi yemeje nta n’umwe uvuyemwo gushyiraho akanama k’abahanga kazakora iperereza ku bwicanyi bwakozwe n’umutwe w’iterabwoba wa Reta ya kisilamu muri Iraki ibyo bamwe bavuze ko ari Jenoside. U Bwongereza bwateguyen iki cyemezo bwavuze ko aka kanama kazaba kashyizweho azaba ari umwanya wako wo kugira icyo gafasha abahohotewe n’umutwe w’iterabwoba wa Kisilamu. Kugeza ubu abasirikari ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika bari gufatanya n’aba Leta ya Iraki kwirukana uyu mutwe mu duce yari yarifatiye. Uyu mutwe w’iterabwoba wiyita uwa Leta ya Kisilamu wari wifatiye uduce tumwe na tumwe dukomeye kandi n’ubu biravugwa ko hari uduce tumwe na tumwe two muri Iraki no muri siriya ukomeje kugenzura. Abaturage babarirwa mu bihumbi bo mu bwoko bwa Yazidis nibo ONU ivuga ko bacitse ku icumu kuri ubu bwicanyi bwakozwe n’uyu mutwe mu mwaka wa 2014 mu ntara ya Sinjar. Abashinzwe iperereza muri ONU bakoze igenzura ku byaha by’urukozasoni byakorewe abagore aho kugeza ubu abasaga 3000 bakiri mu maboko y’umutwe w’iterabwoba wa Kisilamu (Islamic State). Umuryango uharanira uburenganzira bw’ikiremwa muntu, Humana Rights Watch washimye iki cyemezo cyafashwe ariko unengauvuga ko hadakwiye kurebwa ku ruhande rumwe gusa muri ubu bwicanyi hirengagizwa ubwicanyi bukorwa n’abasirikari ba Leta ya Iraki ndetse na bamwe mu basirikari mpuzamahang baba boherejwe gucunga umutekano w’abaturage. Daniel MUKESHIMANA/Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu