Close MORE NEWS Mugina :Umugabo n’umugore we batewe Grenade bashinjwa amarozi UMUBAVU.com admin Kuya 20-12-2017 saa 11:29' whatsapp Facebook Abantu babiri nibo bakomerekejwe na gerenade yatewe mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri Tariki 19 Ukuboza 2017 mu gace ka Buseruko,komine Mugina, intara ya Cibitoke ho mu gihugu cy’u Burundi. Amakuru ava mu Burundi avuga ko abakomerekejwe n’iyi Grenade ari Jérôme SINUMVAYAHA w’imyaka 70, hamwe n’umugore we Emeliane NTACORIPFA w’imyaka 55 y’amavuko. Amakuru ava aho i Mugina,avuga kandi ko Jérôme SINUMVAYAHA n’umugore we batewe iyo gerenade bashinjwa amarozi. Ibinyamakuru bitandukanye byo mu Burundi bivuga ko Jérôme SINUMVAYAHA n’umugore we Emeliane NTACORIPFA barikuvurirwa muri rimwe mu mavuriro ari muri Komini ya Mugina. Gabriel Habineza/Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Mugina :Umugabo n’umugore we batewe Grenade bashinjwa amarozi UMUBAVU.com admin Kuya 20-12-2017 saa 11:29' whatsapp Facebook Abantu babiri nibo bakomerekejwe na gerenade yatewe mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri Tariki 19 Ukuboza 2017 mu gace ka Buseruko,komine Mugina, intara ya Cibitoke ho mu gihugu cy’u Burundi. Amakuru ava mu Burundi avuga ko abakomerekejwe n’iyi Grenade ari Jérôme SINUMVAYAHA w’imyaka 70, hamwe n’umugore we Emeliane NTACORIPFA w’imyaka 55 y’amavuko. Amakuru ava aho i Mugina,avuga kandi ko Jérôme SINUMVAYAHA n’umugore we batewe iyo gerenade bashinjwa amarozi. Ibinyamakuru bitandukanye byo mu Burundi bivuga ko Jérôme SINUMVAYAHA n’umugore we Emeliane NTACORIPFA barikuvurirwa muri rimwe mu mavuriro ari muri Komini ya Mugina. Gabriel Habineza/Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu