Close MORE NEWS Intambara hagati y’Imbonerakure n’abubatsi i Musaga UMUBAVU.com admin Kuya 29-09-2017 saa 04:10' whatsapp Facebook Ku wa Gatatu tariki ya 27 Nzeri 2017, muri Karitsiye ya Gikoto muri Zone ya Musaga i Bujumbura,Urubyiruko rw’Ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi ruzwi nk’Imbonerakure rwakozanyijeho n’ababutasi bubakaga inzu zagenewe abapfakazi . Amakuru avuga ko impamvu y’iyi mirwano ari uko izi Mbonerakure zashatse kuvangira aba bubatsi zigaragaza ko zitishimiye ko bahawe aka kazi kandi batabarizwa mu Ishyaka rya CNDD-FDD. Umwe mu batangabuhamya baganiriye na RPA dukesha iyi nkuru yagize ati’’Kuri uyu wa Gatatu mu gitondo ubwo twari turi mu mirimo yo kubaba inzu z’abapfakazi twagiye kubona agatsiko k’Imbonerakure kayobowe n’uwitwa Bagaza n’umugore witwa Viviane baraje , zitangira kudusimbukira ari nako ziduhondagura’’ Uyu mutangabuhamya akomeza avuga ko izi Mbonerakure zitonganjije zishinja abahaye aba bubatsi akazi guha akazi abarwanya ubutegetsi bwa Perezida Nkurunziza ndetse no kudafasha igihugu kurwanya umwanzi. Akomeza avuga ko abantu benshi bakomerekeye muri ubu bushyamiranye ndetse n’abamwe muri izi Mbonerakure bakaba baratawe muri yombi harimo Viviane ubu ufungiye muri kasho ya Musaga. Gabriel Habineza /Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Intambara hagati y’Imbonerakure n’abubatsi i Musaga UMUBAVU.com admin Kuya 29-09-2017 saa 04:10' whatsapp Facebook Ku wa Gatatu tariki ya 27 Nzeri 2017, muri Karitsiye ya Gikoto muri Zone ya Musaga i Bujumbura,Urubyiruko rw’Ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi ruzwi nk’Imbonerakure rwakozanyijeho n’ababutasi bubakaga inzu zagenewe abapfakazi . Amakuru avuga ko impamvu y’iyi mirwano ari uko izi Mbonerakure zashatse kuvangira aba bubatsi zigaragaza ko zitishimiye ko bahawe aka kazi kandi batabarizwa mu Ishyaka rya CNDD-FDD. Umwe mu batangabuhamya baganiriye na RPA dukesha iyi nkuru yagize ati’’Kuri uyu wa Gatatu mu gitondo ubwo twari turi mu mirimo yo kubaba inzu z’abapfakazi twagiye kubona agatsiko k’Imbonerakure kayobowe n’uwitwa Bagaza n’umugore witwa Viviane baraje , zitangira kudusimbukira ari nako ziduhondagura’’ Uyu mutangabuhamya akomeza avuga ko izi Mbonerakure zitonganjije zishinja abahaye aba bubatsi akazi guha akazi abarwanya ubutegetsi bwa Perezida Nkurunziza ndetse no kudafasha igihugu kurwanya umwanzi. Akomeza avuga ko abantu benshi bakomerekeye muri ubu bushyamiranye ndetse n’abamwe muri izi Mbonerakure bakaba baratawe muri yombi harimo Viviane ubu ufungiye muri kasho ya Musaga. Gabriel Habineza /Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu