Close MORE NEWS Rwanda: Umuntu wa 15 yishwe na COVID-19, abanduye ni 231 UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 26-08-2020 saa 07:35' whatsapp Facebook Minisiteri y’Ubuzima kuri uyu wa Kabiri tariki ya 25 Kanama 2020, yatangaje ko umugabo w’imyaka 61yahitanwe n’icyorezo cya Covid-19, akaba yiyongereye ku bandi 14 baherutse guhitanwa n’iki cyorezo, bituma umubare w’abamaze guhitanwa n’iki cyorezo uba abantu 15. Kuri uyu wa Kabiri kandi MINISANTE yatangaje ko handuye abantu 231 barimo ab’I Kigali:196 (bapimwe mu masoko ya Kigali), Rusizi:30 (bapimwe mu bibasiwe kurusha abandi), Rubavu:3, Huye:1, Gatsibo:1. Abamaze kwandura iki cyorezo bose mu Rwanda ni 3,537. Uyu munsi kandi hakize abantu 21 bituma umubare w’abamaze gukira uba abantu 1,806 mu gihe abakirwaye ari 1,716. Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko imibare myinshi y’abarwayi bashya iragaragaza ko ubwandu bwiganje ahahurira abantu benshi kandi hafunganye nko mu masoko no mu maduka n’ahandi hatandukanye. Ibimenyetso bya Coronavirus birimo inkorora, ibicurane, guhumeka bigoranye n’umuriro. Yandura binyuze mu matembabuzi aturuka mu myanya y’ubuhumekero. Kugeza ubu abahanga mu buzima bakomeje gushakisha umuti cyangwa urukingo by’iki cyorezo ariko ntibiraboneka. Umuti uhari ni gukomeza kubahiriza amabwiriza yo kwirinda hitabwa cyane cyane ku gukaraba intoki kenshi n’amazi n’isabune no kwambara udupfukamunwa neza mu gihe umuntu avuye mu rugo cyangwa ahuye n’abantu benshi. Uwayoboye Operasiyo y’ifatwa rya Kabuga ari I Kigali, yaba aje gukora iki? Minisitiri w’Ibidukikije yihanangirije uw’Uburezi amusaba guhagarika kubaka ibyumba by’amashuri hirengagijwe kwita ku bidukikije, n’andi makuru menshi ni k’UMUBAVU TV ONLINE: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Rwanda: Umuntu wa 15 yishwe na COVID-19, abanduye ni 231 UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 26-08-2020 saa 07:35' whatsapp Facebook Minisiteri y’Ubuzima kuri uyu wa Kabiri tariki ya 25 Kanama 2020, yatangaje ko umugabo w’imyaka 61yahitanwe n’icyorezo cya Covid-19, akaba yiyongereye ku bandi 14 baherutse guhitanwa n’iki cyorezo, bituma umubare w’abamaze guhitanwa n’iki cyorezo uba abantu 15. Kuri uyu wa Kabiri kandi MINISANTE yatangaje ko handuye abantu 231 barimo ab’I Kigali:196 (bapimwe mu masoko ya Kigali), Rusizi:30 (bapimwe mu bibasiwe kurusha abandi), Rubavu:3, Huye:1, Gatsibo:1. Abamaze kwandura iki cyorezo bose mu Rwanda ni 3,537. Uyu munsi kandi hakize abantu 21 bituma umubare w’abamaze gukira uba abantu 1,806 mu gihe abakirwaye ari 1,716. Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko imibare myinshi y’abarwayi bashya iragaragaza ko ubwandu bwiganje ahahurira abantu benshi kandi hafunganye nko mu masoko no mu maduka n’ahandi hatandukanye. Ibimenyetso bya Coronavirus birimo inkorora, ibicurane, guhumeka bigoranye n’umuriro. Yandura binyuze mu matembabuzi aturuka mu myanya y’ubuhumekero. Kugeza ubu abahanga mu buzima bakomeje gushakisha umuti cyangwa urukingo by’iki cyorezo ariko ntibiraboneka. Umuti uhari ni gukomeza kubahiriza amabwiriza yo kwirinda hitabwa cyane cyane ku gukaraba intoki kenshi n’amazi n’isabune no kwambara udupfukamunwa neza mu gihe umuntu avuye mu rugo cyangwa ahuye n’abantu benshi. Uwayoboye Operasiyo y’ifatwa rya Kabuga ari I Kigali, yaba aje gukora iki? Minisitiri w’Ibidukikije yihanangirije uw’Uburezi amusaba guhagarika kubaka ibyumba by’amashuri hirengagijwe kwita ku bidukikije, n’andi makuru menshi ni k’UMUBAVU TV ONLINE: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu