Close MORE NEWS Rwanda: Abishwe na Covid-19 barenze 100 abandi 109 barandura UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 4-01-2021 saa 07:58' whatsapp Facebook Minisiteri y’Ubuzima, MINISANTE kuri iki Cyumweru tariki 03 Mutarama 2021, yatangaje ko abantu 3 bishwe n’icyorezo cya COVID-19 bituma umubare w’abamaze kwicwa n’iki cyorezo mu Rwanda uba 101, mu gihe abanduye na bo biyongereyeho 109 bityo bose hamwe baba 8,676 mu bipimo 3,318 byafashwe kuri uyu munsi. MINISANTE igaragaza ko abitabye Imana barimo abagabo 2 barimo uw’imyaka 75 na 67 bo mu mujyi wa Kigali n’umwe w’imyaka 51 wo mu Karere ka Huye. Abarwayi bashya babonetse I Kigali: 64, Musanze: 20, Rubavu: 12, Nyamasheke: 4, Gicumbi: 3, Kamonyi: 3, Huye: 2, Burera: 1. Kuri uyu munsi kandi hakize abantu 67, bituma umubare w’abamaze gukira bose uba 6,752 naho abakirwaye ni 1,823. Ibimenyetso bya Coronavirus birimo inkorora, ibicurane, guhumeka bigoranye n’umuriro. Yandura binyuze mu matembabuzi aturuka mu myanya y’ubuhumekero. Mu gukomeza kwirinda ikwirakwira rya Coronavirus, abaturarwanda basabwa gukomeza kwitwararika no kubahiriza amabwiriza ya Leta hitabwa cyane cyane ku gukaraba intoki kenshi n’amazi n’isabune, kwirinda imihuro itari ngombwa no kwambara udupfukamunwa n’amazuru mu gihe umuntu avuye mu rugo cyangwa ahuye n’abantu benshi. IBIKUBIYE MU GITABO CYANDITSWE NA APOTRE MUTABAZI YISE "NKUGIRE INAMA MUYOBOZI": Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Rwanda: Abishwe na Covid-19 barenze 100 abandi 109 barandura UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 4-01-2021 saa 07:58' whatsapp Facebook Minisiteri y’Ubuzima, MINISANTE kuri iki Cyumweru tariki 03 Mutarama 2021, yatangaje ko abantu 3 bishwe n’icyorezo cya COVID-19 bituma umubare w’abamaze kwicwa n’iki cyorezo mu Rwanda uba 101, mu gihe abanduye na bo biyongereyeho 109 bityo bose hamwe baba 8,676 mu bipimo 3,318 byafashwe kuri uyu munsi. MINISANTE igaragaza ko abitabye Imana barimo abagabo 2 barimo uw’imyaka 75 na 67 bo mu mujyi wa Kigali n’umwe w’imyaka 51 wo mu Karere ka Huye. Abarwayi bashya babonetse I Kigali: 64, Musanze: 20, Rubavu: 12, Nyamasheke: 4, Gicumbi: 3, Kamonyi: 3, Huye: 2, Burera: 1. Kuri uyu munsi kandi hakize abantu 67, bituma umubare w’abamaze gukira bose uba 6,752 naho abakirwaye ni 1,823. Ibimenyetso bya Coronavirus birimo inkorora, ibicurane, guhumeka bigoranye n’umuriro. Yandura binyuze mu matembabuzi aturuka mu myanya y’ubuhumekero. Mu gukomeza kwirinda ikwirakwira rya Coronavirus, abaturarwanda basabwa gukomeza kwitwararika no kubahiriza amabwiriza ya Leta hitabwa cyane cyane ku gukaraba intoki kenshi n’amazi n’isabune, kwirinda imihuro itari ngombwa no kwambara udupfukamunwa n’amazuru mu gihe umuntu avuye mu rugo cyangwa ahuye n’abantu benshi. IBIKUBIYE MU GITABO CYANDITSWE NA APOTRE MUTABAZI YISE "NKUGIRE INAMA MUYOBOZI": Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu