Close MORE NEWS Ntibisanzwe: Umugore yishimiye bikomeye ko umugabo we arongoye umukeba UMUBAVU.com Daniel MUKESHIMANA Kuya 23-02-2018 saa 10:44' whatsapp Facebook Ni ikintu kidasanzwe ndetse cy’imbonekarimwe mu miryango itandukanye ku isi kumva ko umugore yishimiye mukeba we kuko bikunda kugaragara ahubwo biteza ibibazo bikomeye ariko umugore witwa Zainab Abdallah wo mu gihugu cya Kenya siko abibona kuko yashimiye bikomeye umugabo we nyuma yuko arongoye undi mugore. Kuri uyu wa kabiri taliki ya 21 Gashyantare 2018, nibwo uyu mugore yashimiye bikomeye umugabo we usanzwe uzwiho gutunga agatubutse mu gihugu cya Kenya nyuma yuko ashyize hanze amafoto agaragaza uburyo yarimo gukora ubukwe bwitabiriwe n’umuryango we ndetse n’uyu mugore we mukuru ari nawe wamusabye ko yashaka undi mugore. Inkuru y’uyu mugabo witwa Azam FC CEO Van Mohamed wo mu gihugu cya Kenya yatangaje abantu benshi cyane kubera uburyo yashyigikiwe bikomeye n’umugore we Zainab Abdallah muri gahunda yo kurongora undi mukobwa wa kabiri nawe akajya mu muryango wabo mu gihe bimenyerewe ko nta mugore wishimira guharikwa. Aganira n’itangazamakuru ryo mu gihugu cya Kenya, uyu mugore mukuru ariwe, Zainab Abdallah yatangaje ko byari bikenewe ko umugabo we ashaka undi mugore wa kabiri kubera ko ubusanzwe akazi we akora katamwemerera gutaha hakiri kare kugira ngo afate umugabo we neza bubake urugo. Zainab Abdallah yakomeje avuga ko akenshi yajyaga yumva amakuru ahwihwiswa ko umugabo we yaba amuca inyuma mu ibanga rikomeye gusa ntabyiteho, nyuma nibwo yaje kubona ko byari kuzamuviramo kwandura indwara zitandukanye zandurira mu mibonano mpuzabitsina niko kumugira Inama yo gushaka undi mukobwa ukiri muto kugira ngo mu igihe adahari ajye amufatira neza umugabo mu rwego rwo kugira ngo atazajya amuca inyuma akajya mu bandi bagore. Daniel MUKESHIMANA/Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) mansa sultan Kuya 24-02-2018 Uwo mu Rwanda yakugira kukubariza abakurambere cg akakwirenza da INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Ntibisanzwe: Umugore yishimiye bikomeye ko umugabo we arongoye umukeba UMUBAVU.com Daniel MUKESHIMANA Kuya 23-02-2018 saa 10:44' whatsapp Facebook Ni ikintu kidasanzwe ndetse cy’imbonekarimwe mu miryango itandukanye ku isi kumva ko umugore yishimiye mukeba we kuko bikunda kugaragara ahubwo biteza ibibazo bikomeye ariko umugore witwa Zainab Abdallah wo mu gihugu cya Kenya siko abibona kuko yashimiye bikomeye umugabo we nyuma yuko arongoye undi mugore. Kuri uyu wa kabiri taliki ya 21 Gashyantare 2018, nibwo uyu mugore yashimiye bikomeye umugabo we usanzwe uzwiho gutunga agatubutse mu gihugu cya Kenya nyuma yuko ashyize hanze amafoto agaragaza uburyo yarimo gukora ubukwe bwitabiriwe n’umuryango we ndetse n’uyu mugore we mukuru ari nawe wamusabye ko yashaka undi mugore. Inkuru y’uyu mugabo witwa Azam FC CEO Van Mohamed wo mu gihugu cya Kenya yatangaje abantu benshi cyane kubera uburyo yashyigikiwe bikomeye n’umugore we Zainab Abdallah muri gahunda yo kurongora undi mukobwa wa kabiri nawe akajya mu muryango wabo mu gihe bimenyerewe ko nta mugore wishimira guharikwa. Aganira n’itangazamakuru ryo mu gihugu cya Kenya, uyu mugore mukuru ariwe, Zainab Abdallah yatangaje ko byari bikenewe ko umugabo we ashaka undi mugore wa kabiri kubera ko ubusanzwe akazi we akora katamwemerera gutaha hakiri kare kugira ngo afate umugabo we neza bubake urugo. Zainab Abdallah yakomeje avuga ko akenshi yajyaga yumva amakuru ahwihwiswa ko umugabo we yaba amuca inyuma mu ibanga rikomeye gusa ntabyiteho, nyuma nibwo yaje kubona ko byari kuzamuviramo kwandura indwara zitandukanye zandurira mu mibonano mpuzabitsina niko kumugira Inama yo gushaka undi mukobwa ukiri muto kugira ngo mu igihe adahari ajye amufatira neza umugabo mu rwego rwo kugira ngo atazajya amuca inyuma akajya mu bandi bagore. Daniel MUKESHIMANA/Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) mansa sultan Kuya 24-02-2018 Uwo mu Rwanda yakugira kukubariza abakurambere cg akakwirenza da INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu