Close MORE NEWS Muhanga: Umupolice wo ku muhanda ahasize ubuzima UMUBAVU.com admin Kuya 29-12-2017 saa 16:23' whatsapp Facebook Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 29 Ukuboza 2017, umumotari wari uhetse umugenzi yagonze umupolisi witwa IP Samuel Ntaganira wari ushinwe umutekano wo mu muhanda mu Karere ka Muhanga bose bahita bitaba Imana. Iyi mpanuka yabereye ahitwa ku Kivumu mu mujyi wa Muhanga. Umuvugizi wa Polisi ishami ryo mu muhanda, IP Emmanuel Kabanda, yemeje iby’ayo makuru avuga ko IP Samuel Ntaganira wari ushinzwe “Traffic” mu Karere ka Muhanga ndetse n’abandi bantu babiri bari kuri Moto bagonganye bakahasiga ubuzima. Yagize ati “ Byabaye ni moto ebyiri zagonganye imwe yari itwawe na Ntaganira abari baziriho barapfa bose.” Uwari utwaye moto wagonze uwo mupolisi ngo yaturukaga i Muhanga yerekezaga Kamonyi, ata umukono we ashaka kunyura ku modoka yari imbere ye ahita agonga Ntaganira na we wari utwaye moto. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Muhanga: Umupolice wo ku muhanda ahasize ubuzima UMUBAVU.com admin Kuya 29-12-2017 saa 16:23' whatsapp Facebook Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 29 Ukuboza 2017, umumotari wari uhetse umugenzi yagonze umupolisi witwa IP Samuel Ntaganira wari ushinwe umutekano wo mu muhanda mu Karere ka Muhanga bose bahita bitaba Imana. Iyi mpanuka yabereye ahitwa ku Kivumu mu mujyi wa Muhanga. Umuvugizi wa Polisi ishami ryo mu muhanda, IP Emmanuel Kabanda, yemeje iby’ayo makuru avuga ko IP Samuel Ntaganira wari ushinzwe “Traffic” mu Karere ka Muhanga ndetse n’abandi bantu babiri bari kuri Moto bagonganye bakahasiga ubuzima. Yagize ati “ Byabaye ni moto ebyiri zagonganye imwe yari itwawe na Ntaganira abari baziriho barapfa bose.” Uwari utwaye moto wagonze uwo mupolisi ngo yaturukaga i Muhanga yerekezaga Kamonyi, ata umukono we ashaka kunyura ku modoka yari imbere ye ahita agonga Ntaganira na we wari utwaye moto. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu