Close MORE NEWS COVID-19: Mu Rwanda abakize 10 n’abandi 2 bayisanganwe UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 25-05-2020 saa 07:48' whatsapp Facebook Kuri iki Cyumweru tariki ya 24 Gicurasi 2020, Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko mu bipimo 1,400 byafashwe kuri uyu munsi habonetsemo abantu bashya 2 banduye COVID-19, bituma abamaze kwandura iki cyorezo mu Rwanda bagera kuri 327. Kuri iki Cyumweru kandi, hakize abandi bantu 10 bityo abamaze gukira bose hamwe mu Rwnda baba 237. Abakirwaye bo ni 90. Ibipimo byose bimaze gufatwa mu Rwanda bimaze kugera ku 58477 ari na byo byagaragayemo abantu 327 banduye. Abaturage bakomeza gusabwa kubahiriza amabwiriza yashyizweho yo gukomeza kwirinda ko iki cyorezo cyakwirakwira ibintu bigakomeza kuba bibi aho kugana heza. Ayo mabwiriza arimo kwambara agapfukamunwa, gukaraba amazi meza n’isabune kandi kenshi, guhana intera ya metero imwe hagati y’umuntu n’undi no kwishyura mu buryo bw’ikoranabuhanga. Kuri iki Cyumweru habonetse abandi bantu 2 banduye COVID-19 mu gihe abandi 10 bayikize Umunyamakuru akaba n’umuyobozi w’ikinyamakuru UMUBAVU.COM N’UMUBAVU TV ONLINE, Nsengimana Theoneste arishinganisha nyuma yuko ubwo yari afunze abwiwe n’umuntu ko ngo niyongera kwandika (inkuru) azareba, aravuga ko uyu wamubwiye ibi ashobora no kubishyira mu bikorwa ariyo mpamvu yishinganisha: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
COVID-19: Mu Rwanda abakize 10 n’abandi 2 bayisanganwe UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 25-05-2020 saa 07:48' whatsapp Facebook Kuri iki Cyumweru tariki ya 24 Gicurasi 2020, Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko mu bipimo 1,400 byafashwe kuri uyu munsi habonetsemo abantu bashya 2 banduye COVID-19, bituma abamaze kwandura iki cyorezo mu Rwanda bagera kuri 327. Kuri iki Cyumweru kandi, hakize abandi bantu 10 bityo abamaze gukira bose hamwe mu Rwnda baba 237. Abakirwaye bo ni 90. Ibipimo byose bimaze gufatwa mu Rwanda bimaze kugera ku 58477 ari na byo byagaragayemo abantu 327 banduye. Abaturage bakomeza gusabwa kubahiriza amabwiriza yashyizweho yo gukomeza kwirinda ko iki cyorezo cyakwirakwira ibintu bigakomeza kuba bibi aho kugana heza. Ayo mabwiriza arimo kwambara agapfukamunwa, gukaraba amazi meza n’isabune kandi kenshi, guhana intera ya metero imwe hagati y’umuntu n’undi no kwishyura mu buryo bw’ikoranabuhanga. Kuri iki Cyumweru habonetse abandi bantu 2 banduye COVID-19 mu gihe abandi 10 bayikize Umunyamakuru akaba n’umuyobozi w’ikinyamakuru UMUBAVU.COM N’UMUBAVU TV ONLINE, Nsengimana Theoneste arishinganisha nyuma yuko ubwo yari afunze abwiwe n’umuntu ko ngo niyongera kwandika (inkuru) azareba, aravuga ko uyu wamubwiye ibi ashobora no kubishyira mu bikorwa ariyo mpamvu yishinganisha: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu