Close MORE NEWS Rusizi: Abacuruzi b’isambaza barabyinira ku rukoma nyuma yuko banze Rwiyemezamirimo bahawe UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 5-12-2018 saa 08:24' whatsapp Facebook Ni nyuma yuko Akarere ka Rusizi gashakiye abacuruza umusaruro ukomoka mu Kiyaga cya Kivu Rwiyemezamirimo ariko bikaza kuba agatereranzamba hagati y’aba bacuruzi n’uyu Rwiyemezamirimo bavuga ko abahenda akabaha amafaranga make ndetse akanabasuzugura. Bavuga ko ikiro kimwe cy’isambaza yabahaga amafaranga ibihumbi bibiri na Magana atanu (2500F) bikarangira acyungutseho amafaranga y’u Rwanda igihumbi kuko we ahita agitangira ibihumbi bitatu na Magana atanu. Abacuruza rero ibikomoka mu Kiyaga cya Kivu byarangiye bivumbuye banga uyu Rwiyemezamirimo kandi ubu niho bari kunguka amafaranga agaragara. Umwe muri aba bacuruzi b’isambaza yagize ati "Ntabwo twakwihanganira umuntu uduhombya ngo ni Rwiyemezamirimo”. Akomeza avuga ko atari ngombwa ko bazabigeza kwa Nyakubahwa Perezida wa Repubulika ahubwo ko Akarere gakwiriye gushakira ingamba iki kibazo. Yakomeje avuga ko batanze Rwiyemezamirimo ko icyo bashaka ari uko abagurira umusaruro wabo ku giciro gituma nabo batera imbere aho kugira ngo bibasubize inyuma. Si abacuruzi gusa ahubwo n’abarobyi nabo bafitanye ikibazo cy’igiciro n’uwo Rwiyemezamirimo wahawe isoko n’Akarere ka Rusizi. Uhagarariye Koperative y’Uburobyi mu karere ka Rusizi Bwana Jean Claude yabwiye Umubavu.com ko uwo Rwiyemezamirimo batamushaka akaba ariyo mpamvu batamuha umusaruro wabo. Yagize ati "umuntu arakora kugira ngo atere imbere ariko uyu Rwiyemezamirimo ibye ni ukudusubiza inyuma kandi ntitwabyihanganira na gato. Twashatse kumenya icyo Akarere ka Rusizi kavuga kuri iki kibazo, ku murongo wa Telefoni igendanwa ubuyobozi ntibwatwitaba. @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Perezida Museveni yongeye kuzamura mu mapeti umuhungu we birakemangwa imyidagaduro Videos: Utundi dushya utigeze umenya ku bukwe bw’umuhanzikazi Olive wapfakaye akiri umugeni politike Iyo u Rwanda rutabaho ntabwo u Burundi bwari kugira ibibazo? Perezida Kagame amakuru Ingabire Victoire yanyomoje amakuru avuga ko agiye gusohoka mu Rwanda amakuru Leta ishobora kongera umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza (Mituweli) amakuru Abahungu bahigitse abakobwa mu bizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye 2018 amakuru RDC: Abasirikari 2 ba FARDC bishwe baciwe imitwe n’inyeshyamba za FDLR amakuru Perezida Tshisekedi yaganiriye na Kabila ku gushyiraho Guverinoma nshya ihuriweho n’impande imyidagaduro Se wa Diamond ashobora gucibwa amaguru kubera uburwayi bw’amayobera NDANGIRA Inkuru zamamaza ’Umwenya’ ikinyobwa gifasha kongera imbaraga mu mabanga y’abashakanye Inkuru zamamaza Kigali Coach, umwihariko muri Kampani zitwara abagenzi iterambere Arakirigita ifaranga nyuma yo gutinyuka agafata inguzanyo Inkuru zamamaza Ababyeyi barerera mu kigo cya Kigali Christian School barakivuga imyato ubuzima Abazengerejwe n’abarozi babagendaho bararye bari menge Inkuru zamamaza Kampani Ubumwe Cleaning Services Ltd yita ku isuku yazanye agashya amakuru Kigali: Iduka CP New Species Technology ricuruza Telephone zigezweho riravugwaho amagambo Inkuru zamamaza Ibyatuma uhitamo Hill Top Hotel&Country Club urengeje ijisho andi mahoteli Inkuru zamamaza Ubudasa n’umwihariko by’ishuri rya College Doctrina Vitae (CDV)
Rusizi: Abacuruzi b’isambaza barabyinira ku rukoma nyuma yuko banze Rwiyemezamirimo bahawe UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 5-12-2018 saa 08:24' whatsapp Facebook Ni nyuma yuko Akarere ka Rusizi gashakiye abacuruza umusaruro ukomoka mu Kiyaga cya Kivu Rwiyemezamirimo ariko bikaza kuba agatereranzamba hagati y’aba bacuruzi n’uyu Rwiyemezamirimo bavuga ko abahenda akabaha amafaranga make ndetse akanabasuzugura. Bavuga ko ikiro kimwe cy’isambaza yabahaga amafaranga ibihumbi bibiri na Magana atanu (2500F) bikarangira acyungutseho amafaranga y’u Rwanda igihumbi kuko we ahita agitangira ibihumbi bitatu na Magana atanu. Abacuruza rero ibikomoka mu Kiyaga cya Kivu byarangiye bivumbuye banga uyu Rwiyemezamirimo kandi ubu niho bari kunguka amafaranga agaragara. Umwe muri aba bacuruzi b’isambaza yagize ati "Ntabwo twakwihanganira umuntu uduhombya ngo ni Rwiyemezamirimo”. Akomeza avuga ko atari ngombwa ko bazabigeza kwa Nyakubahwa Perezida wa Repubulika ahubwo ko Akarere gakwiriye gushakira ingamba iki kibazo. Yakomeje avuga ko batanze Rwiyemezamirimo ko icyo bashaka ari uko abagurira umusaruro wabo ku giciro gituma nabo batera imbere aho kugira ngo bibasubize inyuma. Si abacuruzi gusa ahubwo n’abarobyi nabo bafitanye ikibazo cy’igiciro n’uwo Rwiyemezamirimo wahawe isoko n’Akarere ka Rusizi. Uhagarariye Koperative y’Uburobyi mu karere ka Rusizi Bwana Jean Claude yabwiye Umubavu.com ko uwo Rwiyemezamirimo batamushaka akaba ariyo mpamvu batamuha umusaruro wabo. Yagize ati "umuntu arakora kugira ngo atere imbere ariko uyu Rwiyemezamirimo ibye ni ukudusubiza inyuma kandi ntitwabyihanganira na gato. Twashatse kumenya icyo Akarere ka Rusizi kavuga kuri iki kibazo, ku murongo wa Telefoni igendanwa ubuyobozi ntibwatwitaba. @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Perezida Museveni yongeye kuzamura mu mapeti umuhungu we birakemangwa imyidagaduro Videos: Utundi dushya utigeze umenya ku bukwe bw’umuhanzikazi Olive wapfakaye akiri umugeni politike Iyo u Rwanda rutabaho ntabwo u Burundi bwari kugira ibibazo? Perezida Kagame amakuru Ingabire Victoire yanyomoje amakuru avuga ko agiye gusohoka mu Rwanda amakuru Leta ishobora kongera umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza (Mituweli) amakuru Abahungu bahigitse abakobwa mu bizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye 2018 amakuru RDC: Abasirikari 2 ba FARDC bishwe baciwe imitwe n’inyeshyamba za FDLR amakuru Perezida Tshisekedi yaganiriye na Kabila ku gushyiraho Guverinoma nshya ihuriweho n’impande imyidagaduro Se wa Diamond ashobora gucibwa amaguru kubera uburwayi bw’amayobera NDANGIRA Inkuru zamamaza ’Umwenya’ ikinyobwa gifasha kongera imbaraga mu mabanga y’abashakanye Inkuru zamamaza Kigali Coach, umwihariko muri Kampani zitwara abagenzi iterambere Arakirigita ifaranga nyuma yo gutinyuka agafata inguzanyo Inkuru zamamaza Ababyeyi barerera mu kigo cya Kigali Christian School barakivuga imyato ubuzima Abazengerejwe n’abarozi babagendaho bararye bari menge Inkuru zamamaza Kampani Ubumwe Cleaning Services Ltd yita ku isuku yazanye agashya amakuru Kigali: Iduka CP New Species Technology ricuruza Telephone zigezweho riravugwaho amagambo Inkuru zamamaza Ibyatuma uhitamo Hill Top Hotel&Country Club urengeje ijisho andi mahoteli Inkuru zamamaza Ubudasa n’umwihariko by’ishuri rya College Doctrina Vitae (CDV)