Close MORE NEWS Umuyobozi w’ amakusanyirizo y’ibirayi yatawe muri yombi UMUBAVU.com Daniel MUKESHIMANA Kuya 6-12-2017 saa 06:58' whatsapp Facebook Uyu mugabo watawe muri yombi yitwa Serucagu akaba yatawe muri yombi nyuma yuko bimenyekanye ko amakusanyirizo y’ ibirayi ahenda abaturage. Minisitiri w’ ubutegetsi bw’ igihugu, Francis Kaboneka, umwe mu ba Minisitiri batatu bateraniye mu Ntara y’Amajyaruguru mu Karere ka Musanze mu nama igamije gushakira umuti ibibazo biri mu makusanyirizo y’ ibirayi yatetse ko Perezida w’ amakusanyirizo y’ ibirayi I Musanze atabwa muri yombi polisi ihita ibikora. Mbere y’uko atabwa muri yombi, Serucagu yabanje kubwira imbaga y’abahinzi barenga 500 hamwe n’abamisitiri ko amafaranga amakusanyirizo akata abahinzi akoreshwa mu kugura imifuka bipfunyikwamo kugira ngo byoherezwe hirya no hino mu gihugu by’umwihariko mu Mujyi wa Kigali. Nk’ uko iyi nkuru igaragara ku binyamakuru bitandukanye birimo n’Umuryango dukesha iyi nkuru, Perezida w’abahinzi b’ibirayi mu Mugi wa Kigali yahise avuguruza Serucagu ashimangira ko imifuka abacuruzi bayigurishiriza bityo ko ibivugwa na Serucagu ari “ibinyoma”. Serucagu kandi agaragaweho guhenda abahinzi b’ibirayi aho abakata amafaranga ariko yageza ibirayi mu Mujyi wa Kigali akabigurisha ku giciro kiri hejuru. Ibi bibaye nyuma y’ uko mu minsi ishize Minisitiri w’ Intebe Dr Ngirente yasuye intara y’ amajyaruguru by’ umwihariko amakusanyirizo y’ ibirayi agasanga harimo ibibazo, agasaba Minisitiri w’ ubucuruzi n’ inganda gukurikirana ibyo bibazo bigakemurwa. Daniel MUKESHIMANA/Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Umuyobozi w’ amakusanyirizo y’ibirayi yatawe muri yombi UMUBAVU.com Daniel MUKESHIMANA Kuya 6-12-2017 saa 06:58' whatsapp Facebook Uyu mugabo watawe muri yombi yitwa Serucagu akaba yatawe muri yombi nyuma yuko bimenyekanye ko amakusanyirizo y’ ibirayi ahenda abaturage. Minisitiri w’ ubutegetsi bw’ igihugu, Francis Kaboneka, umwe mu ba Minisitiri batatu bateraniye mu Ntara y’Amajyaruguru mu Karere ka Musanze mu nama igamije gushakira umuti ibibazo biri mu makusanyirizo y’ ibirayi yatetse ko Perezida w’ amakusanyirizo y’ ibirayi I Musanze atabwa muri yombi polisi ihita ibikora. Mbere y’uko atabwa muri yombi, Serucagu yabanje kubwira imbaga y’abahinzi barenga 500 hamwe n’abamisitiri ko amafaranga amakusanyirizo akata abahinzi akoreshwa mu kugura imifuka bipfunyikwamo kugira ngo byoherezwe hirya no hino mu gihugu by’umwihariko mu Mujyi wa Kigali. Nk’ uko iyi nkuru igaragara ku binyamakuru bitandukanye birimo n’Umuryango dukesha iyi nkuru, Perezida w’abahinzi b’ibirayi mu Mugi wa Kigali yahise avuguruza Serucagu ashimangira ko imifuka abacuruzi bayigurishiriza bityo ko ibivugwa na Serucagu ari “ibinyoma”. Serucagu kandi agaragaweho guhenda abahinzi b’ibirayi aho abakata amafaranga ariko yageza ibirayi mu Mujyi wa Kigali akabigurisha ku giciro kiri hejuru. Ibi bibaye nyuma y’ uko mu minsi ishize Minisitiri w’ Intebe Dr Ngirente yasuye intara y’ amajyaruguru by’ umwihariko amakusanyirizo y’ ibirayi agasanga harimo ibibazo, agasaba Minisitiri w’ ubucuruzi n’ inganda gukurikirana ibyo bibazo bigakemurwa. Daniel MUKESHIMANA/Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu