Close MORE NEWS Nyamasheke: Inyongeramusaruro iri gutangwa ku bahinzi ba kawa igiye kongera umusaruro UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 14-11-2018 saa 14:48' whatsapp Facebook Mu karere ka Nyamasheke haherutse gutangizwa igikorwa cyo gutanga ifumbire ku bahinzi ba Kawa bo mu Mirenge yose itandukanye yo muri ako karere. Nkuko twabitangarijwe n’abahinzi baho, babwiye UMUBAVU ko bahagurukiye kubungabunga Kawa yabo kugira ngo izabahe umusaruro ushimishije mu gihembwe gitaha. Uwitwa Nzabona David wo ku Ishara ho mu Murenge wa Kagano yagize ati "Kawa turi kuyifata neza kugira ngo izaduhe urutubutse mu kwezi kwa kane kwa 2019". Yakomeje avuga ko kawa isigaye ibafasha kwiteza imbere mu buryo bunyuranye haba gutanga ubwisungane mu kwivuza (Mutuel de Sante), kugura amatungo abaha ifumbire, kuriha amafaranga y’abana ku ishuri no mu bundi buryo busanzwe bwo kubaho bwa buri munsi. Umugabo witwa Kayihura Faustin wo mu Murenge wa Bushenge yavuze ko ikawa ye ayifata nk’inka imwe bityo agomba kuyisigasira. Yagize ati "nzifata neza nkazisasira n’iyo fumbire mvaruganda yaza nkayishyiraho ubundi ngasarura bishimishije". UMUBAVU wavuganye n’ushinzwe ubuhinzi mu ruganda rwa Kawa utashatse ko amazina ye atangazwa aduhamiriza ko igikorwa kiri kugenda neza. Ubundi mu busanzwe igiti cya Kawa gishyirwaho amagarama icumi y’ifumbire mvaruganda, niyo mpamvu abahinzi bagirwa inama na Minisiteri y’Ubuhinzi (MINAGRI) gutera ingano y’ifumbire baba bagenewe kuko hari abatera nke kugira ngo basagurire ibishanga by’umuceli. Nsengumuremyi Denis Fabrice @Umubavum.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) Uwihoreye Gabriel Kuya 14-11-2018 Gufata neza kawa bituma ihorana ubushobozi bwoguhora itanga umusaruro INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Umugororwa arasiwe I Rusizi arapfa amakuru Urujijo mu rubanza rw’umunyamakuru Niyonsenga Dieudonne uzwi nka Cyuma Hassan amakuru Abaturage bo ku Muteremuko baravuga ko bahohoterwa n’umuyobozi wa FPR mu Kagari ka Itetero amakuru Idamange agiye kugezwa imbere y’urukiko amakuru Uwimana Abdul wamamaye muri Rayon Sports yafunzwe akekwaho gusambanya umugore w’abandi amakuru Musanze : Arahigishwa uruhindu nyuma yo kwica abantu babiri abateye icyuma Amakuru yo hanze Uko USA yafashije uwari ukuriye Nissan gucika Ubuyapani atwawe mu ikarito amakuru Ghana: Pasiteri yapfiriye mu rusengero ari gusenga amakuru Inkoko yashinjwe ubwicanyi ifungirwa muri Gereza NDANGIRA amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi
Nyamasheke: Inyongeramusaruro iri gutangwa ku bahinzi ba kawa igiye kongera umusaruro UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 14-11-2018 saa 14:48' whatsapp Facebook Mu karere ka Nyamasheke haherutse gutangizwa igikorwa cyo gutanga ifumbire ku bahinzi ba Kawa bo mu Mirenge yose itandukanye yo muri ako karere. Nkuko twabitangarijwe n’abahinzi baho, babwiye UMUBAVU ko bahagurukiye kubungabunga Kawa yabo kugira ngo izabahe umusaruro ushimishije mu gihembwe gitaha. Uwitwa Nzabona David wo ku Ishara ho mu Murenge wa Kagano yagize ati "Kawa turi kuyifata neza kugira ngo izaduhe urutubutse mu kwezi kwa kane kwa 2019". Yakomeje avuga ko kawa isigaye ibafasha kwiteza imbere mu buryo bunyuranye haba gutanga ubwisungane mu kwivuza (Mutuel de Sante), kugura amatungo abaha ifumbire, kuriha amafaranga y’abana ku ishuri no mu bundi buryo busanzwe bwo kubaho bwa buri munsi. Umugabo witwa Kayihura Faustin wo mu Murenge wa Bushenge yavuze ko ikawa ye ayifata nk’inka imwe bityo agomba kuyisigasira. Yagize ati "nzifata neza nkazisasira n’iyo fumbire mvaruganda yaza nkayishyiraho ubundi ngasarura bishimishije". UMUBAVU wavuganye n’ushinzwe ubuhinzi mu ruganda rwa Kawa utashatse ko amazina ye atangazwa aduhamiriza ko igikorwa kiri kugenda neza. Ubundi mu busanzwe igiti cya Kawa gishyirwaho amagarama icumi y’ifumbire mvaruganda, niyo mpamvu abahinzi bagirwa inama na Minisiteri y’Ubuhinzi (MINAGRI) gutera ingano y’ifumbire baba bagenewe kuko hari abatera nke kugira ngo basagurire ibishanga by’umuceli. Nsengumuremyi Denis Fabrice @Umubavum.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) Uwihoreye Gabriel Kuya 14-11-2018 Gufata neza kawa bituma ihorana ubushobozi bwoguhora itanga umusaruro INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Umugororwa arasiwe I Rusizi arapfa amakuru Urujijo mu rubanza rw’umunyamakuru Niyonsenga Dieudonne uzwi nka Cyuma Hassan amakuru Abaturage bo ku Muteremuko baravuga ko bahohoterwa n’umuyobozi wa FPR mu Kagari ka Itetero amakuru Idamange agiye kugezwa imbere y’urukiko amakuru Uwimana Abdul wamamaye muri Rayon Sports yafunzwe akekwaho gusambanya umugore w’abandi amakuru Musanze : Arahigishwa uruhindu nyuma yo kwica abantu babiri abateye icyuma Amakuru yo hanze Uko USA yafashije uwari ukuriye Nissan gucika Ubuyapani atwawe mu ikarito amakuru Ghana: Pasiteri yapfiriye mu rusengero ari gusenga amakuru Inkoko yashinjwe ubwicanyi ifungirwa muri Gereza NDANGIRA amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi