Close MORE NEWS Mu Rwanda hatangijwe Inama mpuzamahanga n’Imurikabikorwa ku bworozi bw’inkoko UMUBAVU.com Nsanzimana Kuya 2-10-2019 saa 14:31' whatsapp Facebook Iyi nama Mpuzamahanga n’Imurikabikorwa ku bworozi bw’inkoko muri Afurika, ikaba ihuje inzobere mu bworozi ziturutse mu bihugu byo muri Afurika aho biteganyijwe ko bazarebera hamwe icyakomeza guteza imbere ubworozi bw’inkoko. Iyi nama yatangiye ku itariki ya 1 ikazasozwa ku itariki ya 3 Ukwakira 2019, gusa kuri uyu wa gatatu muri Kigali Convention Centre (KCC) nibwo yafunguwe ku mugaragaro. Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi mu Rwanda Dr Gerardine Mukeshimana yavuze ko Minisiteri ayoboye izakomeza guteza imbere ubworozi bw’inkoko ku buryo inkoko zororwa zigomba kugera ku kigereranyo cya 124% mugihe ngo izribwa zo zigomba gutezwa imbere ku kigereranyo cya 110% Ubworozi bw’inkoko usanga bukunze kwitabirwa cyane mu Rwanda. Ibi bikaba biterwa ahanini n’uko aya matungo atarushya cyane kandi akaba atanga umusaruro ushimishije iyo yitaweho nk’uko bamwe mu borozi bayo babivuga. Nubwo kuzorora bigora, umworozi w’inkoko asabwa kwitonda no kurwanya indwara zishobora kwibasira ubworozi bwe zikamuvutsa umusaruro yari yiteze nk’uko tubikesha igitabo cya ‘INADES Formation Rwanda’, zimwe mu ndwara zikunze kwibasira inkoko ni Gumboro n’uburoro. Izi ngo ni indwara zifata inkoko kandi zishobora guhitana nyinshi igihe umworozi atabaye maso ngo azirinde mu bworozi bwe bw’inkoko. Abahanga mu birebana n’ubworozi bavuga ko Gumboro ari indwara iterwa na Virusi kandi ikaba ifata inkoko mu gihe gito igahitanamo nyinshi nka 30%. Uburoro ni indwara ishobora kwandurira mu igi, umushwi ukaba wapfiramo cyangwa ukayivukana. Imishwi iyivukanye ntitinda gupfa. N’inkoko zikuze zirayirwara. Indwara y’umusinziro irangwa no guhitwa ibisa n’umweru ku nkoko iwurwaye, izi nkoko kandi usanga zigunze zisinzira kandi zitarya. Iyi ndwara yica inkoko cyane. Kuvura umusinziro ni ugukoresha imiti yabugenewe nk’iyo mu bwoko bwa Silifamide (sulfamides). Bashobora gutanga Garama 2 za Sulifametazine (Sulfamethazine) muri litiro y’amazi. Ibyo bikorwa mu gihe k’iminsi 3 ikurikiranye. Bashobora gutanga kandi Sitereputomisine (Streptomycine), Tifomisine (Typhomycine), Orewomisine (Auréomycine) na Penisiline (Penicilline) mu mazi cyangwa bakayizitera mu nshinge. Uburyo nyabwo bwo kwirinda umusinziro ni isuku ihagije no kutareka ngo ubworozi buvogerwe n’ubonetse wese. Umusinziro uranakingirwa.Indi indwara ikunze kwibasira inkoko ni iyitwa Gumboro. Ngo ikunze gufata inkoko zitararenza ibyumweru 8. Iza ari simusiga, ugasanga inkoko zirapfa ari nyinshi. Hapfa kuva kuri 20 kugeza kuri 30 %. Zipfa mu minsi mike itarenze ine. Nyuma zihita zikira zitanavuwe. Gusa n’izirokotse usanga zikura nabi kandi ntizigira umusaruro mwiza w’amagi. Ibimenyetso by’iyi ndwara ni uguhitwa ibyera gukabije, gukonja no gusinzira, ijosi rihiniye mu mababa, kutarya n’ibindi. Hiyongeraho ko inkoko zipfa ari nyinshi mu minsi nk’ine gusa bikagenda bigabanuka kugeza igihe nta zindi zongera gupfa kandi nta n’uwundi muti utanzwe. Iyo inkoko yishwe na Gumboro hari ibimenyetso simusiga uyisangana. Ibyo ni uguturika amaraso mu nyama hose n’umwanya bita “bourse de fabricius” uba watumbye cyane. Uwo mwanya uba mu nda hafi y’inguge y’umurizo kandi ubusanzwe uboneka ku nkoko zikiri nto gusa. Nta muti uvura Gumboro ubaho nk’uko tubikesha igitabo cya ‘INADES Formation Rwanda’. Ubworozi bw’inkoko zitera ziterwa na Virusi kandi ahanini virusi ntizivurwa. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Umugore wigeze kuyobora ADEPR UMUHOZA Aurelie akurikiranweho kuba mu mutwe w’iterabwoba amakuru Idamange ngo yagabweho igitero n’abantu batazwi amakuru Umugororwa arasiwe I Rusizi arapfa amakuru Urujijo mu rubanza rw’umunyamakuru Niyonsenga Dieudonne uzwi nka Cyuma Hassan amakuru Umunsi wo kwibuka abuhutu bishwe wasabwe n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda amakuru Uwahoze ari minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda yatanze ikirego mu Bufaransa amakuru Umwanditsi w’ibitabo avuze kuri Maj Gen Rwarakabije ,yikoma RDB amakuru Urujijo ku nyandiko isinywa n’abagiye gukingirwa Covid-19 mu Rwanda amakuru Iperereza ku bari abayobozi ba ADEPR ku cyaha cyo kuba mu mutwe w’iterabwoba NDANGIRA amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi
Mu Rwanda hatangijwe Inama mpuzamahanga n’Imurikabikorwa ku bworozi bw’inkoko UMUBAVU.com Nsanzimana Kuya 2-10-2019 saa 14:31' whatsapp Facebook Iyi nama Mpuzamahanga n’Imurikabikorwa ku bworozi bw’inkoko muri Afurika, ikaba ihuje inzobere mu bworozi ziturutse mu bihugu byo muri Afurika aho biteganyijwe ko bazarebera hamwe icyakomeza guteza imbere ubworozi bw’inkoko. Iyi nama yatangiye ku itariki ya 1 ikazasozwa ku itariki ya 3 Ukwakira 2019, gusa kuri uyu wa gatatu muri Kigali Convention Centre (KCC) nibwo yafunguwe ku mugaragaro. Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi mu Rwanda Dr Gerardine Mukeshimana yavuze ko Minisiteri ayoboye izakomeza guteza imbere ubworozi bw’inkoko ku buryo inkoko zororwa zigomba kugera ku kigereranyo cya 124% mugihe ngo izribwa zo zigomba gutezwa imbere ku kigereranyo cya 110% Ubworozi bw’inkoko usanga bukunze kwitabirwa cyane mu Rwanda. Ibi bikaba biterwa ahanini n’uko aya matungo atarushya cyane kandi akaba atanga umusaruro ushimishije iyo yitaweho nk’uko bamwe mu borozi bayo babivuga. Nubwo kuzorora bigora, umworozi w’inkoko asabwa kwitonda no kurwanya indwara zishobora kwibasira ubworozi bwe zikamuvutsa umusaruro yari yiteze nk’uko tubikesha igitabo cya ‘INADES Formation Rwanda’, zimwe mu ndwara zikunze kwibasira inkoko ni Gumboro n’uburoro. Izi ngo ni indwara zifata inkoko kandi zishobora guhitana nyinshi igihe umworozi atabaye maso ngo azirinde mu bworozi bwe bw’inkoko. Abahanga mu birebana n’ubworozi bavuga ko Gumboro ari indwara iterwa na Virusi kandi ikaba ifata inkoko mu gihe gito igahitanamo nyinshi nka 30%. Uburoro ni indwara ishobora kwandurira mu igi, umushwi ukaba wapfiramo cyangwa ukayivukana. Imishwi iyivukanye ntitinda gupfa. N’inkoko zikuze zirayirwara. Indwara y’umusinziro irangwa no guhitwa ibisa n’umweru ku nkoko iwurwaye, izi nkoko kandi usanga zigunze zisinzira kandi zitarya. Iyi ndwara yica inkoko cyane. Kuvura umusinziro ni ugukoresha imiti yabugenewe nk’iyo mu bwoko bwa Silifamide (sulfamides). Bashobora gutanga Garama 2 za Sulifametazine (Sulfamethazine) muri litiro y’amazi. Ibyo bikorwa mu gihe k’iminsi 3 ikurikiranye. Bashobora gutanga kandi Sitereputomisine (Streptomycine), Tifomisine (Typhomycine), Orewomisine (Auréomycine) na Penisiline (Penicilline) mu mazi cyangwa bakayizitera mu nshinge. Uburyo nyabwo bwo kwirinda umusinziro ni isuku ihagije no kutareka ngo ubworozi buvogerwe n’ubonetse wese. Umusinziro uranakingirwa.Indi indwara ikunze kwibasira inkoko ni iyitwa Gumboro. Ngo ikunze gufata inkoko zitararenza ibyumweru 8. Iza ari simusiga, ugasanga inkoko zirapfa ari nyinshi. Hapfa kuva kuri 20 kugeza kuri 30 %. Zipfa mu minsi mike itarenze ine. Nyuma zihita zikira zitanavuwe. Gusa n’izirokotse usanga zikura nabi kandi ntizigira umusaruro mwiza w’amagi. Ibimenyetso by’iyi ndwara ni uguhitwa ibyera gukabije, gukonja no gusinzira, ijosi rihiniye mu mababa, kutarya n’ibindi. Hiyongeraho ko inkoko zipfa ari nyinshi mu minsi nk’ine gusa bikagenda bigabanuka kugeza igihe nta zindi zongera gupfa kandi nta n’uwundi muti utanzwe. Iyo inkoko yishwe na Gumboro hari ibimenyetso simusiga uyisangana. Ibyo ni uguturika amaraso mu nyama hose n’umwanya bita “bourse de fabricius” uba watumbye cyane. Uwo mwanya uba mu nda hafi y’inguge y’umurizo kandi ubusanzwe uboneka ku nkoko zikiri nto gusa. Nta muti uvura Gumboro ubaho nk’uko tubikesha igitabo cya ‘INADES Formation Rwanda’. Ubworozi bw’inkoko zitera ziterwa na Virusi kandi ahanini virusi ntizivurwa. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Umugore wigeze kuyobora ADEPR UMUHOZA Aurelie akurikiranweho kuba mu mutwe w’iterabwoba amakuru Idamange ngo yagabweho igitero n’abantu batazwi amakuru Umugororwa arasiwe I Rusizi arapfa amakuru Urujijo mu rubanza rw’umunyamakuru Niyonsenga Dieudonne uzwi nka Cyuma Hassan amakuru Umunsi wo kwibuka abuhutu bishwe wasabwe n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda amakuru Uwahoze ari minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda yatanze ikirego mu Bufaransa amakuru Umwanditsi w’ibitabo avuze kuri Maj Gen Rwarakabije ,yikoma RDB amakuru Urujijo ku nyandiko isinywa n’abagiye gukingirwa Covid-19 mu Rwanda amakuru Iperereza ku bari abayobozi ba ADEPR ku cyaha cyo kuba mu mutwe w’iterabwoba NDANGIRA amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi