Close MORE NEWS Indi ntambwe ku Rwanda (study in Rwanda ) UMUBAVU.com Umubavu Kuya 11-06-2019 saa 17:07' whatsapp Facebook U Rwanda rwatangije uburyo bushya bwo gushishikariza amashuri makuru kuza gukorera mu Rwanda no gushishikariza abanyeshuri bo hanze y’u Rwanda kuza kwigira mu Rwanda amashuri makuru muri gahunda bise (Study in Rwanda). Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye kuri uyu wa kabiri ubuyobozi bwa Center Education Network (CEN) bwabwiye abanyamakuru ko u Rwanda ari igihugu gitekanye, gisukuye, gifite abaturage bagira urugwiro, gisurwa cyane na ba mukerarugendo , gifite ikirere kirimo amahumbezi, gifite murandasi yihuta n’ubumenyi bukenewe. Center Education Network (CEN) imaze imyaka 15 ishaka abanyeshuri baza kwiga mu Rwanda n’amashuri makuru aza gushora imari yayo mu Rwanda, Umuyobozi wayo yabwiye abanyamakuru ko batangije uburyo bushya bwo gushishikariza abanyamahanga kuza kwiga mu Rwanda (Study in Rwanda) mu rwego rwo kuzamura uburezi bw’u Rwanda no gushishikariza abanyeshuri bo mu bihugu bitandukanye byo hanze y’u Rwanda kuza kwigira mu Rwanda. Study in Rwanda ije ari igisubizo ku burezi bwo mu Rwanda kuko ngo izazamura ireme ryo mu Rwanda ndetse ikongerera amashuri makuru ubukungu n’abanyarwanda muri rusange ikazongera n’ishoramari ku mashuri makuru akomeye ku isi kuza gukorera mu Rwanda. Gakwandi uyobora center Education Network (CEN) yavuze ko bashaka ko abanyeshuri bo muri Afrika, hanze y’umugabane wa Africa ko baza kwigira mu Rwanda, u Rwanda rukaba igicumbi cy’uburezi bufite ireme n’ubushakashatsi. Center Education Network (CEN) ifite icyerekezo cyo guhindura u Rwanda igihugu cyiza cyo guhitamo ahantu heza ho kwigira muri Africa, no kuzamura ireme ry’uburezi, gushishikariza abashoramari kuza gushora imari yabo mu burezi bwo mu Rwanda. Ati, “ igihugu gitekanye, gisukuye, gifite abaturage bagira urugwiro, gisurwa cyane na ba mukerarugendo , gifite ikirere kirimo amahumbezi, gifite murandasi yihuta n’ibindi.[ ] Ikigamijwe muri gahunda ya Study in Rwanda ni ukureshya Kaminuza nyinshi zo hanze kuza gukorana n’izo mu Rwanda kugira ngo zizigireho, ireme rirusheho kuzamuka, ikintu k’ingenzi ni ugufasha za Kaminuza z’u Rwanda kwigira ku zindi.” Abarimu batanze ikiganiro bavuga ko zimwe mu mpamvu zatuma abanyamahanga baza kwigisha cyangwa kwiga mu Rwanda ari uko ngo ari igihugu gitekanye, gisukuye, gifite abaturage bagira urugwiro, gisurwa cyane na ba mukerarugendo , gifite ikirere kirimo amahumbezi, gifite murandasi yihuta n’ibindi. Prof Tombola Gustave avuga ko hari ubwo abantu bajya kwiga mu mahanga kandi no mu Rwanda hari uburezi bufite ireme Nyuma yo gusobanura ibyo byose abanyamakuru babajije icyo abahagarariye ziriya Kaminuza bavuga ku ngingo zitandukanye zirimo iy’uko abakire cyangwa abandi banyapolitiki bohereza abana babo kwiga hanze kandi mu Rwanda naho hari za Kaminuza. Prof Tombola yagize ati:“ Umukire ashobora gutanga amafaranga ye menshi mu mashuri y’umwana we hanze kuko ayafite ariko ugasanga amasomo umwana we yiga ntaho ataniye nayo uwiga mu Rwanda.” Iyi gahunda yiswe ‘Study in Rwanda’ iri gukorwa ku bufatanye bw’Ikigo cy’igihugu cy’iterambere(RDB), Ikigo cy’igihugu cy’uburezi( REB) Open University, Carnegie Melon Un, African Leadership University(ALU) U.G.H.E.(University of Global Health Equity), African Institute of Mathematical Studies,Kaminuza y’u Rwanda n’izindi. Ni inama yahuje abantu bakora mu nzego z’uburezi zitandukanye By Nsengimana Theoneste Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Umugororwa arasiwe I Rusizi arapfa amakuru Urujijo mu rubanza rw’umunyamakuru Niyonsenga Dieudonne uzwi nka Cyuma Hassan amakuru Abaturage bo ku Muteremuko baravuga ko bahohoterwa n’umuyobozi wa FPR mu Kagari ka Itetero amakuru Idamange agiye kugezwa imbere y’urukiko amakuru Uwimana Abdul wamamaye muri Rayon Sports yafunzwe akekwaho gusambanya umugore w’abandi amakuru Musanze : Arahigishwa uruhindu nyuma yo kwica abantu babiri abateye icyuma Amakuru yo hanze Uko USA yafashije uwari ukuriye Nissan gucika Ubuyapani atwawe mu ikarito amakuru Ghana: Pasiteri yapfiriye mu rusengero ari gusenga amakuru Inkoko yashinjwe ubwicanyi ifungirwa muri Gereza NDANGIRA amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi
Indi ntambwe ku Rwanda (study in Rwanda ) UMUBAVU.com Umubavu Kuya 11-06-2019 saa 17:07' whatsapp Facebook U Rwanda rwatangije uburyo bushya bwo gushishikariza amashuri makuru kuza gukorera mu Rwanda no gushishikariza abanyeshuri bo hanze y’u Rwanda kuza kwigira mu Rwanda amashuri makuru muri gahunda bise (Study in Rwanda). Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye kuri uyu wa kabiri ubuyobozi bwa Center Education Network (CEN) bwabwiye abanyamakuru ko u Rwanda ari igihugu gitekanye, gisukuye, gifite abaturage bagira urugwiro, gisurwa cyane na ba mukerarugendo , gifite ikirere kirimo amahumbezi, gifite murandasi yihuta n’ubumenyi bukenewe. Center Education Network (CEN) imaze imyaka 15 ishaka abanyeshuri baza kwiga mu Rwanda n’amashuri makuru aza gushora imari yayo mu Rwanda, Umuyobozi wayo yabwiye abanyamakuru ko batangije uburyo bushya bwo gushishikariza abanyamahanga kuza kwiga mu Rwanda (Study in Rwanda) mu rwego rwo kuzamura uburezi bw’u Rwanda no gushishikariza abanyeshuri bo mu bihugu bitandukanye byo hanze y’u Rwanda kuza kwigira mu Rwanda. Study in Rwanda ije ari igisubizo ku burezi bwo mu Rwanda kuko ngo izazamura ireme ryo mu Rwanda ndetse ikongerera amashuri makuru ubukungu n’abanyarwanda muri rusange ikazongera n’ishoramari ku mashuri makuru akomeye ku isi kuza gukorera mu Rwanda. Gakwandi uyobora center Education Network (CEN) yavuze ko bashaka ko abanyeshuri bo muri Afrika, hanze y’umugabane wa Africa ko baza kwigira mu Rwanda, u Rwanda rukaba igicumbi cy’uburezi bufite ireme n’ubushakashatsi. Center Education Network (CEN) ifite icyerekezo cyo guhindura u Rwanda igihugu cyiza cyo guhitamo ahantu heza ho kwigira muri Africa, no kuzamura ireme ry’uburezi, gushishikariza abashoramari kuza gushora imari yabo mu burezi bwo mu Rwanda. Ati, “ igihugu gitekanye, gisukuye, gifite abaturage bagira urugwiro, gisurwa cyane na ba mukerarugendo , gifite ikirere kirimo amahumbezi, gifite murandasi yihuta n’ibindi.[ ] Ikigamijwe muri gahunda ya Study in Rwanda ni ukureshya Kaminuza nyinshi zo hanze kuza gukorana n’izo mu Rwanda kugira ngo zizigireho, ireme rirusheho kuzamuka, ikintu k’ingenzi ni ugufasha za Kaminuza z’u Rwanda kwigira ku zindi.” Abarimu batanze ikiganiro bavuga ko zimwe mu mpamvu zatuma abanyamahanga baza kwigisha cyangwa kwiga mu Rwanda ari uko ngo ari igihugu gitekanye, gisukuye, gifite abaturage bagira urugwiro, gisurwa cyane na ba mukerarugendo , gifite ikirere kirimo amahumbezi, gifite murandasi yihuta n’ibindi. Prof Tombola Gustave avuga ko hari ubwo abantu bajya kwiga mu mahanga kandi no mu Rwanda hari uburezi bufite ireme Nyuma yo gusobanura ibyo byose abanyamakuru babajije icyo abahagarariye ziriya Kaminuza bavuga ku ngingo zitandukanye zirimo iy’uko abakire cyangwa abandi banyapolitiki bohereza abana babo kwiga hanze kandi mu Rwanda naho hari za Kaminuza. Prof Tombola yagize ati:“ Umukire ashobora gutanga amafaranga ye menshi mu mashuri y’umwana we hanze kuko ayafite ariko ugasanga amasomo umwana we yiga ntaho ataniye nayo uwiga mu Rwanda.” Iyi gahunda yiswe ‘Study in Rwanda’ iri gukorwa ku bufatanye bw’Ikigo cy’igihugu cy’iterambere(RDB), Ikigo cy’igihugu cy’uburezi( REB) Open University, Carnegie Melon Un, African Leadership University(ALU) U.G.H.E.(University of Global Health Equity), African Institute of Mathematical Studies,Kaminuza y’u Rwanda n’izindi. Ni inama yahuje abantu bakora mu nzego z’uburezi zitandukanye By Nsengimana Theoneste Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Umugororwa arasiwe I Rusizi arapfa amakuru Urujijo mu rubanza rw’umunyamakuru Niyonsenga Dieudonne uzwi nka Cyuma Hassan amakuru Abaturage bo ku Muteremuko baravuga ko bahohoterwa n’umuyobozi wa FPR mu Kagari ka Itetero amakuru Idamange agiye kugezwa imbere y’urukiko amakuru Uwimana Abdul wamamaye muri Rayon Sports yafunzwe akekwaho gusambanya umugore w’abandi amakuru Musanze : Arahigishwa uruhindu nyuma yo kwica abantu babiri abateye icyuma Amakuru yo hanze Uko USA yafashije uwari ukuriye Nissan gucika Ubuyapani atwawe mu ikarito amakuru Ghana: Pasiteri yapfiriye mu rusengero ari gusenga amakuru Inkoko yashinjwe ubwicanyi ifungirwa muri Gereza NDANGIRA amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi