Close MORE NEWS Bill Gates yisubije kuba umukire wa mbere ku isi UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 18-11-2019 saa 14:47' whatsapp Facebook Ahigitse mugenzi we Jeff Bezos washinze urubuga rwa Amazon, umunyamerika Bill Gates na we washinze ikigo cya Microsoft yisubije kuba umukire wa mbere ku isi, urutonde yaherukaga kuyobora mu 2017. Umutungo mbumbe w’uyu munyamerika wageze kuri miliyari 110$ nk’uko bigaragazwa n’icyegeranyo cy’abaherwe (Bloomberg Billionaires Index). Umunyamerika Bill Gates, akaba ari nawe washinze ikigo cya Microsoft yongeye kwisubiza umwanya w’umuherwe wa mbere ku Isi awukuraho umunyamerika Jeff Bezos, washinze urubuga rwa Amazon wari uwumezeho igihe. Iki icyegeranyo cy’abaherwe cya Bloomberg Billionaires Index gisobanura ko Jeff Bezos ufite umutungo mbumbe wa miliyari 108.7$ yakuwe kuri uyu mwanya bitewe n’uko mu mezi atatu ashize inyungu y’ikigo cye cya Amazon yagabanutseho 28% ugereranyije n’uko yanganaga mu myaka ishize. Iki cyegeranyo gikomeza kigaragaza ko Bill Gates umutungo we wiyongereye bitewe n’uko imigabane ya Microsoft yiyongereyeho hafi 4% muri uyu mwaka gusa mu gihe iya Amazon yagabanutseho 2% ndetse ko mu Ukwakira Microsoft yabashije gutsindira isoko rya miliyari 10$ yari ihanganyemo na Amazon. Kigaragaza kandi ko mu mpamvu zatumye umutungo wa Jeff Bezos usubira inyuma zifitanye isano n’igice cyawo [1/4] yahayeho umugore we MacKenzie Bezos batandukanye muri uyu mwaka. Gusa ku rundi ruhande Bill Gates nawe hari miliyari 35$ yakuye mu kigo cye, azifashisha umuryango witwa Bill & Melinda Gates Foundation, washinzwe mu 1994. Wareba urutonde rwose unyuze hano Bill Gates yongeye kuyobora abatunze agatubutse ku Isi ahigitse Jeff Bezos Iyi Video ntiwayisanga ahandi: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Umugore wigeze kuyobora ADEPR UMUHOZA Aurelie akurikiranweho kuba mu mutwe w’iterabwoba amakuru Idamange ngo yagabweho igitero n’abantu batazwi amakuru Umugororwa arasiwe I Rusizi arapfa amakuru Urujijo mu rubanza rw’umunyamakuru Niyonsenga Dieudonne uzwi nka Cyuma Hassan amakuru Umunsi wo kwibuka abuhutu bishwe wasabwe n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda amakuru Uwahoze ari minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda yatanze ikirego mu Bufaransa amakuru Umwanditsi w’ibitabo avuze kuri Maj Gen Rwarakabije ,yikoma RDB amakuru Urujijo ku nyandiko isinywa n’abagiye gukingirwa Covid-19 mu Rwanda amakuru Iperereza ku bari abayobozi ba ADEPR ku cyaha cyo kuba mu mutwe w’iterabwoba NDANGIRA amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi
Bill Gates yisubije kuba umukire wa mbere ku isi UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 18-11-2019 saa 14:47' whatsapp Facebook Ahigitse mugenzi we Jeff Bezos washinze urubuga rwa Amazon, umunyamerika Bill Gates na we washinze ikigo cya Microsoft yisubije kuba umukire wa mbere ku isi, urutonde yaherukaga kuyobora mu 2017. Umutungo mbumbe w’uyu munyamerika wageze kuri miliyari 110$ nk’uko bigaragazwa n’icyegeranyo cy’abaherwe (Bloomberg Billionaires Index). Umunyamerika Bill Gates, akaba ari nawe washinze ikigo cya Microsoft yongeye kwisubiza umwanya w’umuherwe wa mbere ku Isi awukuraho umunyamerika Jeff Bezos, washinze urubuga rwa Amazon wari uwumezeho igihe. Iki icyegeranyo cy’abaherwe cya Bloomberg Billionaires Index gisobanura ko Jeff Bezos ufite umutungo mbumbe wa miliyari 108.7$ yakuwe kuri uyu mwanya bitewe n’uko mu mezi atatu ashize inyungu y’ikigo cye cya Amazon yagabanutseho 28% ugereranyije n’uko yanganaga mu myaka ishize. Iki cyegeranyo gikomeza kigaragaza ko Bill Gates umutungo we wiyongereye bitewe n’uko imigabane ya Microsoft yiyongereyeho hafi 4% muri uyu mwaka gusa mu gihe iya Amazon yagabanutseho 2% ndetse ko mu Ukwakira Microsoft yabashije gutsindira isoko rya miliyari 10$ yari ihanganyemo na Amazon. Kigaragaza kandi ko mu mpamvu zatumye umutungo wa Jeff Bezos usubira inyuma zifitanye isano n’igice cyawo [1/4] yahayeho umugore we MacKenzie Bezos batandukanye muri uyu mwaka. Gusa ku rundi ruhande Bill Gates nawe hari miliyari 35$ yakuye mu kigo cye, azifashisha umuryango witwa Bill & Melinda Gates Foundation, washinzwe mu 1994. Wareba urutonde rwose unyuze hano Bill Gates yongeye kuyobora abatunze agatubutse ku Isi ahigitse Jeff Bezos Iyi Video ntiwayisanga ahandi: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Umugore wigeze kuyobora ADEPR UMUHOZA Aurelie akurikiranweho kuba mu mutwe w’iterabwoba amakuru Idamange ngo yagabweho igitero n’abantu batazwi amakuru Umugororwa arasiwe I Rusizi arapfa amakuru Urujijo mu rubanza rw’umunyamakuru Niyonsenga Dieudonne uzwi nka Cyuma Hassan amakuru Umunsi wo kwibuka abuhutu bishwe wasabwe n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda amakuru Uwahoze ari minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda yatanze ikirego mu Bufaransa amakuru Umwanditsi w’ibitabo avuze kuri Maj Gen Rwarakabije ,yikoma RDB amakuru Urujijo ku nyandiko isinywa n’abagiye gukingirwa Covid-19 mu Rwanda amakuru Iperereza ku bari abayobozi ba ADEPR ku cyaha cyo kuba mu mutwe w’iterabwoba NDANGIRA amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi