Close MORE NEWS Nta munyagara w’ifaranga n’aya urayakeneye UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 25-06-2019 saa 11:08' whatsapp Facebook Niba ujya uhaha ibyo ukeneye mu buzima bwawe bwa buri munsi udakoresheje ikarita ya ’Gabanyirizwa Company Limited, GBC-Ltd waba warahombye byinshi kuko igabanyiriza buri wese ugize icyo agura kugeza ku giciro cyo hasi utapfa gusanga ahandi. Ndakwibutsa ko niyo wagabanyirizwa amafaranga 50 Frws kuko wakoresheje ikarita ya GBC-Ltd, ukwiye kumenya ko nta munyagara w’ifaranga kuko ayo ariyo yose atabura icyo agufasha. Sobanukirwa neza wumva Video uburyo wakoresha ikarita GBC Ltd na we ukajya wihahira udahenzwe: Ufite ikarita ya GBC Ltd ashobora kuyikoresha mu bigo bitandukanye bikorana n’iyi kompani birimo nk’ibitaro, Sitasiyo za Essence n’ibindi kandi akagabanyirizwa kubera akoresheje iyi karita. Gabanyirizwa Company Limited ni ikigo gihuza umukiriya n’umuguzi kandi by’umwihariko kigafasha buri muguzi kugabanyirizwa kuri buri gicuruzwa cyangwa serivisi iyo ariyo yose yaguze mu gihe akoranye na ’Gabanyirizwa Company Ltd’ akoresha ikarita ya bo. Ku muntu ushaka gukorana na Gabanyirizwa Company Ltd ’GB Company Ltd’, ikorera hano mu Rwanda, kandi ni Kampani yemewe n’amategeko. Ifite icyicaro mu mujyi wa Kigali, wabandikira kuri Email: cgabanya@gmail.com cyangwa kuri Telefoni 0788495907. @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Umugore wigeze kuyobora ADEPR UMUHOZA Aurelie akurikiranweho kuba mu mutwe w’iterabwoba amakuru Idamange ngo yagabweho igitero n’abantu batazwi amakuru Umugororwa arasiwe I Rusizi arapfa amakuru Urujijo mu rubanza rw’umunyamakuru Niyonsenga Dieudonne uzwi nka Cyuma Hassan amakuru Umunsi wo kwibuka abuhutu bishwe wasabwe n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda amakuru Uwahoze ari minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda yatanze ikirego mu Bufaransa amakuru Umwanditsi w’ibitabo avuze kuri Maj Gen Rwarakabije ,yikoma RDB amakuru Urujijo ku nyandiko isinywa n’abagiye gukingirwa Covid-19 mu Rwanda amakuru Iperereza ku bari abayobozi ba ADEPR ku cyaha cyo kuba mu mutwe w’iterabwoba NDANGIRA amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi
Nta munyagara w’ifaranga n’aya urayakeneye UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 25-06-2019 saa 11:08' whatsapp Facebook Niba ujya uhaha ibyo ukeneye mu buzima bwawe bwa buri munsi udakoresheje ikarita ya ’Gabanyirizwa Company Limited, GBC-Ltd waba warahombye byinshi kuko igabanyiriza buri wese ugize icyo agura kugeza ku giciro cyo hasi utapfa gusanga ahandi. Ndakwibutsa ko niyo wagabanyirizwa amafaranga 50 Frws kuko wakoresheje ikarita ya GBC-Ltd, ukwiye kumenya ko nta munyagara w’ifaranga kuko ayo ariyo yose atabura icyo agufasha. Sobanukirwa neza wumva Video uburyo wakoresha ikarita GBC Ltd na we ukajya wihahira udahenzwe: Ufite ikarita ya GBC Ltd ashobora kuyikoresha mu bigo bitandukanye bikorana n’iyi kompani birimo nk’ibitaro, Sitasiyo za Essence n’ibindi kandi akagabanyirizwa kubera akoresheje iyi karita. Gabanyirizwa Company Limited ni ikigo gihuza umukiriya n’umuguzi kandi by’umwihariko kigafasha buri muguzi kugabanyirizwa kuri buri gicuruzwa cyangwa serivisi iyo ariyo yose yaguze mu gihe akoranye na ’Gabanyirizwa Company Ltd’ akoresha ikarita ya bo. Ku muntu ushaka gukorana na Gabanyirizwa Company Ltd ’GB Company Ltd’, ikorera hano mu Rwanda, kandi ni Kampani yemewe n’amategeko. Ifite icyicaro mu mujyi wa Kigali, wabandikira kuri Email: cgabanya@gmail.com cyangwa kuri Telefoni 0788495907. @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Umugore wigeze kuyobora ADEPR UMUHOZA Aurelie akurikiranweho kuba mu mutwe w’iterabwoba amakuru Idamange ngo yagabweho igitero n’abantu batazwi amakuru Umugororwa arasiwe I Rusizi arapfa amakuru Urujijo mu rubanza rw’umunyamakuru Niyonsenga Dieudonne uzwi nka Cyuma Hassan amakuru Umunsi wo kwibuka abuhutu bishwe wasabwe n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda amakuru Uwahoze ari minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda yatanze ikirego mu Bufaransa amakuru Umwanditsi w’ibitabo avuze kuri Maj Gen Rwarakabije ,yikoma RDB amakuru Urujijo ku nyandiko isinywa n’abagiye gukingirwa Covid-19 mu Rwanda amakuru Iperereza ku bari abayobozi ba ADEPR ku cyaha cyo kuba mu mutwe w’iterabwoba NDANGIRA amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi