Close MORE NEWS Rwarakabije twarabanye muri FDRL, aba anteye icyuma cyo mu itako-Ubuhamya bukomeye bwa Cabugufi UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 18-11-2019 saa 06:49' whatsapp Facebook Mu buhamya bukomeye bw’ubuzima busharira umuvugabutumwa Cabugufi w’i Rubavu yanyuzemo, avuga uburyo yaciwe amaboko yombi n’umuntu yaramaze kugirira neza, uburyo yabaye na Rwarakabije muri FDRL amuyobora n’ibindi. Muri ubu buhamya bwe, Cabugufi avuga uburyo yagiye mu Gisirikare akaza no kugirirwa ikizere cyo kujya i Burayi muri Norvège aho yavuye yize neza ibyo yari yagiye kwiga. Nubwo yari mu Gisirikare, ntibyamubujije kuba ari n’umurokore w’umuvugabutumwa bwiza dore ko uburokore abumazemo imyaka 31 yose. Mu rugendo rwe rw’ubuzima, avuga ko ku kagambane n’ishyari by’imiryango, yaje gufatishwa agafungwa gusa ngo yaje kurenganurwa arafungurwa nyuma yuko abari bamufunze basanze afungiye amafuti y’amakimbirane yo mu miryango. Mu gihe cy’abacengezi, Cabugufi yaje kongera gufatwa bikekwa ko yaba ari umanzi wabo, kubw’amahirwe Imana iramurengera ubwo atangira intambara y’igicengezi nkuko abivuga. Aha niho avuga uburyo yabanye na Rwarakabije, uwo yita Murego w’i Musanze n’ushinzwe Komisiyo yo gusubiza mu buzima busanzwe abari abasirikare n’abandi. Muri ubu buhamya bukomeye kandi, Cabugufi avugamo uburyo yaciwe amaboko ye yombi nkuko n’umugore we abivuga mu kiganiro yagiranye n’UMUBAVU kuri Telefoni igendanwa n’ibindi byinshi bijyanye n’ubuzima busharira yabayemo. Ubuhamya burambuye bw’ubuzima busharira Cabugufi yabayemo urabyiyumvira muri iyi Video: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) ANDRE Kuya 20-11-2019 nawe bazamushyire mu ntwari peee!! INKURU ZASOMWE CYANE amakuru ADEPR barasaba ko ikibazo cya Karasha kigezwa kwa Perezida Kagame imyidagaduro Miss Josiane yabonanye na ’Mimi Mirage’ wamuhaye amafaranga agura imodoka amakuru RNC yasezereye burundu bamwe mu bayobozi bayo amakuru Kigali: Bavuga ko batewe bagakubitwa kuko banze kwimuka aho batuye amakuru Buyoya ushinjwa kwica Ndadaye ati "Ibi bifite icyo bivuze" amakuru Michelle Obama yasobanuye uburyo kweguza Perezida Donald Trump ari ubujiji amakuru Ben Rutabana, ishingiro ry’ibibazo muri RNC-Mushiki we amakuru Umupolisi yafatiwe mu cyuho n’abaturage akora mu mufuka ’Boss we’ mu muvundo amakuru EACJ yatesheje agaciro ikirego kuri Manda ya 3 ya Perezida Nkurunziza NDANGIRA amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika ubukungu Bakuye isomo muri ‘EXPO’ rizabafasha kumenya Kawa abakiriya bakeneye iterambere Urubuga ‘Business.rw’ ruje ari igisubizo ku bucuruzi bwo kuri Interineti ubuzima Ababuze ubushake mu gutera akabariro, abashaka gutsirika ababazengereje cyangwa kubashika babonye igisubizo
Rwarakabije twarabanye muri FDRL, aba anteye icyuma cyo mu itako-Ubuhamya bukomeye bwa Cabugufi UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 18-11-2019 saa 06:49' whatsapp Facebook Mu buhamya bukomeye bw’ubuzima busharira umuvugabutumwa Cabugufi w’i Rubavu yanyuzemo, avuga uburyo yaciwe amaboko yombi n’umuntu yaramaze kugirira neza, uburyo yabaye na Rwarakabije muri FDRL amuyobora n’ibindi. Muri ubu buhamya bwe, Cabugufi avuga uburyo yagiye mu Gisirikare akaza no kugirirwa ikizere cyo kujya i Burayi muri Norvège aho yavuye yize neza ibyo yari yagiye kwiga. Nubwo yari mu Gisirikare, ntibyamubujije kuba ari n’umurokore w’umuvugabutumwa bwiza dore ko uburokore abumazemo imyaka 31 yose. Mu rugendo rwe rw’ubuzima, avuga ko ku kagambane n’ishyari by’imiryango, yaje gufatishwa agafungwa gusa ngo yaje kurenganurwa arafungurwa nyuma yuko abari bamufunze basanze afungiye amafuti y’amakimbirane yo mu miryango. Mu gihe cy’abacengezi, Cabugufi yaje kongera gufatwa bikekwa ko yaba ari umanzi wabo, kubw’amahirwe Imana iramurengera ubwo atangira intambara y’igicengezi nkuko abivuga. Aha niho avuga uburyo yabanye na Rwarakabije, uwo yita Murego w’i Musanze n’ushinzwe Komisiyo yo gusubiza mu buzima busanzwe abari abasirikare n’abandi. Muri ubu buhamya bukomeye kandi, Cabugufi avugamo uburyo yaciwe amaboko ye yombi nkuko n’umugore we abivuga mu kiganiro yagiranye n’UMUBAVU kuri Telefoni igendanwa n’ibindi byinshi bijyanye n’ubuzima busharira yabayemo. Ubuhamya burambuye bw’ubuzima busharira Cabugufi yabayemo urabyiyumvira muri iyi Video: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) ANDRE Kuya 20-11-2019 nawe bazamushyire mu ntwari peee!! INKURU ZASOMWE CYANE amakuru ADEPR barasaba ko ikibazo cya Karasha kigezwa kwa Perezida Kagame imyidagaduro Miss Josiane yabonanye na ’Mimi Mirage’ wamuhaye amafaranga agura imodoka amakuru RNC yasezereye burundu bamwe mu bayobozi bayo amakuru Kigali: Bavuga ko batewe bagakubitwa kuko banze kwimuka aho batuye amakuru Buyoya ushinjwa kwica Ndadaye ati "Ibi bifite icyo bivuze" amakuru Michelle Obama yasobanuye uburyo kweguza Perezida Donald Trump ari ubujiji amakuru Ben Rutabana, ishingiro ry’ibibazo muri RNC-Mushiki we amakuru Umupolisi yafatiwe mu cyuho n’abaturage akora mu mufuka ’Boss we’ mu muvundo amakuru EACJ yatesheje agaciro ikirego kuri Manda ya 3 ya Perezida Nkurunziza NDANGIRA amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika ubukungu Bakuye isomo muri ‘EXPO’ rizabafasha kumenya Kawa abakiriya bakeneye iterambere Urubuga ‘Business.rw’ ruje ari igisubizo ku bucuruzi bwo kuri Interineti ubuzima Ababuze ubushake mu gutera akabariro, abashaka gutsirika ababazengereje cyangwa kubashika babonye igisubizo