Close MORE NEWS Somalia:Umusirikare wa Uganda,umunyamakuru n’abandi bantu 5 baguye mu gitero UMUBAVU.com admin Kuya 25-10-2017 saa 12:19' whatsapp Facebook Mu gihugu cya Somaliya haravugwa igitero cyahitanye abantu barindwi barimo abasivili batatu, umusirikali w’ingabo z’umuryango w’Afurika yunze ubumwe AMISOM n’abarwanyi b’umutwe wa al-Shabab. Icyo gitero cyabaye mu nkengero z’umurwa mukuru Mogadishu, cyabanjirijwe n’igisasu cyari gitezwe ku modoka y’abasilikari bashinzwe kubungabunga amahoro b’Afurika yunze ubumwe, nkuko byemejwe n’ababibonye. Lt.Col. Wilson Rono uvugira ingabo za Amisom yemeje ko umusirikali waguye muri icyo gitero aturuka mu gihugu cya Ouganda. Umwe mu basivili baguye muri icyo gitero ni Jafar Ali Mohamed, wari umunyamakuru akaba n’umwalimu w’Icyongereza. Umuyobozi w’ishuli yigishigaho yemeje urupfu rwe, avuga ko yishwe arashwe mu mutwe. Umuvugizi wa AMISOM yavuze ko atakwemeza niba abo basivili barishwe n’ingabo zabo cyangwa n’abarwanyi ba al-Shabab nk’uko bitangazwa na Reuters. Ihuriro ry’abanyamakuru muri Somaliya ryamaganye urupfu rwa mugenzi wabo. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Somalia:Umusirikare wa Uganda,umunyamakuru n’abandi bantu 5 baguye mu gitero UMUBAVU.com admin Kuya 25-10-2017 saa 12:19' whatsapp Facebook Mu gihugu cya Somaliya haravugwa igitero cyahitanye abantu barindwi barimo abasivili batatu, umusirikali w’ingabo z’umuryango w’Afurika yunze ubumwe AMISOM n’abarwanyi b’umutwe wa al-Shabab. Icyo gitero cyabaye mu nkengero z’umurwa mukuru Mogadishu, cyabanjirijwe n’igisasu cyari gitezwe ku modoka y’abasilikari bashinzwe kubungabunga amahoro b’Afurika yunze ubumwe, nkuko byemejwe n’ababibonye. Lt.Col. Wilson Rono uvugira ingabo za Amisom yemeje ko umusirikali waguye muri icyo gitero aturuka mu gihugu cya Ouganda. Umwe mu basivili baguye muri icyo gitero ni Jafar Ali Mohamed, wari umunyamakuru akaba n’umwalimu w’Icyongereza. Umuyobozi w’ishuli yigishigaho yemeje urupfu rwe, avuga ko yishwe arashwe mu mutwe. Umuvugizi wa AMISOM yavuze ko atakwemeza niba abo basivili barishwe n’ingabo zabo cyangwa n’abarwanyi ba al-Shabab nk’uko bitangazwa na Reuters. Ihuriro ry’abanyamakuru muri Somaliya ryamaganye urupfu rwa mugenzi wabo. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu