Close MORE NEWS Nyuma y’imyaka 10, umupaka wa Gaza na Misiri wongeye kuba nyabagendwa UMUBAVU.com Daniel MUKESHIMANA Kuya 20-11-2017 saa 02:55' whatsapp Facebook Ni nyuma yibiganiro hagati y’abayobozi ba Palestine n’ab’igihugu cya Misiri hafashwe umwanzuro ko umupaka uhuza intara ya Gaza n’igihugu cya Misiri wongera kuba nyabagendwa ku nshuro ya mbere nyuma y’imyaka isaga icumi yose. Abashinzwe umutekano ba Palestine bari birukanywe muri aka gace n’umutwe wa Hamas mu mwaka wa 2007. Igihugu cya Misri na Israel byahise bishyiraho inzitizi kuri uwo mutwe w’iterabwoba babuza urujya n’uruza kuri uwo mupaka mu kurwanya ko uyu mutwe wakongera kuhagenzura. Kuri ubu aka gace kasubiye mu biganza by’abayobozi ba Palestine nyuma y’ibiganiro impande zombi zagiranye. Abanye Gaza bizeye ko ibi bizongera kubafasha kwishyira n’ukwizana kwabo. Nyuma y’ibiganiro, ku munsi wa gatandatu imodoka zitwara abantu zahise zongera gukora ku mpande zombi. Daniel MUKESHIMANA/Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Nyuma y’imyaka 10, umupaka wa Gaza na Misiri wongeye kuba nyabagendwa UMUBAVU.com Daniel MUKESHIMANA Kuya 20-11-2017 saa 02:55' whatsapp Facebook Ni nyuma yibiganiro hagati y’abayobozi ba Palestine n’ab’igihugu cya Misiri hafashwe umwanzuro ko umupaka uhuza intara ya Gaza n’igihugu cya Misiri wongera kuba nyabagendwa ku nshuro ya mbere nyuma y’imyaka isaga icumi yose. Abashinzwe umutekano ba Palestine bari birukanywe muri aka gace n’umutwe wa Hamas mu mwaka wa 2007. Igihugu cya Misri na Israel byahise bishyiraho inzitizi kuri uwo mutwe w’iterabwoba babuza urujya n’uruza kuri uwo mupaka mu kurwanya ko uyu mutwe wakongera kuhagenzura. Kuri ubu aka gace kasubiye mu biganza by’abayobozi ba Palestine nyuma y’ibiganiro impande zombi zagiranye. Abanye Gaza bizeye ko ibi bizongera kubafasha kwishyira n’ukwizana kwabo. Nyuma y’ibiganiro, ku munsi wa gatandatu imodoka zitwara abantu zahise zongera gukora ku mpande zombi. Daniel MUKESHIMANA/Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu