Close MORE NEWS Ingabire Victoire avuze uburyo IGP Dan Munyuza yabeshwe,Imbaraga ziyoboye u Rwanda UMUBAVU.com Umubavu Kuya 2-10-2021 saa 11:05' whatsapp Facebook Umuyobozi w’Ishyaka ritavuga rumwe n’Ubutegetsi mu Rwanda ariko ritaremerwa mu mategeko (DALFA-Umurinzi), Ingabire Victoire yavuze uburyo Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda,IGP Dan Munyuza yabeshywe imibare y’abafungiye muri kasho mu gihe cya Covid-19. Mu kiganiro na Umubavu Tv Online na Umubavu.com., Ingabire Victoire yavuze ko ubwo IGP Munyuza yajyaga kugenzura ubucucike muri za kasho hirindwa icyorezo cya Covid-19 , hari imfungwa zahishwe inyuma y’ibipangu izindi zikajyanwa mu zindi kasho akerekwa umubare muto. Ikindi avuga ni ibinyamakuru byashyizwe kuri Lisiti y’Umukara (Black list ),asanga bitari bikwiye kuko ahubwo burya ngo umuntu unenga ariwe ubuyobozi bwagakwiye kwegera cyane kuko aba ari umufatanyabikorwa. Avuga ko ubundi abanyamakuru baba aba Leta cyangwa abigenga bagakwiye guhabwa amakuru kimwe kugira ngo agere kuri bose kuko ikintu cyo guheza ntabwo ari cyiza . Ikindi kintu atazibagirwa ngo ni uburyo mu gihe yaburanaga agiye ku bwiherero yaje guhura n’umukozi wo muri Minisiteri aramwongorera amubwira uburyo amuri inyuma,amukunda ndetse ko ntacyo azaba , aha Ingabire Victoire asanga ko kuba yaratinye kwatura ngo avuge aranguruye ari ukuba abanyarwanda batayobowe n’amategeko . Avuga ko mu Rwanda hakiri ikibazo cya Demokarasi , abantu bayobowe n’imbaraga zo mu nzego z’ubuyobozi ziyoboye, aho umuntu atinya kuvuga ibimurimo kugira ngo adatakaza umugati bityo ko hakwiye kubakwa igihugu kigendera ku mategeko. Ingabire ahishuye amabanga yahishwe CG Dan Munyuza||Tubeshejweho n’igitsure cy’abategetsi Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi
Ingabire Victoire avuze uburyo IGP Dan Munyuza yabeshwe,Imbaraga ziyoboye u Rwanda UMUBAVU.com Umubavu Kuya 2-10-2021 saa 11:05' whatsapp Facebook Umuyobozi w’Ishyaka ritavuga rumwe n’Ubutegetsi mu Rwanda ariko ritaremerwa mu mategeko (DALFA-Umurinzi), Ingabire Victoire yavuze uburyo Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda,IGP Dan Munyuza yabeshywe imibare y’abafungiye muri kasho mu gihe cya Covid-19. Mu kiganiro na Umubavu Tv Online na Umubavu.com., Ingabire Victoire yavuze ko ubwo IGP Munyuza yajyaga kugenzura ubucucike muri za kasho hirindwa icyorezo cya Covid-19 , hari imfungwa zahishwe inyuma y’ibipangu izindi zikajyanwa mu zindi kasho akerekwa umubare muto. Ikindi avuga ni ibinyamakuru byashyizwe kuri Lisiti y’Umukara (Black list ),asanga bitari bikwiye kuko ahubwo burya ngo umuntu unenga ariwe ubuyobozi bwagakwiye kwegera cyane kuko aba ari umufatanyabikorwa. Avuga ko ubundi abanyamakuru baba aba Leta cyangwa abigenga bagakwiye guhabwa amakuru kimwe kugira ngo agere kuri bose kuko ikintu cyo guheza ntabwo ari cyiza . Ikindi kintu atazibagirwa ngo ni uburyo mu gihe yaburanaga agiye ku bwiherero yaje guhura n’umukozi wo muri Minisiteri aramwongorera amubwira uburyo amuri inyuma,amukunda ndetse ko ntacyo azaba , aha Ingabire Victoire asanga ko kuba yaratinye kwatura ngo avuge aranguruye ari ukuba abanyarwanda batayobowe n’amategeko . Avuga ko mu Rwanda hakiri ikibazo cya Demokarasi , abantu bayobowe n’imbaraga zo mu nzego z’ubuyobozi ziyoboye, aho umuntu atinya kuvuga ibimurimo kugira ngo adatakaza umugati bityo ko hakwiye kubakwa igihugu kigendera ku mategeko. Ingabire ahishuye amabanga yahishwe CG Dan Munyuza||Tubeshejweho n’igitsure cy’abategetsi Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi