Close MORE NEWS Niba Leta zo mu isi zikoresha abize ntabwo Leta y’ijuru ariyo izakoresha injiji UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 2-07-2019 saa 10:52' whatsapp Facebook Mu giterane cy’amasengesho y’iminsi itatu kiri kubera muri Paruwase ya Rwampara Akarere ka kicukiro, umudugudu wa Segeem, Abakristu bibukijwe ko kuba Leta zo mu isi zikoresha abize, Leta y’ijuru atari yo yakoresha abaswa/injiji bityo bagomba gusobanuka mu gukorera Imana kwabo. Muri iki giterane gifite intego igira iti “Hanyuma Abamidiyani bacogozwa n’Abisirayeli, ntibongera kubyutsa umutwe, hatumiwemo abakozi b’Imana batandukanye kandi barimo umwuka w’Imana kuko bari gufasha abantu batandukanye nk’uko bamwe mu bakitabiriye babibwiye UMUBAVU. Iyumvire byose muri Video: Mu ijambo ry’Imana ryasomwe mu gitabo cy’Abacamanza 8. 28 (Ari nayo ntego y’amasengesho), umuvugabutumwa yahishuriye abakristu ibanga ryo kunesha abamediyani ariryo kubanza kubamenya neza (muzabamenyera ku mbuto zabo). Ashingiye ku buryo Imana yakoresheje Gidiyoni akanesha Abamediyani, yibukije abakristu ko n’Imana ikoresha abantu basiobanutse, ati "Niba Leta z’isi zikoresha abize, ntabwo Leta y’ijuru ariyo izakoresha injiji". Ibi yabivugiye ko Gidiyoni yakoreshejwe n’Imana asobanutse dore ko ku gihe cye aribwo Abisirayeyi bagize ihumure mu gihe cy’imyaka 40 yose. Igiterane cyatangiye kuri uyu wa mbere kikazarangira ku wa gatatu, kikaba gikomeje kwitabirwa n’imbaga y’abantu baturutse imihanda yose baje gusenga no kumva ijambo ry’Imana @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) mbar in I keys Kuya 19-08-2020 Uwiteka nashimwe cane mbar in I keys Kuya 19-08-2020 Uwiteka nashimwe cane INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Niba Leta zo mu isi zikoresha abize ntabwo Leta y’ijuru ariyo izakoresha injiji UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 2-07-2019 saa 10:52' whatsapp Facebook Mu giterane cy’amasengesho y’iminsi itatu kiri kubera muri Paruwase ya Rwampara Akarere ka kicukiro, umudugudu wa Segeem, Abakristu bibukijwe ko kuba Leta zo mu isi zikoresha abize, Leta y’ijuru atari yo yakoresha abaswa/injiji bityo bagomba gusobanuka mu gukorera Imana kwabo. Muri iki giterane gifite intego igira iti “Hanyuma Abamidiyani bacogozwa n’Abisirayeli, ntibongera kubyutsa umutwe, hatumiwemo abakozi b’Imana batandukanye kandi barimo umwuka w’Imana kuko bari gufasha abantu batandukanye nk’uko bamwe mu bakitabiriye babibwiye UMUBAVU. Iyumvire byose muri Video: Mu ijambo ry’Imana ryasomwe mu gitabo cy’Abacamanza 8. 28 (Ari nayo ntego y’amasengesho), umuvugabutumwa yahishuriye abakristu ibanga ryo kunesha abamediyani ariryo kubanza kubamenya neza (muzabamenyera ku mbuto zabo). Ashingiye ku buryo Imana yakoresheje Gidiyoni akanesha Abamediyani, yibukije abakristu ko n’Imana ikoresha abantu basiobanutse, ati "Niba Leta z’isi zikoresha abize, ntabwo Leta y’ijuru ariyo izakoresha injiji". Ibi yabivugiye ko Gidiyoni yakoreshejwe n’Imana asobanutse dore ko ku gihe cye aribwo Abisirayeyi bagize ihumure mu gihe cy’imyaka 40 yose. Igiterane cyatangiye kuri uyu wa mbere kikazarangira ku wa gatatu, kikaba gikomeje kwitabirwa n’imbaga y’abantu baturutse imihanda yose baje gusenga no kumva ijambo ry’Imana @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) mbar in I keys Kuya 19-08-2020 Uwiteka nashimwe cane mbar in I keys Kuya 19-08-2020 Uwiteka nashimwe cane INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu